7 Comments

  • Hahaaaa! Ibi bintu bisobanuke neza naho ubundi birimo urujijo. None se umunyeshuri ufite ubuhanga bigaragara ariko adafite umwishingizi bizagenda bite? Ndabona abashoboye kuba abishingizi bazahitamo kwishyurira abo bakwishingiye hanyuma amafranga yabura bigahagarara aho kwishingira umuntu utazi ko azapfa abonye ubwishyu. Uko biri kumvikana ubu ubanza byaba ari ukujya inyuma y’aho abantu bari bari! Lwakabamba nasobanure ave mu byo kuvuga uruzungu gusa…

  • igihugu kigeze aharenga…none Leta ikora iki..abo bose bishyuriwe bourses none bazanye itiku. ahubwo LETA NIFATE ICYEMEZO ITI NSHOBOYE KWISHYURIRA IBIHUMBI 10 000 GUSA ABANDI ABAZASHOBORA MUZIYISHYURIRA…HANYUMA IKAVUGA ITI ABAFITE AMANOTA GUHERA KURI 80%…BYARUTA,,,NAHO NDUMVA ARI AKAJAGARI…ARIKO SE UBUNDI KO ABABO BABA BABATEGANYIRIJE HAGIRA N’AKABONEKA HANZE KAKABA AKABO WAGIRA NGO NGOFERO,,,AHAAAA NZABA MBARIRWA

  • Minister nave nibyo arimo asobanurire abasnyarwanda Iyi nguzanyo si non ni ibibazo gikomeye buri wese ari kubifata uko abyumva

  • ba nyiri gukora cartoon kodo nibo bireba!!!!!!!!!!!!

  • Ariko narumiwe koko!!! Ubwo se nkabana bipfubyi bibana kdi wenda umukuru akaba ariwe ubonye bourse azishingirwa nabarumuna be kdi ari nawe ubarera?
    Ntabwo ibyo bintu bisobanutse pe!! kuko u Rwanda namwe muzi ibibazo imiryango ifite yewe nabafite ababyeyi sinziko umubyeyi utabasha kubona inguzanyo ya un million muri bank isazwe ya kwemererwa kuba umwishingizi w’umwana we kuko ntekaerezako 2,400.000 bishyuza umuntu atakwemerako azayabona( ariko nabwo mbariye kuri promotion yabonye bourse 2009 kuko yose hamwe yabaga ari 4,800,000 ariko ukazishyura 50% yayo bivuzeko twishyura 2,400,000) ububwo ashobora no kuba bazajya bishyura 100% ntawamenya. Leta nisobanure ibyo bintu neza pe!

  • Kugirango wemerwe nkumwishingizi BRD igusaba iki?Ese umwishingizi ni personne de reference usaba ideni avuga umwirondoro we gusa ntaho asinyishijwe cg ni avaliseur nawe usabwa gusinya agatanga n’ingwate kubera uwo yishingiye?Abo bana baragowe kuko either abakabishingiye ntabushobozi bafite cg ntawuzemera kukwishingira nawe yifitiye ibibazo bye nyuma y’uko Leta imwikuyeho!Na Rwiyemezamirimo bananiwe kwishyura none impinja zishowe mu madeni ntako ziri!Nibaze twongere umubare w’abanyabibazo

  • hi sir/madam : in order to do bussines capital is something vital but the schedules and procedure to get it is alarming factor why,—- give a new chanels without liberalisation whereas all national poor /riches and resourcesless can obtain it by loan or other means we need a happy homogenic society that advance more our grandfatherland; regards; mr e.g

Comments are closed.

en_USEnglish