Digiqole ad

Kubana n’umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe

 Kubana n’umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe

Bavandimwe dusangiye uru rubuga mbona hari ibibazo bivugirwa hano bigakemuka, na njye ndaje ngo mungire inama ku kibazo mfite mu muryango wanjye.

Ndi umugore ukiri muto, ndubatse mbana n’umugabo tumaze kubyarana kabiri, umwana wacu mukuru afite imyaka itatu umutoya afite umwaka umwe.

Umugabo wanjye twashakanye mukunda cyane, afite akazi keza kamuhemba amafaranga ahagije nanjye mfite akazi keza muri Leta.

Mu by’ukuri umugabo wanjye dushakana nafashe icyemezo cyo kureka abahungu bose twari twarakundanye mbere, mubonamo umuntu unyuze ku mutima. Gusa mbere abo bahungu twakundanye buri umwe twararyamanaga mu gihe twakundanaga ariko ntabwo twagize umushinga ngo hagire uwo turushingana.

Mu rugo iwanjye, umugabo tubana nabonaga ari umusore mwiza utagira uko asa haba mu mico no mu myifatire kandi ni ko ameze, mbona ari umuntu w’inyangamugayo, ariko mu buriri nta kintu amarira (ntampaza) ku buryo ubu numva aho kubura ibyishimo ngiye kumureka.

Nagerageje kwihangana, mubwira ikibazo cy’uko numva mu buriri ntacyo amarira ariko nkabona ntacyo ahindura. Ntinya kumubwira ko nakundanye n’abandi bahungu mbere ndetse tukanaryamana kuko ntinya ko yambonamo umusambanyi akanangabanyiriza icyizere, cyangwa we akumva ko ntacyo amaze.

Mu by’ukuri umugabo wanjye aho bigeze numva nta kibashije kwihanga kuko atakibasha kumpaza mu buriri, numva namureka nkigendera.

Ubu mfite ikibazo cy’abo bana twabyaranye, kuko ndabakunda. Aho bigeze aha, umugabo wanjye twarasezeranye imbere y’Imana no mu mategeko, ariko mbura aho mpera naka gatanya kuko nabuze aho nahera nsobanurira umuryango impamvu yo gutandukana n’umugabo wanjye babona ari indakemwa mu mico no mu myifatire.

Bavandimwe musoma Umuseke, mwamfasha kungira inama y’icyo nakora. Ese byashoboka ko uyu mugabo namwihanganira nkemera kubabara bigahera ku mutima.

Umugabo wanjye se nimubwiza ukuri ikibazo mfite hari icyo yakora kugira ngo mu buriri bige bigenda neza mu buryo buhuye n’ibyifuzo byanjye?

Abana banjye se iki nicyo gihe cyo kubasiga cyangwa nkabatwara se? Ubu se ko numva umugabo wanjye ntakimwizey n’ubwo mu mutima harimo izo ntambara, nakora iki?

Mbaye mbashimiye ku nama zanyu mugiye kumpa, Imana ibahe umugisha.

 

UM– USEKE.RW

133 Comments

  • Mu by’ukuri umuntu iyo asomye yitonze inyandiko wanditse ahita aba confused(abura icyo yakuramo ngo ahareho aguha inama). Uti gute?
    1.wowe uravuga ngo ubyaye kabiri umwana wa mbere afite imyaka itatu, uhita wumva ko mumaranye imyaka igera kuri itanu nta kintu urumva pe! Ntibishoboka!!?
    2. ukavuga uti”Mu rugo iwanjye, umugabo tubana nabonaga ari umusore mwiza utagira uko asa haba mu mico no mu myifatire kandi ni ko ameze, mbona ari umuntu w’inyangamugayo, ariko mu buriri nta kintu amarira (ntampaza) ku buryo ubu numva aho kubura ibyishimo ngiye kumureka. ” ubwo rero icyo wakurikoye ni uburanga gusa nyamara wibagiwe icy’ingenzi.
    Mu by’ukuri nkuko n’aba ex-friends bandi mwaryamamanye nuwo mugabo murikumwe mwagombaga kuryamana kugira ngo nabyo ubihereho ukora choice, naho rero wakurikiye ubutunzi n’amafaranga wibagirwako byose biba ubusa iyo mu gitanda ari zero. Wakoze ikosa umunsi wemera kuryamana nabo basore bandi, iyo ugereranije uburyohe bumvaga icyo gihe wumva wasara kuko nta handi wabukura. Gusa jye reka nkubaze ibibaz0 bibiri nunsubiza ndabona aho mpera ngira icyo nkwisabira.

    1. Ubundi uhera he uvuga ko umugabo ataguhaza? ex: ESE ahita arangiza?, ese mubikora kangahe ku munsi? muyahe masaha y’ umunsi se?

    2. Ese unywa iki mu bukuri ? (ibisembuye cg ibidasembuye?),Mukora akahe kazi? mutaha ryari mukagera mu rugo ryari? Ibi nubinsubiza ndakugira inama kandi izagufasha. Murakoze!!!!!!!!!

    • Muraho, ninjye wandikiye umuseke iki kibazo cyanjye ngo ngirwe inama, nagirango nsubize uyu wanditse hari ibyo ambaza ngo abashe kungira inama.
      1.Aho mpera mvuga ko atampaza ni uko ntajya ndangiza kandi nzi uko bimera. Yego umugabo ahita arangiza nyuma y’iminota itarenze itanu atangiye. Tubikora nka gatatu mu cyumweru nijoro tugiye kuryama.
      2. Ubusanzwe nywa ibidasembuye gusa rimwe na rimwe nshobora kunywa ka vin rouge cg Amarula. Njye ndi fonctionaire we arikorera. Njyewe ngera mu rugo saa kumi n’ebyiri we ahagera nka saa moya.
      Ndibaza ko nsubije ibyo wambajije. Merci

      • Gogo , inama naguha nuko muri iyo minota 5 , ujye umubara , byibura nyuma y’umunota 1, muhindure position, ibyo bituma acika intege ntarangize mbere, kd ukafata umwanya mugihe muri mu gikorwa , ukajya umwiyaka , mu gihe atararangiza, ubundi ukamukorera za cares, ku mutwe, ku mugongo, mukongera mugasubira mu gikorwa, buhoro buhoro, bizaza ukajya urangiza mbere. gusa abagore benshi bazi ko kurangiza kwabo , bituruka ku mugabo gusa, nyamara mwese mugomba kubigiramo uruhare. ikindi gukora sex mutabanje gutegurana , ntabwo ari byiza, murabanza mugategurana hahandi muzisanga mwese mwatose, ariko ukirinda gukora kuri sex ye, udatuma arangiza, ubundi mwatangira igikorwa , mukajya muhindura za position , ndakurahiye gahunda izajya igenda neza. NB: nawe ugomba kubigiramo uruhare!

      • EVERY WOMAN SHOULD READ THESE 30 RULES FOR GODLY WOMEN-
        1). Never raise your voice for any reason to your husband. Its a sign of disrespect.(Prov 15v1)
        2). Don’t expose your husband’s weaknesses to your family and friends. It will bounce back at you. You are each other’s keeper.(Eph 5v12)
        3). Never use attitudes and moods to communicate to your husband, you never know how your husband will interpret them. Defensive women don’t have a happy home.(Prov 15v13)
        4). Never compare your husband to other men, you’ve no idea what their life is all about. If you attack his Ego, his Love for you will diminish.
        5). Never ill treat your husband’s friends because you don’t like them, the person who’s supposed to get rid of them is your husband.(Prov 11v22)
        6). Never forget that your husband married you, not your maid or anyone else. Do your duties.(Gen 2v24)
        7). Never assign anyone to give attention to your husband, people may do everything else but your husband is your own responsibility.(Eph 5v33)
        8). Never blame your husband if he comes back home empty handed. Rather encourage him.(Deut 3v28)
        9). Never be a wasteful wife, your husband’s sweat is too precious to be wasted.
        10). Never pretend to be sick for the purpose of denying your husband sex. You must give it to him how he wants it. Sex is very important to Men, if you keep denying him; it is a matter if time before another woman takes over the duty. No man can withstand sex starvation for too long (even the anointed ones) (SS 7v12)
        11). Never compare your husband to your one time sex mate in bedroom, or an Ex-lover. Your home may Never recover from it if you do.(SS 5v9)
        12). Never answer for your husband in public opinion polls, let him handle what is directed to him although he may answer for you in public opinion polls.(Prov 31v23)
        13). Never shout or challenge your husband in front of children. Wise Women don’t do that.(Eph 4v31)
        14). Don’t forget to check the smartness of your husband before he checks out.(Prov 12v4)
        15). Never allow your friends to be too close to your husband.
        16). Never be in a hurry in the bathroom and on the dressing table. Out there your husband is always surrounded by women who took their time on their looks.( 1 Sam25v3)
        17). Your parents or family or friends do not have the final say in your marriage. Don’t waste your time looking up to them for a final word. You must Leave if you want to Cleave.(Luke 21v16)
        18). Never base your love on monetary things. Will you still submit to him even if you earn more money than him?
        19). Don’t forget that husbands want attention and good listeners, never be too busy for him. Good communication is the bed rock of every happy home. (Gal 6v9)
        20). If your idea worked better than his, never compare yourself to him. Its always teamwork.(Gal 6v10)
        21). Don’t be too judgmental to your husband. No man wants a Nagging wife.(Eph 4v29)
        22). A lazy wife is a careless wife. She doesn’t even know that her body needs a bath.(Prov 24v27)(Prov 20v13)
        23). Does your husband like a kind of cooked food?, try to change your cooking. No man jokes with food. (Prov 31v14)
        24). Never be too demanding to your husband, enjoy every moment, resource as it comes.(Luke 11v3)
        25). Make a glass of water the very first welcome to your husband and everyone entering your home. Sweetness of attitude is true beauty. (Prov 31v11)
        26). Don’t associate with women who have a wrong mental attitude about marriage.(Prov 22v14)
        27). Your marriage is as valuable to you as the value that you give it. Recklessness is unacceptable.(Heb 13v4)
        28). Fruit of the womb is a blessing from the Lord, love your children and teach them well.(Prov 22v6)
        29). You are never too old to influence your home. Never reduce your care for your family for any reason. (Prov 31v28)
        30). A prayerful wife is a better equipped wife, pray always for your husband and family(1 Thess 5v17)
        Have a lovely day.

        • very true…thank you for your advice alba

      • 1. Umva nkubwire ,ibyo uvuga bibaho rwose nanjye ndabizi,cyokora biragusaba kwihangana,ukabwira umugabo wawe akivuza niba ari uburwayi afite, cyangwa mukajya mutegurana nk’uko abandi benshi babikubwiye,bizageraho bize.

        2. Cyokora nanjye mfite ikibazo gitandukanye n’icyawe…ndi umugabo,ariko nanjye umugore wanjye ntago ampaza,turakora we akageraho akananirwa cyangwa ndetse akarangiza ,njye ntararangiza.Uwanjye rwose yigirira intege nke kandi njye ndi strong enough.umudamu wanjye agira imico myiza pe,azi no kunyitaho…gusa kariya karamunanira ariko sinamurenganya kuko nanjye njya nibwira ko ntari normal( kuko ndakora nkamara nk’isaha,nanyaza umuntu akagera aho atengurwa, mbese sinzi…).Gusa ntabushake mfite bwo guca inyuma umudamu wanjye.

        3. Note: Gusambana cyane n’abantu batandukanye mbere y’uko ushaka uwawe ni ibintu bibi cyane,kuko bituma utanyurwa n’uwo mushakanye.ndabivuga kubera ko nzi abantu benshi byagizeho ingaruka.Hagize ushaka kunyandikira ngo mubwire ububi bwabyo yanyandikira kuri “[email protected]

        4.Naho kuri GOGO rero,Quand même!!!, gerageza wihangane bizaza. Twese turihangana kandi wenda atari uko byose bigenda neza.

        • Madame uzagerageze umpamagare at 0788584796

      • Urakoze wowe wasabye inama,kuko ubereye n’abandi urugero: Burya rero abantu musambana mutazabana akaramata biroroshye kumva ko baguhaza mu mibonano.Nta zindi responsibilities! Bamwe muhura bakwiteguye nabo biteguye bafashe ibiyobyabwenge cg imiti, cg nta yindi mihangayiko y’ako kanya. Ariko uwo mubana haba n’igihe muteguranye bikanga kuko umwe ahihibikana cyane cg mugonganira ku tuntu twinshi two mu rugo. Buri wese bitewe na kamere ye bikaba byatuma uretse n’ibitsina n’ibiryo rimwe na rimwe ubirya ari ukwihangana. Mbere reroyo gutekereza guhaga, banza wibaze,wisuzume usuzume n’imibereho yanyu. Hari abaha agaciro gakomeye guhuza ibitsina, nibyo ariko hari n’ibindi by’ingenzi kurushaho mu rugo. Utariye ntiwashaka guhuza ibitsina, warashatse ukaba nta n’aho gucumbika mugira cg mufite abana mutabonera ibikenewe, ibyo guhazwa n’igitsina ntiwabiha agaciro karenze! Muhuze urugwiro, mwirinde umunaniro hanyuma inama za Dickson muzikurikize!! Kwihangana na Discipline nibyo bituma ubuzima bwose buba bwiza! Niwishinga imboro utamenya icyazitunaritse,uzasigara ku gasi wanamye!! Ijambo ry’Imana rigire intego bizakemuka!!

