11 Comments

  • Sha birambabaje nange pe

  • bino.bosimba nibyihangane kuri iyi si niko bimeze akaruta akandi karakamira

  • Hhhhhh! Ngo muri systeme ya ecologie indyanyama zirakenewe kugirango zigabanye ziriya ndyabyatsi kuko ngo muri park zari zimaze kuba nyinshi zikamara ubwatsi.

    Ibi rero buriya witegereje neza wasanga ibi aribyo biba no muri Société ya muntu

  • Nanjye hajemo akababaro kanini
    Giraffe zanjye intare ziraza kuzirya zishire kandi ntago twari na twinshi
    Giraffe nshuti zanjye ubu nukumenya
    Kwiruka kuko ibyo kugenda mwerekana amataye byo byarangiye sweet !mmm
    Ndababaye
    Gusa nkunda nu dutare tukiri duto
    Ngaho rero abize ibyinyamanswa
    Turabahanze amaso mu gutabara ziriya
    Nto nazo zishaka kubaho neza

  • Hahaha.. girraffe, gazelles muratewe ngwaho.gusa nkunda taille ya giraffe

  • Nibyiza kuduha agashushanyo nk’aka ariko uwagikoze yashizemo inyamaswa zitaba mu Kagera. Urugero: Tiger hamwe n’iriya igira amahembe menshi ameze n’igiti cyumye yitwa Deer rwose mukagera ntizihaba. Ukosore uduhe ikindi kirimo n’inzovu, impala, Ingwe, imvubu n’izindi.

  • Ubwose niba bazanye intare ngo zirye girafe na gazelles na zebres, kuki iyo umuturage ayishe ngo ayirye ahanwa nkuwishe umuntu? Gusa aka gashushanyo katweretse ibiri muri Société yacu!!!

  • Agapfa kaburiwe n’ impongo,n’imparage na munagajosi?

  • Cyakora byakagombye gutera abanyarwanda gutekereza mu buryo bwimbitse, kera mfite imyaka 15 numvaga radio Muhabura bavugako Habyarimana akunda inyamaswa kuruta abanyarwanda.Ibyo umuntu yabyumvaga nkakabiri kumunsi.Ababivugaga ubu nibo barikujya kugura inyamaswa muri south africa kandi mbere zari zihari.Abantu niba ntamunoza koko.

  • ukavuga ukazanamo naba genocidaire!ubwo se uwo numuzimu uguteye?

    • Ariko ntaho abeshye rwose ahubwo subira inyuma urebe ibyavuga nukuri.

Comments are closed.

en_USEnglish