Digiqole ad

Imyanya 14 y'akazi muri Polisi y'Igihugu, Kigali, Rwanda – NTARENGWA: 26/ werurwe/2014

Imyanya 14 y’AKAZI muri Polisi y’Igihugu, Kigali, Rwanda – NTARENGWA: 26/ werurwe/2014

Ubuyobozi bwa polisi y’igihugu buramenyesha ko Polisi yifuza guha akazi abantu bakurikira:

  1. Abakanishi b’amakamyo manini: imyanya ine (4)
  2. Abatwara amakamyo manini: imyanya ine(4)
  3. Abatekinisiye b’amakamyo manini: imyanya itatu (3)
  4. Umugenzuzi w’ibikoresho by’umutwe wa Polisi bijya mu butumwa bw’amahoro (1)
  5. Abatoza ba Police Band: imyanya ibiri (2)

lbisabwa kubifuza gupiganirwa iyi myanya Abakanishi b’amakamyo manini

I. Abakanishi b’amakamyo manini

  • lbaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’igihugu
  • Kuba an umunyarwanda
  • Kuba afite ubuzima bwiza
  • Umwirondoro urambuye (cv)
  • Kuba afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye mu bukanishi.
  • Kuba afite byibuze uburambe mu kazi bw’imyaka itanu(5)
  • Kuba afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga — category F
  • Kuba atarigeze akatirwa igifungo’kirenze amezi atandatu n’inkiko z’u Rwanda(Extrait du casier Judiciaire)

II. Gutwara no gukoresha amakamyo manini(4)

  • Ibaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’igihugu
  • Kuba ari umunyarwanda
  • Kuba afite ubuzima bwiza
  • Umwirondoro urambuye (cv)
  • Kuba afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye mu bukanishi
  • Kuba afite byibuze uburambe mu kazi bw’imyaka itanu(5)
  • Kuba afite Categorie E,F.
  • Kuba atarigeze akatirwa igifungo kirenze amezi atandatu n’inkiko zu Rwanda

III.Abatekinisiye b’amakamyo manini(heavy trucks technicians) (3)

  • Ibaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’igihugu
  • Kuba ari umunyarwanda
  • Kuba afite ubuzima bwiza
  • Umwirondoro urambuye (cv)
  • Kuba afite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye mu bukanishi
  • Kuba afite byibuze uburambe mu kazi bw’imyaka itanu(5) ku murimo wo gukoresha amakamyo manini
  • Kuba atarigeze akatirwa igifungo kirenze amezi atandatu n’inkiko iu Rwanda

 IV.Umugenzuzi w’ibikoresho by’umutwe wa Polisi bijya mu butumwa bw’amahoro

  • Ibaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’igihugu
  • Kuba ari umunyarwanda
  • Kuba afite ubuzima bwiza
  • Umwirondoro urambuye (cv)
  • Kuba afite impamyabumenyi mu mategeko (A0 Law) cg indi bifitanye isano.
  • Kuba yabasha gutegura abapolisi bazakora ibizamini byo kujya muri UN
  • Kuba yarakoze mission ya UN(CIVPOL/MILOBS)
  • Kuba afite uruhushya rwo gutwara imodoka categorie
  • Kuba atarigeze akatirwa igifungo kirenze amezi atandatu n’inkiko zu Rwanda

V. Abatoza ba Police band

  • Ibaruwa isaba akazi yandikiwe umuyobozi ushinzwe abakozi muri Polisi y’igihugu
  • Kuba ari umunyarwanda
  • Kuba afite ubuzima bwiza
  • Umwirondoro urambuye (cv)
  • Kuba afite impamyabumenyi muri conservatorium music(Grade8)
  • Kuba abashije kwigisha conservatorium music
  • Kuba afite ubumenyi muri Police and Military Parade
  • Kuba abashije kuyobora music band
  • Kuba abashije kwigisha kuvuza bass,wind na percussion instruments
  • Kuba afite byibuze uburambe mu kazi bw’imyaka itanu(5)
  • Kuba atarigeze akatirwa igifungo kirenze amezi atandatu n’inkiko zu Rwanda

N.B: Amabarwa asaba akazi agomba kuba yatanzwe ku biro by’Umuyobozi wa Polisi Ushinzwe Abakozi (HRM&D) hometseho ibisabwa haruguru bitarenze tariki ya 26/ werurwe/2014. Photocopy y’ibarwa n’irangamuntu bigashiyrwa kuri e-mail ikurikira: [email protected] ,

Abantu bazaba bujuje ibisabwa nibo bazahamagarwa gukora ikizamini.

Commission of Human Resource & Development

CSP

VR SANO

en_USEnglish