      • Wararenganye nshuti. Plz call 0782181459, nzakugira inama.

      • Send sms on:
        +250739461330
        [email protected]
        +facebook.com:Muhozi Gisa Franklin
        +Whatsapp:Aitel no

  • Ubwose arinkawe biriho wabigenzagute?iyombona wamuganiriza ashoborakuba Atazi ko umugore arangiza, kandi nawe ukamufasha Mugikorwa.

  • Ura koze mutima kubaza umuvandimwe ibibazo bifite ishingiro gusa iyo abayagusubije byarikudufasha natwe kumugira inama.ariko icyonagirango mubwire nuko kunezerwa cg kunyurwa nimumutwe kko niba arumusore nkoko abivuga ndumva nibindi bitamunanira kereka arwaye kdi aruburwayi yamufasha akivuza bigakemuka naho koko nkuko abivuze umuntu waryamanye nabasore batandukanye ntapfakubona umuhaza keretse iyafashe muboyaramenyereye naho uwo cyane wenda we ko ntanibyo yovurugusemo biragoye rwose kumusatisfaisant njye inama suguta abana numugabo muvandimwe ahubwo binyuze mubwenge uge umwigisha umubwireko ubawabikuye mubandi badamu kdi umuhe umwanya muganire kdi wongere umukunde ikindi kizagufasha cyane sinzi idini usengeramo ariko iryariryoryose umwanya ubonye uge wihatira gusenga bizakurinda kurarikira abomwahoranye kko uwonumwuka mubi ukwibutsa abomwabonanaga kera kdi ntakindi uwomwuka ugamije uretse kugusenyera urugo ntashidikanyako rwari rukomeye kko nawe wavuzeko utabona ahuhera ubwira umuryango ibyogutana bivugeko warufite urugo runogeye buriwese.ihangane ubigenze gahoro bizakemuka kdi uzishima pe kdi ubwutinyutse ukabivuga humura umuti uzawubona .komera.

  • Ikingenzi mbona nuko mutabiganiraho muzicare ibimubwire wumve ikibazo afite nimba atari uburwayi ukamusaba kwisubiraho

    • Ntekereza ko uhitamo kubana nawe ntiwabanje kumenya ko ataguhaza njye mbona ko umugabo nta kosa afite ahubwo umugore ikibazo afite nuko yaryamanye nabahungu beshi naho umugabo we ntabwo yamenyereye abagore beshi niyiyakire gusa yubake urugo

  • Iki gitekerezo ubanza ari igihimbano! Icyakora bibaho:
    1. Sinshyigikiye guhitamo uwo mushakana uhereye mu buryo ngo mwaryamanye kuko uwo muryamanye ugasanga ari expert iyo yaba inenge yo kumwanga kuko atari wowe wenyine mwaba mubikoranye; kuko ashobora no kurwara ntabishobore kdi mwarashakanye mwese muri gakushwa;

    2. Umugabo wese ukiri muto utarigeze asambana byanga bikunda arinda agera ku.mbyaro ebyiri agihuzagurika mu mibonano ndetse yakwihagararaho akaba yagenderako burundu;

    3. Wowe mugore; uko waba umeze kose ntiwananirwa kwitegura ko ujyiye kubonana n’umugabo! Ubundi Umugore aritegura ndetse Umugabo akamufasha! Ntabwo Umugabo ategura Umugore barababeshya! Icyakora wirinda uwo munsi wose kuba wamubwira nabi; ukamuha SMS nziza; ukamubwira uti nashize hano aho ndi mu kazi; ugera mu rugo usanga ikariso zajabamye; mukarya ukongera ukamushyukwisha cyane; ukageza aho wowe mugore ubwira Umugabo uti ndumva nashize! Ntakubwiye ngo ayishyiramo ntushobora kurenza 5mn utararangiza;

    4. Niba mubitangira witekerereza indaya zawe mwari kumwe kera ntibizashoboka! Aha niho vierge ibera zahabu! kuko ntawe akugereranya nawe! Uburaya si ukubireka kubikora; no kubitekereza ku bandi mwabikoranye uri iwawe ni uburaya! Uburaya ntibuba mu gitsina; buba mu bwonko!

    5. Ibyo nkubwiye bizagufasha reka nipfumbatire zahabu yanjye ibyanyu birabareba!

    • Inama za Joma ni ntagereranywa kuriyi ngingo. Ikintu nakongeraho nuko bazajya banafata umwanya uhoraho bakaganira ku buzima bw’uurgo muri rusange bakagera naho bavuga uko barushaho kunoza ubwo mu gitanda. Niba uyu mugore mu mutwe we atekereza kuryamana n’umugabo gusaaa ntakindi n’umugabo azaba disappointned. n’izindi nama zubaka urugo zirakenewe.

  • Ibi birashoboka cyane kandi hari ingero nyinshi zabyo.

    Impamvu umugore atanyurwa;

    1. Kugira ubushake budasanzwe ariko umugabo ntabone umwanya uhagije wo kumukorera nkuko abyumva cg abyifuza

    2. Kuba nyuma yo kubana umugore agira ituze n’umunezero atigeze agira bikongera imisemburo ituma ahorana ubushake bwo gutera akabariro ariko umugabo bitewe nakazi cg ibindi bintu bigatuma ahuga ntabone igihe gihagije cyo guhora hafi y’umugore

    3. Kuba umugore yifuza gukoresha uburyo bugaragara ko busa nubugoranye k’umugabo igihe bari mu igitanda (sex positions) bigatuma umugore atishimisha nkuko abishaka.

    4. Kuba umugabo ari inyanda mu igitanda kandi agaragaza ubushake buke kubijyanye niyi ngingo

    impamvu ni nyinshi ariko muri rusange ikigarukwaho cyane nuko abagabo bahugira cyane mu gushaka icyatunga urugo ariko bagera murugo bakisanga ntagatege bizigamiye ko gutera akabariro bikarangira bapfubije abagore ubundi abapfubuzi ngo mutahe!!!

  • Jye numva uwo muntu amaze guhararuka umugabo we wamugani iyo ukunda umuntu na technique zihambaye agushiraho. Gusa nakugirinama yo kutamusiga cg ugire abana iphubyi kandi mwese muriho. Buriya harundi nawe wamutangira ubuhamya yuko amushimisha kubera impamvu runaka.

  • kutanyurwa kumuntu ndavuga umugore cg umugabo. biva kubintu byishi bitandukanye sinzi aho umuntu yahera akugira inama.erega ushobora kuba utanyurwa ark ariwowe nvana yabyo warangiza udatekerezako ari mugenzi wawe kubwibyo muzashake umuganga mumusobanurire murikumwe mwembi knd mumubwire ntacyo muciye inyuma nuko mubyitwaramo iyo murikubikora azabagira inama knd bizarangira humura ntuzahubuke ngo umureke cyg ngo utangire kumuca inyuma.

  • Iki ni ikibazo gikomeye kandi gisenya ingo nyinshi. Ese akora sport cg akazi akora karamunaniza cyane, ese niyo afite congé wumva nta gihinduka? Naho uvuga ngo warabyaye!! kubyara ntaho bihurira no gushimishanya ni kunyurwa ariko ntuzasenye urugo ahubwo hakenewe inama kuri wowe no kuwo mwashakanye ariko buhoro buhoro kuko buriya hakenew ikiganiro gisesuye. Ese umugabo wawe anywa inzoga cg oya? Hari byinshi twashakiraho impmvu ese arangiza vuba? cg …. nta courage yo kugushimisha? ugerageza kumwereka ibyakunyura se?

  • Ahubwo waratinze wo gacwa we ! Gira vuba rwose hanze hano hari abapfubuzi bazi kukijombagura ubundi ukumva ngo ushize ipfa ? (huum !, rijya rishira se ko urinda uripfana). Ikibazo kiri muri wowe knadi ngo burya akazarushya umukobwa baragendana ! Dore amakosa 2 wakoze: 1. Mu bukobwa bwawe wihinduye indaya, uryamana n’abasore benshi. 2 Washatse umugabo ukurikiye ikindi kitari ukubana (wenda ni frw, uburanga) wiyibagiza ko wamaze kurushwa ingufu n’igitsina cyawe.

    Komera rero satan akwereke uko akora, satan ahera ku ntege nke zawe, nawe rero intege nke zawe ziri mu maguru yawe, muri kariya kenge ! Pole sana.

    • Ubuse wowe aho kumugira inama ko umubereye shitani,ibyo yakoze byararangiye kandi byaramwigishije,kuko tunyura munzira zitandukanye nibwo buzima,mugire inama ureke kumubera ikigusha.

    • I really appreciate the previous answers to you: most of people provide you with enough advices. Plz be aware of what you are and forget what you were. Don’t be lead by your sex but your soul.

  • Ntuzitere umugabo nabana, niba umugabo wawe ari inyangamugayo nkuko ubivuga, mwigishe uko ubishaka kd utamubwira aho wabikuye kuko byatuma atakwizera ahubwo mwereke ko Wowe utararangiza nubwo yarangije. Umufashe kumwereka uburyo yatuma urangiza kd biroroshye, ndetse ajye abikora adashyizeho ibitekerezo cg Inyota nyishi agerageze gutinda nawe urangize. Gusa igikuru nukwigisha umuntu icyo ushaka mu kinyabupfura.

    • uzi ko ashora kurangiza ukamufasha kongera gushyukwa. kandi ashoboye gukora agaturu ka 2 yatinda nawe wenda warangiza niba nawe utari ishyano, yabona uko umugore arangiza bwa mbere niba atarigeze abibona mu buzima bwe noneho akaboneraho, bigakomeza gutyo gutyo nubutaha.

  • gushaka indayi Niko bimera.

  • sha nibaza nawe mumaranye igihe gito mushobora kubikosora. njye uyu mwaka no uwa 13.ndagusaba kwihangana,nibwo buryo mbayeho iyo myaka yose.nigeze gutekereza kumuca inyuma mbikora amezi atatu,ngize amahirwe uwo twari kumwe muri iyo minsi yimukira kure,hashize imyaka itatu,ariko nagerageje gutuza,ndabyakira ibyo tugerageje ngashima ibyo. ariko ihangane wowe umwigishe uti numvise bavuga ngo iyo bakoze gutya biraryoha namwe mugerageze.uramutse ugiye waba icyomanzi, indaya,kd uri umubyeyi ugomba kwirera abana bagakurira murukundo rwanyu mwembi.

    • iyo nama ngufi umugiriye ni nziza cyane!

  • sha nibaza nawe mumaranye igihe gito mushobora kubikosora. njye uyu mwaka no uwa 13.ndagusaba kwihangana,nibwo buryo mbayeho iyo myaka yose.nigeze gutekereza kumuca inyuma mbikora amezi atatu,ngize amahirwe uwo twari kumwe muri iyo minsi yimukira kure,hashize imyaka itatu,ariko nagerageje gutuza,ndabyakira ibyo tugerageje ngashima ibyo. ariko ihangane wowe umwigishe uti numvise bavuga ngo iyo bakoze gutya biraryoha namwe mugerageze.uramutse ugiye waba icyomanzi, indaya,kd uri umubyeyi ugomba kwirera abana bagakurira murukundo rwanyu mwembi.
    .

  • Ndashaka kuguha inama yagufasha ariko hari ibindi nshaka kumenya byuzuza amakuru watanze kandi si byiza ko binyura hano ku karubanda. Email yange ni [email protected]

    • Ariko abantu bigize aba consultants barakabya yeee. mwemutanga No & email abirindire kure kuko icyo mutavugira ahagaragara yacyakiriza abiri ????. Ikindi navuga nuko abantu batagomba gufatiranya undi mukibazo bagaheraho bamutuka cg se bamuprofita surtout nkaba mvuze haruguru.

  • Izo ni ingaruka zo gusambana cyane mbere yo gushaka. Nta muntu ushobora kuba perfect mu bintu byose. Umugabo wawe ashoboye ubunyangamugayo, afite agafaranga kandi ni mwiza. Ariko kuko nta experience afite mu busambanyi niyo mpamvu atakuryohereza nk’abo ba mbere. Kuba yarakubyayeho 2, ubwo nibyo yari ashoboye. Kuri iyi si nta muntu ushobora kunyurwa muri byose. Buriya n’umugabo wawe afite ibimubangamiye. Courage!

