Digiqole ad

Kuwa 15 Werurwe 2013

Umunsi wo kuya 15 Werurwe 2013

Ibendera rya Rayon Sport rimanitse nk'iry'ishyaka mu Gakinjiro
Ibendera rya Rayon Sport rimanitse nk’iry’ishyaka mu Gakinjiro
Umuririmbyi umwe yagize ati " Bakunda Rayon..."
Umuririmbyi umwe yagize ati ” Bakunda Rayon…”
Mu Gakinjiro ko mu mujyi wa Kigali nabo barayikunda byo kumanika ibendera ku kazi kabo
Mu Gakinjiro ko mu mujyi wa Kigali nabo barayikunda byo kumanika ibendera ku kazi kabo

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

Photos/DS Rubangura

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • muri abambere nage nifuje kuba incuti yanyu murakoze.

  • Ndabona n’izo ngunguru zifana Rayon.

  • Rayon se ni ingunguru zirimo ubusa niyo mpamvu iyo mutsinze urusaku rutumena amatwi?hahahahah

    empty tin.

  • Ewe abafana bo mu rwanda se ko bbahinduka nk’igicu!!nitsindwa bazayivaho.mukura oyeeee

  • ntimuzayive inyuma mais mwegufana kubigambo gusa mujye mushyiramo akantu.ok courage

  • Mukeka ko abatarize baba muri rayon,hari amakipe amwe n’amwe ayoborwa n’abashumba ubwo turibaza abafana babo icyo bari cyo.

Comments are closed.

en_USEnglish