  • iyo nsoma izi nkuru nicaye mu biro nabuze icyo nkora ndaseka cyane bivanye nukuntu umuntu asaba inama abasore bamwe hano mugatanga za email zanyu?muba mugirango namwe muge guhonja?gusa ibyuyu mugore avuga bibaho gusa kuba warasambanye mbere ko ushaka nikibazo ubwacyo.kuba utarangiza se bivuga iki?kurangiza kumugore niki?uwo mugabo wawe yigeze akubwira ko nawe yakunze abandi bakobwa?Numara kumbwira ko wabonye iyi message ndabona witwa Gogo ndaguha impanuro zigufasha.mubikora inshuro zingahe mwiriwe murugo ntakazi?gahari byo gute?

  • Bagore mwitondere ibyo bituba byanyu, atari ibyo, murata agaciro muri sosiyete-nyarwanda. Sosiyete igizwe n’aba divorse hamwe n’abapfubuzi murumva ko itazagera i Sioni (vision-2050)

    Impmvu mvuga ibi ni uko bimaze kugaragara ko uwo ariwo muzigo wanyu mwikoreye. Njye ndaguha ubuhamya bwanjey: Akazi kanjye gakunze guhindagurika, hari amezi mba mfite akazi gake cyane, ngataha kare nkanaruhuka; uko kwezi umugore wanjye ndamurongora amasaha 3 agashira, nkamuzengereza, kugera ubwo aba nk’ibyatsi, akansaba imbabazi, mbese no kujya kuri toilet ninjye ngomba kugenda mufashe ngo atagwa kuko amaguru aba arimo gutitira; muri ayo masaha 3 nibura arangiza inshuro 2 cg 3…Ku buryo mbese usanga mbanye neza n’umugore.

    Ariko hari nk’ukwezi nkora cyane nkajya ntaha bwije naniwe, nkamurongora gusa iminota 30, tugasinzira ngo mbone n’uko nzinduka ngenda….Icyo nabonye ni uko muri ibyo bihe umugore wanjye arisaza, agafureka, akarakazwa n’ubusa, abana n’umukozi akababwira nabi akabakubita, uko yatekaga bigahinduka, ikiganiro kikaba gike, icyubahiro kikagabanuka,….Kugirango agaruke ku murongo ni uko nogera kubona umwanya nkajya ndara niyesura nawe mu buriri, kandi icyo nabonye ni uko uko ngenda nongera ingufu n’igihe nkoresha, nawe niko agenda yongera kubishaka cyan no kumenyera iyo level, kuko nk’ubwo tugitangira kubana yarangizaga inshuro 6 zose.

    None rero wa mugore we, kimwe n’abandi bameze nkawe, inama nakugira ni uko wagombye kwiga kutarushwa imbaraga n’igitsina cyawe kuko kwishima mu buriri sibyo bisobanura ko umuntu abayeho ubuzima bwiza…ubuzima bw’abashakanye burimo ibyishimo birenze biriya byo mu buriri, umunezero uboneka mu bashakanye ntabwo ugizwe gusa no kwishima mu buriri…!

    Niba udahindutse, ukaba wumva ko ukeneye gupfuburwa, bye bye ! Nta handi uzigera ubonera umunzero atari mu rugo rwarwe wasezeranyemo, uzajya agupfubura, azajya arangiza aguhereze undi nawe nakurangiza aguhereze undi gutyo gutyo… Nunashaka undi mu gabo nawe, wenda azajya aguhaza, ariko nta cyubahiro azaguha, azajya agufata nk’indaya, abana bawe nabo nibakura bazamenya uwo uriwe….

    Muri make va ibuzimu ujye ubuntu, nta mugaragu w’igitsina ugira amahoro. Icyo kudahaga si ikibazo !

  • Izo ni ingaruka zo gusambana cyane mbere yo gushaka. Nta muntu ushobora kuba perfect mu bintu byose. Umugabo wawe ashoboye ubunyangamugayo, afite agafaranga kandi ni mwiza. Ariko kuko nta experience afite mu busambanyi niyo mpamvu atakuryohereza nk’abo ba mbere. Kuba yarakubyayeho 2, ubwo nibyo yari ashoboye. Kuri iyi si nta muntu ushobora kunyurwa muri byose. Buriya n’umugabo wawe afite ibimubangamiye. icyo nagusaba nuko wakwihangana ukubaka urugo rwawe neza! buriya iyo uri umusore utarigeze ujya muri iyo mikino yubusambanyi nkiyo wakoze uri umukobwa! rwose guhaza umugore wakoze iyo mikino biragorana! inama nuko wamuba hafi ukazajya umwerekera ibyo ubona adakora neza! Erega buriya twebwe abasore twigishwa kurongora n’abakobwa! so uge umwerekera azagera ho abe mwalimu nawe!ndakwifuriza kunyurwa!

  • Ngo mumara nk’iminota itanu! Abandi barangiriza ku masegonda. Saha wa mukobwa we watuje mukaganira ko n’intambara zirangizwa n’ibiganiro nyuma y’imbunda!

  • Kukibazo cyawe, muvandimwe njyewe nakugirira inama yo kujya mubikora rimwe mu cyumweru cyabgwa mu minsi icumi nabwo mukabikora ku manywa mwiriwe murugo, mwabanje gutegurana neza.

  • Umva mushiki wanjye reka nkubwire burya ntugatekereze ko umugabo ariwe ugomba kugushyiramo ubushyuhe ngo ubyiyumvemo,hari umuvandimwe wavuze ngo ugomba kubyitegura kare umunsi muri butere akabariro.nibyo koko niba mufite iminsi runaka muhora mubikoraho,wowe itegure mbere kuva mu gitondo ndetse ubyishyiremo.kandi urabizi ko umurego w’umugore n’umugabo bitazamukira ku gipimo kimwe ,urabizi ko abagabo byihuta kurusha abagore niyo mpamvu rero ugombakwitegura wowe ubwawe mbere ye ukitegura mu mutwe.kandi niba araingiza rimwe akarekeraho,gerageza yongere kuko abagabo iyo we yamaze kwitegura biza vuba cyane,witekereza uko abandi bagukoreraga kuko burya nyakabyizi akoresha utubaraga twose kandi aba ashaka kutagawa kumurimo ngo ejo azongere abone ikirakaaaa,witekereza ibiraka ahubwo koresha neza ibyo ufite nibyo byaweeeeeeee,ngaho tekereza utangiye kubangikanya akazi ukora ukakavangamo ibiraka!!!!!!!niko byaba bimeze rero utangiye gutekereza kuvanga iby’abasambane bawe ba kera cg n’abo wazana ubu ukababangikanya n’umugabo wawe..vugurura ibyo utunze ibindi ni irari gusaaaaa

  • Ndumva ikibazo ufite kandi rwose ndumva nshaka kugufasha.
    wanyandikira kuri [email protected] tukaganira byakugirira akamaro.

    Diana

  • uzampamagare kuri 0783192615 0738192615 0728192615 nkugire inama izagufasha kugera kubyishimo byawe byose, ahogusenya mwana wamama nanjye iyonzira nayinyuzemo,ndinararibonye rero kugukemurira icyocyibazo kikaba amateka.

  • Har icyo utatubwiye.
    biragaragara ko abo ba ex- bawe mugisambana,bigatuma uhora ubagereranya n,uwo mugabo wawe.
    Nguhaye ubuhamya ko nanjye ibyo kuryohereza umugore ntabyo narinzi kera,ariko uwo twabanye mbere (Imana imwakire kuko yatabarutse)we yari afite ubumenyi buhagije kuri izo gahunda.
    yaramfashije pee,agenda amenyereza pole polekugeza ngeze ku rwego rwiza cyane kuko nyuma y,aho dutandukaniye n,abandi twagiye tubonana nyuma ye bose,baranyuzwe kuko n,aho mpuriye nabo hose baba banyingingira ko twakongera.

    ikibazo cyawe ndacyumva neza kuko hari umudamu nanjye usigaye umereye nabi kandi twaryamanaga akiri umukobwa ariko amaze 2 ans ashatse afite n’umwana ariko aba ambwira ati rwose umugabo nashatse n,ubwo afite ubutunzi ntaco nabuze, mu buriri ntibigenda neza nkawe’
    iyo muri mu gikorwa ubwonko bwawe buba buri kuri ba ex-niyo mpamvu utarangiza.wakurikiye ubutunzi gusa nk,abenshi b’iki gihe .

    Inama ni uko warekana nabo ba ex- bawe ubundi kuko ufite ubumenyi buhagije wakuye ku bagabo batandukanye,ugahata umugabo wawe amasomo pratique kuri iyo ngingo.nawe bizamushimisha.

    • jye ndagirango nkugire inama ku kibazo wagaragaje kandi si wowe wenyine ugifite kandi impamvu zibitera ni nyinshi.

      iyo ukiri umukobwa, cyangwa umusore imishinga yawe iba itandukanye niyo ugira iyo ushatse.

      iyo ukoze sex utarashaka muri wowe uba wumva ari ikintu urarikiye cyane ndetse kikagushumisha kuko utakibonera igihe ugishakiye.

      uzarebe kera ababyeyi bakikugurira umwenda wabonaga ari byiza wawambara ukumva uberewe cyane kandi nyamara udahenze, ubu wigurira ibihenze ariko ubona ari ibisanzwe,

      abantu bateye kuburyo butandukanye kandi bakunda ibitandukanye ariko hari ibyo bahuriraho kurya kwambara sex n’ibindi ariko uburyo babiha priority biratandukanye.

      ushobora kuba ukunda sex cyane uwo mubana atayikunda cyane cg ayikora kuko agomba kuyikora, cg ntabumenyi buhagije abifitemo

      ahubwo ashobora no kuba atagushimisha kuko nawe atakwiyumvamo nyamara hari undi bayikorana akanezerwa ndetse akaba yamushimisha.

      uzakore ibi bikurikira:

      shakisha ingufu zo gukunda umugabo wawe kurushaho nturebere gusa mu gitanda umurebere mu byiza bindi umubanaho.

      kuba mugitanda atagushimisha bifate nk’amahirwe yo gushaka umugabo utarasambanye cyane ubimukundire.

      mu gihe cyimibonano gerageza umwigishe mu kinyabupfura utume atarangiza vuba kandi nawe ushake uburyo amenyako ko sex ifite agaciro umumenyereze gukora neza buhoro buhoro bizagenda biza. gusa bizakugora kuko ufite abibigukoreye neza ariko nawe bizaza

      umunezero wurugo ntago ari sex gusa ahubwo ni urukundo itera mbere ry’umuryango kurera abana n’ibindi bisa nabyo sex nayo ikaziramo, ariko mutariye, babakura munzu kubera ubukode mwananiwe kwishyura mutagira uarubyaro n’ibindi iyo sex ntiwayitekereza niyo wayikora neza ntibyakubuza kumva udatekanye.

      mugihe ibindi bigenda neza usibye sex shakisha ukuntu ukuraho ikintu cya routine aho kuyikoreta gusa kuburiri, wajya muri douche, mu gatembera nibindi kandi uzamuganirize wumve niba nawe ubwawe umunyura. ibi nibyanga uzajye kwa muganga ubagishe inama bazagufasha kandi bizagenda neza wibuke ko kandi gusenya urugo uri ubuswa bukabije kuko hari n’abifuza nkuwo ufite bakaba baramubuze. komera

  • Ibibazo byo gutera akabariro ntibyoroha. Icyambere mubikora muri babiri. Uruhare rwawe ni uruhe mu buriri? ntabwo ugomba gutegereza ko byose bituruka ku mugabo. Kuba kugeza ubu mutarabiganiraho ni ikibazo kandi ni wowe wagombaga kumubwira ko utanyurwa, watinyishijwe n’uko yari kukubaza uko wabimenye bigatuma nawe avumbura ko wasambanye mbere yo kurushaka. Kujya mu masengesho ntacyo bizakumarira. Banza uganire n’umugabo wawe hanyuma nihatagira igihinduka hari abaganga bashobora kubafasha nka couple. Ubuzima si sexe gusa.

  • ushobora gutandukana numugabo wawe ukabona uzi kuguswera neza ariko nawe afite izindi ngeso zitari izo kwihanganirwa kubwiyo mpamvu nakugira inama yo kureka kuba umugaragu wigitsina cyawe ukarera abana bawe. ugashaka experts muri kumwe bakabagira inama naho ubundi imbere yawe hagusharirira uramutse uhubutse kandi wari waragize amahirwe yo gushaka neza.

  • haaaahaaahaa, Isi irashaje kabisa.

    iyo nsomye nkibi ndumirwa, keretse niba urwaye.

    Abagore weee, mwitonde muri ababyeyi, ese upfakaye ntabwo Wabasha kwifata, none kutarangiza biratuma utekereza gutana ugata abana n’umugabo.

    Kosora mumutwe bizagenda neza pe, kuko iyo umugabo muteguranye akabikora akagutanga kurangiza umuntu asigarana umunezero wigihe cyitegurwa. Ubundi ukamureka akaruhuka hanyuma nka saa kumi nimwe ukamubyutsa mukongere koko wowe uba waraye ufite ubushake kumurusha, uhita urangiza akiyishyiramo, kandi koko uba yaruhutse, ajya kurangiza wowe urangije nka kabiri.

    Rero vana mumutwe wawe kutanyurwa nibyo bizagufasha.

  • nanjye mfite umugabo tumaranye umwaka . ariko mbabwije ukuri ko kurangiza ntazi icyaricyo cg wenda ndarangiza simbimenye . munsobanurire kurangiza mubibwirwa niki

    • @ Nicole…..Hahaha!!! yooo!!! kurangiza bibaho sha!kandi ni na byiza cyane, nta muntu ushobora kurangiza ngo ntabimenye!! niba utajya ubimenya ubwo ntabikubaho….Njye sinsobanukiwe n’iby’ubuvuzi, ariko ndakeka nawe wazabaza muganga. Kuko nkubwije ukuri biriya bintu biri very important mu buzima,otherwise imibonano(sex) nta meaning yaba ifite ,ndashaka kuvuga ko ntacyo yaba imaze na gato,keretse wenda reproduction ( kubyara),kandi wumvise ko ubu mu ikoranabuhanga bashobora gufata intanga bakazigushyiramo ukabyara utagombye gukora imibonano.

  • RWOSE IMPUNGENGE ZAWE ZIRUMVIKANA ,GUSA MUSHOBORA KUBA MUTAGIRA UMWANYA WO KUGANIRA NO GUTEGURANA MBERE Y’IMIBONANO.NTIWATUBWIYE NIBA MUJYA MUSOHOKANA,MUBONA AKANYA KU G– USENGA…NTIWITERE UMUGABO CG NGO USIGE ABANA BAWE,NDAKWINGINZEISHIMIRE IBYO UFITE ARIKO NA NONE UBONYE AKANYA TUKICARANA HARI BYINSHI NAGUSOBANUZA NKAKUGIRA INAMA NZI NEZAKO ZAGUFASHA RWOSE,KUKO USHOBORA NO KUBA NAWE BYAGUTURUKAHO PE.IKINDI ABO BASORE MWAKUNDANAGA MBERE UGOMBA KUBIKURAMO BURUNDU,NDABIGUSABYE UGERAGEZE KWIBAGIRWA IBIHE MWAGIRANYE RWOSE.USHAKE UKO WAMPAMAGARA KURI 0789841954 TUGANIREHO GATO NK’UMUGANGA EN PLUS PSYCHOLOGUE.IMANA IGUHE UMUGISHA,MEILLEURS VOEUX(HAPPY NEW YEAR).

  • Areiko uyu mushikiwacu afite ikibazo cyo kutarangiza cg arashaka gutandukana kuzindi mpamvu?
    Birumvikana ko wanyuze munzira nyinshi , uzi imboro zitandukanye nuko bikorwa muburyo butandukanye, ikibabaje nuko washatse imfura yumugabo itarigeze izerera mu bakobwa … njyewe icyo nkuyemo nuko utamukunda habe namba!
    Ese uratandukana kubera ko batagukorera ngo urangize? wowe se umukorera iki hagataho iyo muri mugikorwa ?
    Uko mbyumva njyewe kuberako waciye henshi byatumye uracyafite souvenir nyinshi kand bishoboka ko umuca inyuma sorry kukubwira gutyo ntago mbihagazeho ariko ibyo uvuga byerekana kop ibyo bishobokqa!!
    Inama nakugira , reka iyo myumvire ,tuza ukunde umugabo wawe , umukorere imibonano neza murukundo n,umutima wose , wirekure urebe ko utazarangiza ! nkwibutse ko kurangiza uruhare runini n,urwawe nawe .
    Udakunda umuntu c warangiza gute mada nubwo yagukorera ibimeze gute utamukunda bisa no kugufata kungufu donc tuza ureke irari rikurimo.
    Nizere ko unyumva neza sibyo?

  • Abenshi bicwa no kutabimenya, uzabwire umugabo wawe agane Horaho Life Center maze urebe ngo araba muryerye, ndakubwira ibyo nzi kabisa, azajya abigukorera wumirwe. Bakorera kwa Rubangura mu muryango 301.

    • HORAHO LIFE KWA RUBANGURA,wansobanurira niba warakoresheje umuti bafite witwa Vigpower,nasomye muri http://www.gukunda.com mbibonaho bavuga uburyo ukemura ibyo bibazo,mpamagara na phone batanzeho muganga wayita
      bye arabinyemeza ko bikira.Niba warawukoresheje wampaye ubuhamya muvandi..,ndi umugabo.

    • wampaye ubuhamya ku muri uboneka muri HORAHO LIFE,witwa Vigpower niba warawukoresheje muvandi…,nawusomye munkuru uri muri http://www.gukunda.com ndi umugabo wubatse nifuzaga kuzajya kuwugura.

  • Umva muvandi!ndumva bose baguhahana ukagirango ntubabaye!ariko inama nguha nuko nawe wazajya ubimufashamo kdi wifasha ndakeka wumva ibyo mvuga.najye niko byari bimeze ariko ndamufasha nkarangiza kdi nawe akanyurwa ubu turatuje nanjye nabanje gucika intege ariko ubu ndatuje ibintu ni sawa .

  • WIRINDE ABO BAGUHA ZA TELPHONE NA ZA EMAIL, NIKI BABONA BATAVUGIRA HANO, UBWO BAKUBONYEMO INZARA Y’IMIBONANO MPUZABITSINA. IBYO MUTAVUGIYE HANO MUJYE MUBIHAMANA!!!!

  • humura nshuti, ibyo biroroshye kubbikosora. kani ni wowe ugomba kubikora. ubundi niyo umuntu ashatse kwishima ho atishyikira urugero nko mumugongo, usaba mugenzi wawe ko agushimira, kugirango wumve ko agufashije ni wowe umuyobora ukamubwira uti hirya gato,, haruguru,manuka wakumva ahageze uti komereza ho! ni ahawe kdi ubanze wikuremo abo ba ex bawe!

  • Narumiwe koko nange biteye kwibaza kubatanga email na number zabo gusa maze gusoma izi nama zose abavandimwe bakugiriye ndunva nange ntacyo narenzaho ninkizo nakugira gusa nakongeraho nti mubo uzajya ugisha inama munshuti zawe live uge witonda hatazaba harimo nkabo baguha email na number. nukurikiza izi nama wahawe bizakunda kandi ntuzitere urugo rwawe ndabigusabye sinkuzi utazasiga abobana numugabo wawe. umwaka mwiza mushya kuri mwese.

  • Umva rero mukobwa ndumva icyo ukeneye cyane ari ibyishimo muburiri, sasa inama na kugira. mugihe muri murugo mwembi mwaruhutse ari nka weekend uzajye umugusha neza nurangize umubwire ko hari akantu wasomye kuri Wbs. kandi ko arikeza mugasubiyemo mwese muri kumwe.
    icyo gihe uzabe warebye nki nkuru ifite igitekerezo nkiki maze muyiganireho. w’umve reaction ayigiraho. bizagufasha kumenya ko hari icyahinduka muburiri, kandi nawe yazajya agira amatsiko yogusura imbuga nkizi kugirango yimve ibibazo abagabo n’abagore bahura nazo mubuzima, ngayo ngoko wihangane bizashira nukurikiza izi nama nkugiriye

  • HAHAHAHAHA,NUBUNDI IYO WABIKOZE CYANE NTUHAGA,URIMO KURIIRA KU ISAHANE UTAMENYEREYE
    NUBUNDI TEMARIGWE NTANGANYA N’ABANDI ISAHANE.

  • AKAGOROBA K’ABABYEYI UKITABIRE CYANEEE

  • Uzasabe umugabo wawe atangire akore sport byibuze kabiri mu cyumweru akora nka exercises z’isaha n’igice. Azajye abanze akore cross (kwiruka byibuze nka 30 min). Ibi bizamwongerera imyuka, kandi ndizera ko mugihe gito uzagaruka utubwirako umugabo wawe asigaye agukimbiza mu buriri ukamusaba imbabazi (mbese wabaye flop).Byongeye kandi nawe uzajye umugenera umwanya wo kumukorera ka massage cyane cyane wibanda munsi y’ibirenge (Reflexology), biherekejwe n’ibiganiro byiza.

  • ndumuntu w’umugabo ariko inama Gastari yatanze nixigikundiro % uyu mudamu azikurikije urugo rwakomera % kuko nanjye Ngira akazi kenshi kuburyo kubona umwanya wokurongora umugore ari ikibaxo ariko byibura nfat’umwanya 1mucyumweru tutakoxe twese akantegura akantekera neza ubundi tukirukana abana kuko umugore asakuza ubundi nkamuhata igikoresho abaturanyi nibo bazagukurikirana umuziki byibura mukuramo nka 3l zamazi ndababwizukuri ko adashobora gutekereza kunsh’inyuma nagato kuko avugako ntamugabon’umwe undusha gukora sex .

  • Gogo ni byiza ko ugishije inama.Iyi ni imwe mu ngaruka zo kuba umugore imburagihe.Icya1: Birashoboka ko umugabo wawe atari azi cg amenyereye iby’imibonano mpuzabitsina.Icya2: Gukorera muri position imwe bishobora gutuma asohora vuba.Icya3: Mushobora kuba mudafata igihe cyo kuganira (gutegura igikorwa mbere y’uko kiba)kugirango mwinjire mu gikorwa nta bindi mutekereza.Icya4:Ugomba gufata umwanya wo gushakira amakuru umugabo wawe amwibagiza ibyo yiriwemo (amakuru y’umuryango muto cg mugari,ay’icyakunda:imikino,indirimbo,sciences n’ibindi).Abana bagira udushya buri munsi kandi uba utubona byagufasha kugirango imyiteguro ibe myiza.Banza wige care waha umugabo wawe nyuma bizikora.Ikindi umugabo nagera imuhira ujye umwegera umubaze amakuru y’akazi,umusabe kubanza koga,nyuma umuhe icyo afata muri kumwe,erega aba agukeneye! Nyuma umugaburire murebana,cherie,je t’aime,my love birakenewe.Byose byicwa no kwihugiraho kandi wibuke ko umugabo n’umugore basize umuryango bemera kuba umuntu umwe.
    Icya nyuma: Wibuke ko mu bakunzi igihumbi wagize cg wahuye na bo,uwawe ni uwo.Abandi utekereze si abawe.Kizwa wemere ko Imana yaguhitiyemo itibeshye naho nujya kumubwira ko udahaga azagufata nk’uwirirwa asambana.Irinde kugereranya umugabo wawe nabo bandi kuko bashobora kuba barabigize umwuga (abasambanyi cg abapfubuzi) nta gahunda yo gushaka bafite ahubwo birirwa basenya ingo z’abandi.Rero guma hamwe. John Umubyeyi.

  • Gogo ko utasubije message ya Simbi?hari uwavuze ko iyi nkuru ari impimbano.

  • Bavandimwe ,uyu umugore Afite amakosa Kandi Cyane,Kandi n.Imana ,n.amategeko ntibyamuha raison ya gatanya!
    1.Kuki utamuhaye Nawe mutari mwabana ngo Ubanze wumve ko abiryoshya nka babandi ba mbere?
    2.Mwagize ibihe bya fiancaille,none kuki utamwizeho neza ngo umenye Côté faible ye Hanyuma ufate umwanzuro?Ahubwo wari ukurikiye ibintu,kuko muri introduction Wavuze ngo”Yari Afite akazi kamuhemba neza”,Nawe ntuzi icyo washakaga !!!!!!
    3.Amategeko,aho ava akagera,Iyi mpamvu ntiyaguha divorce ,kereka habayeho uburwayi bwamuteye uburemba ,ubu mubana !Kandi si ikiremba ,arabyara!
    Inama naguha:
    Shikama umubwize ukuri,umuhe ingero z.Abo wakundanye nabo,umubwire ibya bus him is baba,Nawe azabyiga ,ni umuntu, Kandi uzaryoherwa,aho kugirango ute urugo,n.Abana Kera Cyane bakazamenya iyo nkuru y.urukozasoni,igaragara nk.uburaya.

  • Abantu bashaka barabanje gusambana n’abantu benshi ni ko bimera. Emera mubane niba koko umukunda sinon uzajye kwipfubuza i nyamirambo…

  • Kuri experience mfite njyewe yabagore,nagirango mbamenyeshe ko iyi ari one sided idea.ubu mushobora gusanga mwatanze inama nziza ariko zidakenewe kuko atari nziza kubyo zikenewemo kuba nziza,ushobora gusanga uyu mudamu yarakoresheje amasabune yica uturemangingo two mu gitsina akaba afitemo impumuro mbi,abasaza bakuze bakubwira ko umuntu uko asaza ariko agenda arobanura ibitsina,agatangira kumva impumuro zabyo nibindi nkibyo,ariko abasore burya ngo ntibabyumva,bibaye ibyo rero yaba ariyo mpamvu abasore barongoraga cyane ariko umugabo akaba atabikora sana.bishoboka ko umugabo yaba ariwe wihanganye cyane umugore akaba ataryoshye ariko akavuga ati nzajya ninjizamo mbyare,nanarangize gusa.njye numva umuntu urongora turu ya mbere 5mn ari umugabo ukaze kuko nanjye mbasha kurongora isaha nigice,ariko ituru ya mbere nizo 5mn sindi sure ko zigera.gusa niyo iguye ndakomeza gahoro mpendahenda mu minota mike igahaguruka ngakomeza ibyanjye.so inama zari kuryoha iyaba twagiraga ubushobozi bwo kumva impande zombi.murakoze

  • umva njye ndumva iminota 5 amara atera akabariro ari ngobwa ,gusa icyambere nugutegurana icyakabiri narangiza utararangiza anjye agutera figer, icya gatatu kuko wabikoze cyane unjye umwerekera umubwize ukuri,ikindi munjye mutegurana icyanyuma nuzakore ikosa ryo kwisenyera kuko aho wanjya ushobora gusanga naho aruko cg ukahakura indwara yimba wanyuzwe nsubiza thx

  • Imana irema umugore ikamuha umugabo kwari ukugira mbere na mbere ngo babyarane bororoke. C’etait avant tout pour la “procréation”. Ntabwo Imana yahaye umugore umugabo kugira ngo bajye bakaora siporo yo mu buriri umwe ahe undi amanota ko yayikoze neza cyangwa atayikoze.

    Ibi byose bisigaye byaradutse mu Rwanda aho usanga abagore bamwe binuba ngo ntibahaga mu buriri, biterwa na za Films zakorewe mu mahanga z’urukozasoni urubyiruko rureba none zigiye kuzajya zisenya ingo.

    Ikindi kandi kandi, ibi nabyo biterwa n’ubusambanyi bwadutse mu rubyiruko rwo hanze aha aho umukobwa usohokanye n’umuhungu bataha ari uko bamaze kuryamana.

    Murabona ko uyu mugore uvuga ko adahazwa n’umugabo we, abivuga abigereranya n’ibyo yakoraga kera mu gihe yasambanaga n’uduhungu bari bakungitse atarashaka umugabo. None utwo duhungu twa kera nitwo twibereye mu mutwe we ku buryo yumva umugabo we ntacyo avuze amugereranyije n’utwo duhungu.

    Ibi byerekana umugore wasambanaga cyane akiri umukobwa, kuko nkatwe mu gihe cyacu tutasambanaga, igihe wabaga umaze gushaka umugabo, uwo mugabo wawe ibyo yagukoreraga byose mu gutera akabariro wumvaga ko aribyo, ko ariko bimeze nyine ko nta kundi byamera ukishima kuko nta bindi wabigereranyaga na byo waba warakoze mbere. Ntanubwo wajyaga kubaza undi ngo mbese wowe bimeze bite kubera ko icyo gikorwa cyo mu buriri mu muco nyarwanda cyari kizira kugishyira hanze (sujet tabout) keretse uwabaga ari ikiremba niwe byajyaga hanze, ariko nawe byakorwaga mu kinyabupfura nta kumwandagaza.

    Umuco nyarwanda rero warakendeye muri ibi bihe, kugeza aho umugore atinyuka akavuga ngo umugabo we ngo ntabwo amuhaza mu buriri agahitamo kwigira mu bapfubuzi. Aka ni akumiro, ni akaga, ariko ni n’amahano.

    Igikorwa umugore n’umugabo bakorera mu buriri biherereye, ni ikintu navuga ko ari gitagatifu Imana yashatse ko kibahuza mu rukundo rwabo. Ntabwo ari igikorwa cya siporo cyangwa cyo kwidagadura ngo umwe ashime undi cyangwa se amunenge (amugaye), ngo umwe ahe undi amanota cyangwa se ayamukate boshye bari mu irushanwa. Oya rwose, ntabwo aricyo Imana yaremeye umugabo n’umugore muri icyo gikorwa.

    Abanyarwanda b’ubu rero twari dukwiye gusubira inyuma tugatekereza neza kuri iki gikorwa tukagiha agaciro kacyo, ndetse tukanareka kukizana mu nyandiko zisakara ku mbuga nkoranyambaga. Nsigaye numva no ku maradiyo amwe namwe y’inzaduka hano mu gihugu cyacu hari abanyamakuru bamwe basa naho aribyo biganiro bashyira kuri ayo maradiyo yabo ngo bashaka gukurura urubyiruko ngo rujye rwumva ayo maradiyo kurusha ayandi. Biteye agahinda. Hari n’abanyamakuru bihaye kujya basaba abantu ngo bafite icyo kibazo ngo kujya babaterefona mu muhezo ngo bakabagira inama. Rwanda koko ubu turajya heee!!! Hari n’umudamu umwe ukora kuri Radiyo ntavuze usanga abishishikayemo cyane nkibaza nti ese iyo abana be (niba abafite) bamwumva kuri Radiyo abivuga babifata bate?? Iyo ageze mu rugo bamufate bate?? Papa wabo se we abivugaho iki???. Ni amayobera.

  • Umva rero wa mudamu we nanjye nkugire inama n’ubwo ntabashije gusoma izo bakugiriye zose zanteye ubute kuko ari nyinshi ahari wenda hari iyaba ihuye n’iyo nkugira. Rero wa mugore we ikibazo ufite kibaho rwose ariko se utabashije kwihanganira icyo wazashobora ikihe? Gusa icyo ugomba kumenya ni uko ari ikibazo kigera aho kigashira. Rero byose biva muri communication,kuko iyo itagenze neza byose birapfa n’iyo yaba adafite icyo kibazo ariko mudafite communication nziza ntiwaryoherwa. Rero muzabiganireho kuko nta mabanga yakagombye kuba hagati yanyu cyane cyane ku kibazo kibareba mwembi nk’icyo. Muzakiganireho noneho mushobora no kwitabaza muganga igihe bibaye ngombwa. Ikindi kandi wa mudamu we wakoze ikosa rikomeye ryo kugereranya abo mwaryamanye. Kirazira ni bibi cyane gukora comparaison wa mudame we. Wowe ubwawe uranivugira ko umugabo wawe nta n’ikindi umushinja,none ngo urashaka gusenya kubera ibyo!! Ubundi se abapfakazi bapfakara bakihangana ntibaba ari abantu? Kandi wowe ntupfakaye,fata umwanya ubiganirize umugabo wawe kandi mubiganire muri muri mudu nziza,ushobora kubanza kumuganiriza ibindi uzi bimunezeza hanyuma ugakomerezaho ibyo kuko ashobora kuba atazi ko ari ikibazo.

  • Ntiwite kandi ku bakubwira ngo wagombaga kuba warabanje kuryamana n’uyu mugabo wawe mbere yo kubana. None se uyobewe ko gusambana ari icyaha? None se usibye wowe numva wari waraciye ibintu,ntuzi ko hari ababikora bwa mbere iyo bakoze ubukwe ari umusore cg umukobwa? None se wibazako bagenda babizi? Ariko uko iminsi igenda niko nabo bagenda bunguka byinshi kandi ntibahishanye. None ngo urasenya!! Uri inkunguzi ahubwo. Reka uzajye gushaka uwo wita ko abizi cyane maze nawe kuko azaba abizi ko abizi cyane usange ni imfizi y’akarere cg intara yose!! Ibyo nibyo bizagushimisha? Ikindi mujye musenga kuko IMANA niyo itanga byose. Mureke ubujiji.

  • Umva nshuti, ndubatse kandi hari umenya tunganya imyaka mu urushako nkurikije uko wabivuze.Uko natangiye mbikora númugore wanjye siko ubu tubikora, twageze ku urundi rwego ku uburyo navuga ko nta musore wapfa kumwemeza abikoze bwa mbere.ni nkúko ngiye hanze ngahura númukobwa utarabikora na rimwe umugabo wazamurongora yaba ahuye nákaga. Icyo uzira rero ni uko wazengurutse abagabo bose babikora ku uburyo butandukanye, ukaba warageze mu urugo ugushaka kugereranya umugabo wawe nábo mwaryamanye. Iminota itanu ni myinshi rwose umugabo wawe amara, irahagije ahubwo ikibazo ni uko agukoraho ugahita witekerereza abagabo bawe, ugatangira kumva yabikora nka wa wundi wakuryohereje cyane, noneho muri izo nzozi umugabo wawe aba akwishimiye akarangiza mu gihe wowe ukirota abo wihebeye. Inama rero:
    1.rekera aho kugereranya umugabo wawe n”abandi
    2.mujye muganira; mutegurana bihagije witegure igikorwa(gushyukwa)kugeza ubwo wumva ugiye kwirangirizaho
    3.Igihe muri mu gikorwa rekera aho gutekereza abakurongoye ahubwo wite ku uwo muri gukorana imibonano
    4.gerageza kwifasha kurangiza kuko harangiza mu umutwe hatarangiza igitsina
    5.Mufashe gutinda kurangiza ukoresheje ku biganiraho
    Kimwe nakubwira ko ni uko niyo umugabo yamara isaha utiteguye mu umutwe ntabwo núbundi warangiza.Ibyo nkubwiye mbifitiye ubuhamya

  • mujye mwihanganirana byose birashoboka bakundwa

  • usenge Imana ihe umugabo wawe imbaraga naho nushakira ibisubizo ahatariho bazakuyobya.Nuko tutaziranye hari inyigisho Ubutumwa Imana yadutumyeho nkiri urubyiruko muri 1990 i Goma/DRC ngo nzigusubiriremo.Bwagiraga buti:”Kitanda kina angusha Kanisa”MUKINYARWANDA NI”Uburiri bugushije Itorero”.

  • ikibazo ufite nuko warongowe n’abantu b’amoko yose mbere yo kurushinga, butwi.com

    ngurwo urw’abasore bubu babonye.

    Ese mama abo bana uvuga mwabyaranye nabe????????????????????? NZABA MBARIRWA!!!!!!!!!!!

  • nagirango nshimire Aliba ku nama z’ubuhanga yatanze, bwakabiri bihe isomo urubyiruko ibi ningaruka zo gusamabana cyane, rwose batane naho ubundi kwihangana byo ntibishoboka ahubwo byazazana ibibazobyavamo no kwicana nkuko biboneka mu miryango ya none, kubihanganisha ni ukubangiza mu mitwe mutabizi.

  • sister ihangane nshuti nibareke kukwishima hejuru no kuguca intege siko bizahora nkuko benshi babivuze ha umwanya uwo mwashakanye hanyuma muganire kukibazo ufite gusa ushobora kuba utinya kubimubwira kugira ngo atazagufata ukundi ariko dore inama nakugira mugihe utakoze jya u banza umutegurire ifunguro ryiza naza umwakirane urugwiro rwinshi umuganirize ibiganiro byiza bitari byabindi biri mumutwe wawe utekereza uti nubundi ntacyo amarira nukuri burya abagabo ninkabana niba arinyangamugayo koko nkuko wabivuze ikiganiro mwagiranye azajya agenda agitekerezaho hanyuma nimugera mugikorwa ntakabuza azagerageza kugushimisha azabikora atarukugira ngo akemure ikibazo cye ahubwo agira ngo akunezeze

  • Mwiriwe neza inama namuha nuko yashaka Rajabu uwo watanze numero azamufasha ni umupfubuzi w,inyamirambo azamukosora

  • Uwo mudamu ni yihangane kd agerageze gu
    senga atsinde sekibi .2)Arasabwa kwegera muganga .3) Abigendemo gake kugirango adahutaza umugabo bikabasenyera.4)Ihatire gukunda umugabo wawe wumve ko ariwe ukunyuze kd ntacyo yakwima agifit
    e.
    ICYITONDERWA:JYE NDI UMUSORE. UBU BUHAMYA BUTUBERE ISOMO ABATARASHAKA TWIRINDE KWISHORA MU BUSAMBANYI KUKO INGARUKA NI NYINSHI.UWITEKA ATURINDE.

  • Mwa bantu mwe ibya sex ni ikibazo, ndi umugabo wubatse ubyaye 02; nkimara gushaka kuko ntari narigeze njya mu bakobwa nahuye n’ikibazo maze nange mera nkuyu mugabo bavuga hano, atari uko ntabishaka ahubwo ari experience nke mfite. Umugore yaranyinubiye cyane we yageragaho akanarira maze nange mbura rwose icyo gukora kuko nabonaga igisigaye ari ukuzanca inyuma. Gusa burya ngo intore yishakira ibisubizo, naje gusoma ibitabo byinshi mbonamo inama zitandukanye zibuza kurangiza vuba,zirimo kwirengagiza igikorwa urimo gukora, gutekereza ibindi bintu bitari igikorwa urimo, kwenda kurangiza ukiyaka akanya gato wakongera ukamera nkutangiriye kuri zero,… ariko ndababwiza ukuri ikibazo nagikemuye nta nahandi ngishije inama. Ubu urwego tugezeho nna madame nuko ahubwo ubu noneho ariwe usigaye urangiza mbere yange akansaba n’imbabazi, ashobora kurangiza gatatu ntararangiza na rimwe. Ahubwo nsigaranye ikibazo cyuko uko mushimisha cyane asigaye ambwira ngo nabyigiyehe ngo nsigaye ndi indaya namwe munyumvire! wa mugore we ganiriza umugabo wawe nawe bizakemuka nabona ko byateye ikibazo azishakamo igisubizo nkuko nabigenje. ikindi kandi ujye umwaka nka saa kumi z’ijoro niyo saha nziza zo kutarangiza vuba kuko n’imboro ye iba imeze nk’icumu.

  • bjr, ni ukuri mada ihangane utuze pe, kuko umugabo wawe ntanahandi uzabona nkawe, hari uwakurongora uko ubyifuza ariko ntaguhe agaciro ntagufate neza, kandi waburaye cg uri bubwirirwe ntibyagenda neza, hindura mind yawe wishimire umugabo wawe ubundi umwigishe ntibizamunanira. aho kujya kuba mabeshu kugasozi.

  • MASENGESHO

    Muby’ukuri nasomye inkuru yuyumuntu nsoma nizindi nama bagiye bamugira mbona ko akwiye gukunda cyane umugabowe kuko iyo ukunda umuntu ntakibi umubonaho . kuba bamaze kubyarana kabiri ntabwo naveba umugabo kuko yakoze uko ashoboye abifashijwemo ni mana barabyarana abana babiri.

    gusa nkunda kubwira abantu besnhi cyane urubyuruko ingorane zibaho nizi kandi hari n’umukunzi wazivuzeho haruguru , gushaka umukobwa waryamanye nabagabo , cyangw abasore benshi ningorane cyane iyo atihanye . nikimwe no gushaka umusore waryamanye nabakobwa benshi ntahazwa n’uwo yashatse kiretse imana imuhinduye . none ngizo ingaruka zokwibuka ibyaha byakera nyuma y’imyaka 5.

    Abagore bacu ni batubabarire kuko ibibazo byinshi ntibitwemerera gutera akabariro nk’uko mushaka umwanya munini niyihanganire uwo Imana yamuhaye ntagumye kwibuka ibyakera . ereka iyo abantu bashakaniye mu byaha nizanduru ntabwo bubaka n’ibo wumvango bari gusaba ubutane njyenzi abarenze bane bananiranye kubera kwibuka ibyaha babagamo cyera.

    Senga imana iguhe kunyurwa n’uwo Imana yaguhaye. Ibihe byiza

  • Igitekerezo nuko waganira n’uwo mwashakanye, ukamubwira ko utanyurwa hanyuma byaba ngombwa ukajya umwerekera uko abo bandi babigenzaga, kuko practice na experience urayimurusha, naho ibyo kumuta sibyo, nonese uwo washakana umaze kumuta wizeye gute ko yabishobora?umushatse agapfa se?umushatse akaba ingumba se?tekereza ko nabapfakazi babaho kandi bakabaho batagira abo baryamana, nonese iyo aza kuba abishoboye hanyuma akaba yagira nka accident ituma atabasha kubikora wari kumuta?wowe mwereke uko bigenda umufashe.ikindi narangiza nkubwira ntinabyo byagufasha cyane kuruta uko wibwira!

  • Ndi umugabo ndubatse,hari umusore dukorana arongora byasaze,ninjoro nibwo yambwiye ibanga akoresha,niryo uwitwa MUJYANA YAVUZE HEJURU GATO.We ararongora yajya kurangiza agakura intekerezo kugikorwa arimo akanya kubundi yenda nkuko umuyobozi we yamutonganyije yishe akazi,cg akitekerereza kubiri muri radio,imboro akayikuramo ihita itakaza umurego.Bakongera bagakora Caresse agatangira bundi bushya ,abikora gutyo gtyo 3 cg 4 yambwiye ko na 6 akagezaho yibuza kurangiza gutyo,umugore we ntabura inshuro aba yangijemo noneho bwa nyuma aramurongora zigata izazo,umugore nako umukobwa,akarangiza neza.Numvise ampaye tekinike kabisa.Uwo umugore rero naganirize umugabo buhoro buhoro,kandi ajye amubwira uko yabikora nahamushimisha,bizacamo.Umugabo we abashije kumenya iyi nama yayikoresha akareba ,ubundi ajye akorera inyuma umugore narangiza abona kwinjizamo igitsina!

    • mpamagara nkugirinama madame 0788283870

      • Wirenganya umugabo wawe byose ni wowe wabyiteye ujya gukorana sex nabandi basore mbere yo gushaka uwo muzabana ubuzima bwose

  • icyo wakora kuruta ibindi gusenga

  • mbere na mbere nugutegurana hagati yanyu kandi iyo mukundana byose birashoboka

  • Nukuri ndakumva wamugorewe, njye igitekerezo cyanjye ni :1, isuzume nawe udasanga ariwowe nyirabayazana wokuba atakugeza kubishimo byawe byanyuma, kuko kuhakugeza nuko nawe (umugabo)aba akwishimiye.
    2sasa inzobe umubwize ukuri nibiba ngombwa wifashishe inshuti

  • Reka nkubwize ukuri. Ufite amahirwe kuko umugabo cg umusore uzi kwitwara neza mu buriri ni uko aba yarabyitoje. Wowe umugabo wawe ntabyo yigeze agerageza nahise mbona ko ari wowe wa mbere yabikoreye. Wimusaba rero ibyo atazi kand wishime ko atajya kuguca inyuma kuko ntabyo azi. Kwiga bihoraho no mu rugo mwigishe, mushake uko mwiga murakuze, musome ibitabo mwumve radiyo ujye umukurura mu masomo nkayo ariko uteruye ikibazo. Ikindi umugabo wawe ntabwo asiramuye kandi nacyo kiri mu bimutera kurangiza umunota umwe. Uzabimubwire abikore ariko ubyita isuku.

  • Uraho Gogo , ikibazo ufite ni nk”ihwa mukirenge kirakubangamiye peee , ariko hari ibintu bitatu gomba guha agaciro mubuzima bwawe ,
    icya mbere : ntukwiye gushingira ubuzima bwawe kumateka ya kera cyane cyane iyo atari amateka yakugiriye umumaro ” if you want to step forward don’t look back . “” ibi ndabivugira kukuba ugereranya umugabo wawe n”abantu mwakoranye imibonano mpuzabitsina , nyamara mubyukuli ntakintu gifatika bagukoreye ntanagaciro bakubonyemo kuko iyo baza kukubonamo agaciro bari kuba barakugize umugore ….
    Ntugirengo ni ugushaka kugukomeretsa ariko zirikana ko Umugabo wawe ari se w”abana bawe , ariwe watumye witwa umugore , uramutse umutaye kubera ko atagushimisha ahandi wajya wazitwa iki ?
    Icya kabiri : ntugashakire igisubizo mu makosa : Gukemura ikibazo cyo muburiri bikwiye gukorwa muburyo bw”ibiganiro cayne cyane ko uvuga ko umugabo wawe ari inyangamugayo , ahubwo uzamushyire muri mood ituma abona umwanya uhagije wo kuganira , ibi bazagufasha guhindura uko yitwara muburiri , niba koko mufite amafaranga musabe ko musohokana muhindure milieu, niba yaratwawe n”ubucuruzi mwereke ko umukeneye kandi ko umwifuza muburyo budasanzwe mukorere za surprise .. gsa uzirikane ko ribido y”abantu itandukanye niba uri sexuellement forte ntabwo ariko abantu bose bamera aho byasaba ngo nawe wisuzume umenye vitesse watwaramo umugabo wawe kuko hari ubwo byamugora kugendera kuri rythme yawe nawe akabibona nk”ikibazo..
    ingingo ya gatatu ni ukuzirikana ko abantu ari twe tuyobora umubiri wacu : ibi ndabivugira ko akenshi na kenshi abubatse ingo duhura na byinshi bidusaba kwihangana no kuyobora imibiri yacu , ahandashaka kuvuga ko ibyo umubiri udusaba byose tutawubiha ahubwo hari ubwo twifata kugirango tugire ikindi kintu tugeraho gifite agaciro kuruta icyo twigomwe , kuko no mubuzima busanzwe hari ubwo tureka ibiryo kugirango dusenge , hari ubwo tureka kwishimisha kugirango dufashe abababaye etc etc , dushobora rero no kwigomwa ibijyanye nubushake bwímibonano kugirango twubake urugo ….
    Ibaze iyo umugabo wawe aza kuba ariwe ufite ikibazo nk”icyawe , wowe Gogo wari kubyitwaramo ute ( ibyo ushaka ko abandi bagukorera nawe bibakorere)
    nsoreje kukubwira ngo jya ufata umwanya usenge usabe Imana iguhe imbaraga n”ubwenge byo kubana n”umugabo wawe kuko Imana ikunda abantu bayiyambaza , kandi uzirikane ko buri gihe tutagomba kubaho nk”uko twifuza ..
    ukeneye inama zirenzeho wambwira nkazaguha email yanjye …………

    • nshuti ihangane nanjye byabanje kumbaho ariko baramuvuye bimpaye umuti birakira uzanshake nkurangire uwatuvuye sur 0726955821

  • Mushiki wanjye burya nuko muri benshi batumva icyibazo cyimwe, ariko cyirahari. Aho kukugirinama baragutuka, bakagucyirira ibyo wakoze cyera ushobora kuba warihannye, Icyambere ngusabye nukwihanganira abo wasabyinama bakaguhindura urwamenyo. Icyindi witondere izo numero uriguhabwa kuruhande. Urashaka kubaka!? Banza wihane ibyaha byose wakoreye umugabo wawe nubwo mwarimutarabana, ariko burya waramuhemukiye. Numara kwihana, mumutima wawe harahita huzura amahoro nibyishimo, biraherekezwa nurukundo rushya urahita wumva ugiriye umugabo wawe. Nyuma yaho rurakwibagiza ibindi byose byigeze bikibera byiza, kuko icyiza cyose urahita wumva ariwe gusa. Bityo, icyo yakora cyose uzahita wumva ariwe ucyizi kwisi yose. Nahubu kubera ko haribindi wishyizemo, umugaya ataratangira nakazi. Urumva ko rero ntiyagushimisha mugihe wamugaye ataranakora.! Ndakubwizukuri ko umugabo wawe azigukora ibintu neza, icyibazo gihari namafoto akuri mumutwe yasibe burundu maze urebe ukuntu biba byiza cyane. Buriya icyabayeho nuko wamwishe igihagararo. Ubu tubaye turinshuti ndetse cyane ariko umuntu akakubwira ngo ndaroga, nubwo twarinshuti cyane nityongera guhura ntuzambona nkayanshuti yawe uzahita umbona nkumurozi kandi mubyukuri ntanuwo uzinaroze. Kuberiki,?! Harifoto ikuri mumutwe. Ndakwinginze siba iyo foto urebengo niba harumugore ishimishwa numugabo we araba wowe. Sha njye sinaguha nimero yanjye ngo wenda uzambwire uko byagenze, ariko nibishoboka Imana idufashije bikagenda neza, uzatubwire inama yabaye iyambere mukugufasha. Ngaho tangira nonaha usibe amashusho yose yarari mumutwe wawe yuko abandi babigenza wishyiremo ko arinkabwo bwambere ugiye kubonana numugabo bwambere. Dada ndakubwizukuri biraba umunsi mukuru kuriwowe. Zasoni warufite kuri wawundiiii wambere ungera sha uzigire nokuruwo wekumaca amazi muhe agaciro nukuri arabishoboye. Byose urabifashwamo nokwihana burundu. Komeza wihanganire abarikugutuka, wowe gusa ugundire icyikubaka. Ijoro ryiza ryuzuyemo urukundo rurangwa nokunyurwa.

  • NJYE INAMA NAKUGIRA N’UKO WAKUMVIKANA NA YORAM
    MUKAGURANA KUKO NDUMVA YAKUBERA MUGANGA W’IKIBAZO
    UFITE KANDI NAWE UKAMUBERA MUGANGA KUKO NDUMVA MUFITE IBIBAZO
    BIMEZE KIMWE!!!!!!!!!!MURAKOZE! MUGIRE UMUNSI MWIZA.

  • mujye musenga

  • Jyewe nshimye inama uhawe na Gastari, ibeshye ute uwo mugabo maze uhinduke icyomanzi nk’uko wahoze ukiri ingirwabakobwa maze abapfubuzi bakubone, mayibobo zikubone, urware sida, unywe imiti uzane amabinga maze ubwo bwiza wiratana bushire, upfe nabi, maze uwo mugabo winefaguza uzajye umureba ari kumwe n’uwo yishumbushije maze ishyari rikwice. Inama nakugira ni uko utagomba kuba imbata y’imibonano mpuzabitsina, kuko n’abapfakaye bakiri bato bariho kandi baritonze, abihayimana bariho neza kandi ntibabikora, none wowe urimo uratera iseseme gusa.

  • sha uyu mugore yaramaze kubikora mbere!mwigeze mubona ikipe ijya gukina itaritoje se ?oya yatsindwa!nashake abafatanyabikorwa ubundi ashinyirize yubake!

  • Ihangane madamu, ariko ikibigutera nuko wahuye nabasore benshi, inama : uzamuganirize umubwire ikibazo ufite azagufasha niba atari uburwayi, niba ari uburwayi azivuze gusa bijya bibaho cyane kubera umunaniro wakazi twirirwamo, ikindi ashobora kuba ahangayitse , ikindi agomba gupimisha glicemie akareba ko nta diabete afite, kuko nayo irabitera, ikindi mufate umwanya uhagije muri weekend mutegurane mukore ibintu bizagenda neza, abana nukubohereza kwa nyirakuru kugira ngo hatagira ikibajena, courage rero uzambwira. Njyewe narumiwe kuko uwanye diabete yaramwishe , gusa nshima Imana kuko nta wundi mugabo nzi , ibyo rero bimfasha kwiyakira no kunyurwa ibyo ngenewe na Nyagasani. jya ukunda gusenga, naho guta umugabo nabana siwo muti, kuko icyo kibazo kiriho cyane uzabaze abaganga wumve.

  • Komera cyane madam. Ibyo bibazo byawe byose, byabonerwa ibisubizo. Gusa, njye sindi kwiyumvamo neza kuguhera inama kurubuga. Ahubwo nshaka kuguha inama zatuma hari igihinduka. Uzanyandikire kuri [email protected] tubiganireho birambuye, kandi bizagufasha, cyangwa umvugishe kuri 0788838560. Imana ikurinde.

  • Umva nkugire Inama rero

    1 ntuzisigire abana
    2 kubibwira umugabo bizamutera umutima mubi cyane ndetse kuburyo azagufata nkindaya ndetse ko atanashyoboye
    3 uzamubwire murangije uti Cherie uziko njye ariho nari ntangiye kuryoherwa wakongera nanjye nkarangiza Cherie
    kandi maze umukorere caress nyinshi urebe ko bidashira

    ikindi uzagire rimwe umubwire uti Cherie uze gutaha kare nkubwire maze mwitegure mubikore mufite umwanya urebe ko bidashira naho abo mwabikoze mbere ni bya twese nta wawe uryoha nkuwabandi so uziko umugabo wawe arongoye undi mugore ya muryohereza akumva aruta umugabo we nonese umva nkubaze mukiri aba jeune marie ntiyigeze aguhaza so niba byarabaye rero nuko mwari mugihararanye unsubize niba byarabayeho
    thanks

  • REKA NKUGIRE INAMA, EMERA KO URINDAYA KABUHARIRWE, KDI WUZUYE IRARI RYINSHI RY’UBUSAMBANYI NO KURARIKIRA CYANE, NONESE BYAGUTEYE UBUHE BURWAYI???

  • ibi ni inyandiko yumunyamakuru uyumugore ntabaho
    ntumugashyushye rubandavimitwe mushaka aba clients basoma urubuga rwanyu.

  • gusambana imbere yamarriage bigira ingaruka mbi nyishi cane! umuntu mwahuje igitsina imbere yamarriage, nahoyokigukozamwo 5secondes gusa, ntumwibagira kandi ubawumva aribintu biryoshe cane, ariko ntibisigurako abagukojejemwo igitsina baribazi kuyirya neza/baryoshe kurusha uwomwubakanye, habenamba ariko nukuba ubikoze ubihahamiye, kuburyonubwambure bwiwe bukuryohera. nahomurugo iyumaze kumenyera uwomwubakanye, ntakiba kikigushitura, ikindi nuko ubwoburyanyi butaguheramwo, biterwa nukuguma wiyumvira abomwasambanye kera. Sinoguhanura gusambura kuko nicaha kandingero yicaha nurupfu, banzurabe ivyovyahawakoze vyubusambanyi imbere yamarriage ahobikugejeje. ikindi nuko urugo ntirugizwe nibanga ryoguhuza igitsina gusa, ariko harinayandi mabanga. So, guma murugo wubake kandi ntuzipfuze gusambura. Ukeneye izindi mpanuro andika:”[email protected]

  • Igituma umugabo wawe ataguhaza kandi nta mugabo umwe uzigera anaguhaza ni ukubera ko wasambanye n’abagabo benshi ukiri inkumi none ukaba warapanutse! Inama nakugira ni ukwibera umurokore ukagarukira Yesu!

  • Mushiki wanjye Imana igufashe abariyo ikubashisha gutsinda icyo kigeragezo kigukomereye kandi koko Imana ni igisubizo. Mu byukuri ikosa si umugabo ahubwo ikibazo ni wowe kuko ari kamere witeje kandi itoroshye gutsinda keretse wegereye Imana ikagufasha kwitegeka no kunyurwa. Ibintu byose bikorwa n’amarangamutima ya kamere wavukanye cyangwa wagishijwe n’abo mwabanye.
    icya mbere: l’habitude est une seconde nature! kuberako utitwaye neza mu busore bwawe byatumye umubiri wawe utabasha kwitegeka: biragoye ko umukobwa wahuye n’abahungu benshi ashimishwa n’umugabo umwe cyeretse yaravutse ubwa kabiri kandi agatozwa gukunda umugabo mwashakanye kuko icyo yagukorera cyose cyakunyura.
    icya kabiri: Ntabwo wakagombwe kubyara ubwa kabiri utishimiye umugabo wawe,mwakagombye kubiganiraho mugafata icyemezo ku myitwarire kuri icyo kibazo.
    icya gatatu:iki ni ikibazo? ushaka umugabo ,washakagaga uzakumara ipfa y’iruba cya washakaga ko uba umubyeyi w’abana? ni ukuvuga ko amahitamo yawe ubu azashingira ku nyungu ya mbere yatumwe uhitamo gushaka.Imana yaremye umugabo n’umugore muri gahunda yo kororoka nubwo kororoka bibanzirizwa no kwinezeza. ubumwe bw’umugabo n’umugore bushingiye mu kugira abana. none se wasiga abana kubera imibonano idashira ipfa? iki ni ikizamini cyoroshye gutsinda.

  • Mada nanditse nkerewe kuko iyi nkuru niho nayisoma.
    Njya nakugira inama zikurikira:
    1. Banza wibagirwe abasore bose mwaryamanye
    2.Jya ubanza umutegure mbere yo kujya mu gitanda umusabe agukorere caresse zihagije kugira ngo n’ujya ku buriri urangize vuba nawe
    3. Muri Caresse ukora uzirinde kumukora ku gitsina kugira ngo atarangiza vuba
    4. Ibyo byose nibyanga uzasabe umugabo w’inshuti ye ajye amuganiza ku mibonano mpuzabitsina cyane cyane ku bijyanye no kunyaza, position, uburyo bushobora gufasha umugabo kutarangiza vuba nko kujya ayikuramo cyangwa wowe ukamwiyaka mugasomana nk’umunota nawe kandi ukabyishyiramo ko nta wundi wakunyura uretse we.
    N.B: Nutandukana nawe uzageraho wongere umwifuze

  • Hari benshi bagiriye inama uyu mugore nziza ariko abenshi bibanze ku kumwamagana. Nyamara jye ndabona iyi nkuru yahaye abantu urubuga rwo kuganira kuri iki kibazo abantu batajya bagira amahirwe yo kuvuga ho. Ibyo ntibivuga ko ikibazo yavuze kidahari cyangwa kidakomeye. Jye ndashaka kuvuga ko abagabo bakwiye kumva abagore bacyeneye gushira ipfa mu buriri (kurangiza) kandi ko abagabo babifitemo uruhari runini. Nubwo abagore babyihanganira iyo batarangije, ariko iyo barangije bibabera byiza cyane nkuko bibera byiza abagabo. Umugabo niyibaze atarangije uko yamererwa. Ibyo kuvuga umugore kubigiramo uruhare cyangwa gutegurana,umugore abyigishwa n’umugabo ninawe umutinyura ibintu byinshi. Abakobwa babanyarwandakazi, nubwo mubona bambaye utwenda tugufi turi sexy, barangwa n’isoni bakomeza kugira iyo babaye abagore bakazimarwa n’abagabo babo. Ndasoza mvuga ko nanjye nunga mury’abavuze gusoma ibitabo na internet kuko hari amakuru n’inama nyinshi zunganira mu gihe kubona abantu babiganira cyangwa babyigishanya ari ngume.

    • yewe ntibyoroshye, ahubwo uwo mugore ni umuntu mwiza kuba agisha inama adasubiye muri ba ex be. Gusa hai inama nyinshi yagiriwe, afate umwanye asesengure arebe izamugirira akamaro azareke gusenya ngo ajye gushaka aba ex be. Inama nyamukuru ni ugufata umwanya mbere yo kubikora bakabanza bakaganira kandi wamugano akamutegura mu biganiro kandi agafata n’umwanya mbere y’aho. ikindi kandi ni uko yazashaka nk’umwanya bagashokera ahantu bagahindura ikirere, abana bakabashakira undi muntu ubitaho kuko wowe madamu ushobor akuba ubikora utabanje kwitegura cyangwa se utekereza ku buryo environnement urimo wunva itanoze n’ibindi. ikindi na none imirire, kurba icyo ukund aku munsi wumva ushaka kubikora neza ndetse n’ikinyobwa. Bamwe bavuga ko za rufuro (byeri ) zituma akabariro kagenda neza cyane cyane mwagafashe mwasohotse ntimutinde mukaza gutaha muryama kanid inkoko zose zasinzoroye , mebse ntacyo wikanga

  • Muzanyandikire kuri iyi E-mail mahirmail:[email protected]

  • Muzanyandikire kuri iyi E-mail: [email protected]

  • Ahubwo ntimwakagombye kuba murarana mukaryamana gusa ari uko mushaka kubyara, ataribyo, wamushakira viagra akabona kukwemeza

  • yooooooo,nukuri uyu mubyeyi afite amahirwe ahubwo nuko we atayazi ko ayafite,
    abandi bagore ingo zirabagoye cyane kubera kutizera abo bashakanye none wowe uravuga ibyo koko!!!!
    ahubwo rushaho gufata umugabo wawe neza kuko arasobanutse cyane,niba ataguca inyuma,ntabe yakwicisha inzara cg ngo aguhoze kunkeke urumva wabona undi nkawe bitakugoye!!????,kurikiza inama zimwe nazimwe zingenzi baguhaye hejuru.
    senga urusheho gukunda umugabo wawe umwishyiremo bishoboka ubundi urebeko utazajya unyurwa ndetse ukagera nubwo uzajya umutanga kurangiza.
    NB:Wibuke ko amakosa arayawe wowe wamenye byinshi,ninayompamvu ukeneye byinshi bitandukanye.iyo uba utarasambanye nabandi batandukanye uba unyurwa numugabo wawe gusa,ukumva ariwe ubizi kurusha abandi bose.

  • uzanyandikire cg uzampamagare unsabe duhure nguhe inama,
    ndi umugabo ndubatse kd nanjye ibyo byambayeho umugore wanjye nashatwe ntiyampazaga kubera izompamvu navuze haruguru nyuma nza kwibaza impamvu ngishA INAMA ubu byarakemutse ntakibazo namaba

  • Gogo uraho. Ibyo waciyemo n’ibibazo ufite ni iby’urubyiruko rwacu muri iki gihe. Ngirango ntawagutera ibuye. Gusa igihe bazanira Yesu wa mugore bari bafashe asambana yarabachallenginze ati utaracumura abariwe umubanza ibuye. Bose baragiye. Ntiyamuciriye urubanza yaramubwiye ati genda ntuzongere.
    Gogo ibyo ni amateka kandi nubwo tugomba kumenya aho tuva kugirango tumenya aho tujya, ayo mateka kuyibuka ntacyo byagufasha mu rugo rwawe.
    1. Ubuzima warimo “sans engagement” sibwo urimo. Winjiye mu bundi aho wakoranye amasezerano y’ubuzima bwose n’umugabo wawe. Wamusezeranije urukundo no kumwubaha mugatanywa n’urupfu. Kumugereranya nizo nsoresore ntacyubahiro kirimwo. Apart umugabo ubu hajemo abo baziranenge wibarutse! Usibye kwikunda birenze, umubiri wawe wawugurana urwo rukundo rwombi rw’ubuzima bwawe(umugabo n’abana)? Tekereza nawe ushyire mu gaciro.
    Izina n’icyubahiro ufite, ubihabwa n’umugabo wawe. Utandukanye nawe, buri wese yakugiraho ijambo kuko wabauhindutse umugore w’ubonetse wese.
    2. Ibanga ryo kubaka nta rindi ni ukuganira kw’abashakanye, ni ukwihanganirana kuko twese ntituba dutunganye ikindi ni ukubabarirana.Ibyo byose umuntu abishobozwa n’urukundo.
    3.Urukundo(acte sexuel) yo mw’ijoro itegurwa mu gitondo ukibyuka.Umuriro wacanye muri icyo gitondo ukawenyegeza umunsi wose maze wagera mu rugo nimugoroba bikaba akarusho. Umugabo wawe kuba arangiza vuba ni uko akwishimira. Ibyo ujye ubimwubahira. Rero niba atari uburwayi muguyaguye umutegure kuburyo arangiza agatour ka mbere kubera caresse. Ukomeze umuguyaguye nyuma y’iminota itanu wongere ubyutse ubugabo bwe mutangire bundi bushya. Bizatuma amara umwanya wisumbuyeho.Ibaze Gogo buri wese mu rugo uriye ibiryo adashaka cyangwa akarya ntahage agiye ava mu rugo akigendera!Urumva ibyo byaba ari urugo? Tekereza kandi umugabo wawe bimubayeho akihangana ntasenye akajya hanze gusa ariko ntugire icyo ubura n’abana! Agahinda ntikagushengura umutima?! Noneho tekereza abo baziranenge waba ubujije urukundo rw’ababyeyi babo bombi! Kandi umenye ko umwana arererwa mu mulyango. Iyo wasenyutse urwo rukundo hari ubwo arushaka ahandi.
    Komera rero wihangane. Tinyuka wigishe umugabo wawe kuko niwowe uzi icyo ukunda. Niba hari position igufasha kurangiza umubwire muyigerageze.Mwirinde monotonie mubyo mukora kandi aziga abikunze nubimubwira umwubashye kandi mu mwanya ukwiriye. Erega nizo zibika zari amagi! Ntawe uvuka abizi bose bagiye babyiga barabimenya! Mungo nyinshi niko bigenda.
    Ikibazo cyubu abana bajya kubaka bazi byose ntibihe umwanya wo kwiga ibyo batazi. Ubuzima bw’urugo ntibushingiye kuri sex gusa n’ubwo ari ingenzi ngo burusheho kuba bwiza! Ese arwaye ntabe akibishoboye wamuta ukigendera? Ibyo nabyo uzabitekerezeho niba aricyo cyabahuje! Wenda imana yatumwe ariwe ubera urubavu yagirango uzamwigishe nawe abimenye! Komera ushikame wiyubakire urugo kandi wumva unezererewe umutware wawe. Nkuko ibyo muzageraho muzabifatanya nibyo mubifatanye mubyubake bibanogeye kandi muzabigeraho. Kubaka si ugusenya ni ukugereka ibuye kurindi kandi bikorwa umunsi kuwundi. Komera cyane kandi usenge kuko imana niyo itwubakira. Bonne chance.

    • Ooooooohhhhhm mbega Inama nziza umugiriye icyampa nkazahura numugabo ufite ibitecyerezo nkibyo byawe,Yeahh nibyo koko IMANA NIYO YUBAKA.

  • Mbega akarengane mwana wa mama!Gusa ihangane kuko iyo umuntu afashe icyemezo akatsa imodoka agafata urugendo,ntabwo aba azi ko ari bukore impanuka!.Nawe rero kuba warafashe umwanzuro wo kumanika akaboko k,iburyo warangiza ukakamanura ukagasinyisha,ntabwo wari witeze izo mpanuka ziri kukubaho.!ihangane rero kdi wubahe uwo mwashakanye dore ko we ashobora kuba arengana.Gusa jye ukwandikiye ntabwo ndi mu Rwanda arko ndi umunyarwanda.Ushobora kuzampamagara tukabonana ningaruka mu Rwanda[25/3/2016]nibwo nzagaruka,ngasubira yo[30/3/016]tuzavugana face by face nkwereke inzira byacamo kugira ngo unezerwe nka bandi bose.NB:Ndi specialist mu mibanire y,abantu.
    Murakoze.
    UZAMPAMAGARA KURI IYI NUMERO KUKO IYO NGEZE I KIGALI NIYO NKORESHA:0784181718.
    Gubwa neza.

  • mpamagara kuri tel 0785377152 nkugirinama

  • Ngicyo ikibazo cyo gusshaka amabeach ub uzi rwogamabondo,intiritiri,impare nizindi zose none waguye ku nyama inywa amata ntiyamare kuko wowe uri mwalimu wabyo mpamagara kuri 0788403294 nzakunganire ma ntabwo nzaguca menshi nzayiguha kuburyo amashereka wonse ariyo azakuramira

  • My sister pray almight to forget completly all ex lovers spoiling ur marriedge. honor sexual experience to ur husband via spritual ways and follow some advices above. cheers

  • Inama nakugira ni uko wasenga IMANA, ikaguha kunyurwa.

  • Ko mutampamagaye kdi nari naje i Kigali?!cg warikiniraga?!ubu kumpamagara ntibigikunze kuko nasubiye yo.unyandikire kuri Facebook NTWALI Thierry]umpe number zawe nkwihamagarire].Caho.

  • Akabariro burya koko nirwo rugo ntihazagire uzakubeshya umwsna wamubyara witeje inanga ifarsnga inzu namamodoka wabitjnga ariko skabariro niko kagukura iwanyu sinakurenganya rwose kuba warashatse ngo ubeho nabi utaryoherwa nibi bintu Imana yadushyiriyeho kuko biraryoha pe ntakibirusha kuryoha
    Kubera ubuzima wanyuzemo ugaswerana mu busore bwawe kandi ukanyurwa ntawakubeshya ngo agupfubye nkubikoze bwa mbere kandi nibisanzwe uretse imyemerere y umuntu ku giti cye ntawakuveba ndakugira inama ebyiri
    1) fata akanya umugabo wawe umwigishe ajye aguswera neza umwerekere azamenyera uzabaze abandi bagore bakubwire ubihagurukiye amezi 3 umwerekera yakwemeza ntugire isoni rwose umwerekere
    2) niba utabishoboye rero kandi waramaze kubyara ihangane nushaka abapfubuzi bizaba bibi kurushaho

  • Bavandimwe, nagerageje gusoma nyinshi mu nama zagiriwe uyu mugore kandi harimo iz’ingiramaro. Gusa ntaho nabonye ko yashimye cyangwa ngo yemeze ko inkuru atari impimbano. Reka nanjye nshyireho umuganda nk’umunyarwanda niba atanabaho bizafasha abandi. Mugore mwiza….
    1. Wasambanye ukiri mu mwijima, gerageza kuwuvamo. Ibyishimo mu buriri ni ingenzi ku bashakanye, ariko shaka n’ibyishimo by’iteka ryose.
    2. Wakoreye Satani cyane ariko ntaragera ku ntego ye kuko nta kaga arakuzanira, wirinde cyane atakwandagaza amaherezo akakurimbura.
    3. Rushaho gukunda umugabo wawe kandi aho gushaka ibyishimo byawe gusa, buri munsi ushishikazwe no kumushimisha kurushaho.
    4. Wari uzi ko umugore ashobora kurangiza nta no kwinjiza igitsina kwabayeho? Byose biterwa na byinshi. Uburyo bwo ushobora kuba uzi bwinshi, rero uzabigiremo uruhare rugaragara. Uzisukure bihagije, ukore kuburyo agusoma igihe kirekire, cyane cyane ku mabere no ku gitsina kandi ujye umubwira aho wumva hagufasha. Uzirinde kumutera kubishaka cyane utaragera aho wumva utakwihangana. Kenshi na kenshi uzajye uba ari wowe ujya hejuru ye winjize igitsina cye mu cyawe buhoro buhoro, maze wicare cyangwa umuryameho maze umare umwanya utuje (nta mouvement). Nimuryama ku gitanda, rimwe na rimwe ujye umutera umugongo (ariko umwereka ko umwishimiye), maze igitsina cye ugisyire mu cyawe mutuze musinzirire mu munyenga.
    5. Ariko se ubu hari icyo utazi? Reka ndeke kurondogora wasanga n’ikibazo cyarakemutse. Murakoze. 0728111177

  • Mahoro,
    jewe ngize nti , nimba mutaravyara abana yarakumara umunoho, ubu bikababa bigabanuka, nkuko abandi babikubwiye harivyinshi vyo gukora mu buzima bwanyu , muga kandi igitanda kirakenewe, kuko wamushatse uzi ko ayifise (imboro) nawe kandi yaraziko ugifise ukaba rero ugeze aho aho uyibura birakomeye, rero mugerageze mu bwire muganga , amu korere ka (booster) umushukwa wiyongere . Ndakwumva , ivyo vyosi, urimwo, ubuzima bwiza , iwanyu vyariho, none rero muje inama na Bwana , muganga abafashe , Imana izokuja imbere utunganirizwe . Naho kugenda , uzoba usubiye mu vyakera wahevye oyaaa, vura iyo MPFIZI YAWE . aMAHORO MEZA RERO .

  • Umuntu arabagisha inama zubaka mukamuha nimero ubwo se mushaka ko yubaka cyangwa asenya mwese muri abasambanyi gusa.

  • Umvaa nkwibwirire mukobwaa mwizaa nibaa ushaka kubaka urugo rwawe rugakomeraa dore inama njye nakugira
    1. Banzaa wisuzume urebe nibaa koko ukundaa umugaboo wawee nusangaaa atarikoo bimezeee ikibazoo cyambere ugombaa gushyiraa imbere nukumukunda numutima Wawe wose nubwenge bwawe bwose naroho yawe yose kandii umwakiree uko ariii kose wamuhisemo murabo bose wavuzee wemeranaa kubanaa nawe mubyizaa nibibii nuko reroo kundaa umugaboo ureke kumugereranyaa naboo bandii nibaa wumvaa ari uwagaciro mubuzima bwawe … Numukundaaa byukuriii utamukundiiyee uburangaa bwe cg ubutunziii ntuzigeraa narimwe wifuzAa kumusiga ngoo ugende
    2. Kubaa utarangizaa mumaranye imyaka inganaa ityo nawe ubigiramo uruhare ntugategerezee ko byose ariwe ubikkoraaa nibaa mwarasezeranyee gufashanyaa muribyose muburiri ndacyekaa nahoo harimo muri jbyobyose jyumufashaa mutegurane mbere yigikorwa muhindure amaposition nahoo mubikorera umufashe nawe umuruhure umuganirizee mugikorwaa umubwiraa amagambo mezaaa kndiii nutarangizaa ntumwemerere ko aryama umwereke ubwoo bushakeee mukomeze igikorwaaa..

  • Ndakwinginze Ihangane Ugane Amasengesho Uwo Numwuka Wirari Gusenga Birangiza Byose Habamo Imbaraga Zibohora Hanyuma Ukanyurwa Nukizwa Uzagira Amahoro

  • NANJYE MUNGIRE INAMA. MUBYUKURI NDABIZI NEZA KO MFITE AKABORO GATO(13cm) KANDI NKABA NTARENZA IMINOTA 10 NTERA AKABARIRO. NONE IKIBAZO MFITE,UBWO UMUGORE WANJYE YABA ANYURWA? ARIKO NTANARIMWE ARAGIRA ICYO ABIVUGAHO. KANDI MUBUNDI BUZIMA BURUGO NTACYO NAMUNENGA(NUMWANA MWIZA PE MU MITWARIRE). NAMUSHATSE ARI INSUGI. IKIBAZO NUKO NJYENYINE MBONA NKAHO NTAMUHAZA.

  • inama mwamugiriye azikurikize bizaza buhoro buhoro.

  • Hamagara 0789866662 tukurangire abaganga bavura umugabo wawe icyo kibazo bakoresheje imiti idahenze

  • Madamu ugira amahirwe umugabowawe ntagucinyima kutaguhaza suburwayi mubiganireho

  • madam amakosa nayawe ahokugira ngo upfane agahinda kandi ubizi kandi umukunda mwigishe nahubundi ushobora kumureka uwo ushatse ugasanga ari hanyuma ye ,Ese nawe uzamureka ushake undi?

  • Ndandika ngufashe

  • Urakoze gutanga ikibazo cyawe niba utarasubizwa mpamagara nkuhe inama kandi yubaka ( 0782400856)

Comments are closed.

en_USEnglish