Hadi Janvier umukinnyi wa Bike Aid yo mu Budage ariko ubu uri mu biruhuko iwabo kuri Kora muri Nyabihu , umwaka ushize yakoze ibishoboka yitwara neza agira amanota asabwa ngo igihugu kibone ticket y’imikino ya Olempike, yabigezeho. Uyu musore wayikoreye ariko ubu yasimbujwe mugenzi we Adrien Niyonshuti, yabwiye Umuseke ko yababaye ariko yaje kubyakira. Tariki 17 […]Irambuye
Nyarugenge – Ku muhanda wa Nyamirambo – Mageragere muri iki gitondo impanuka y’imodoka ya Toyota Hiace yahitanye abantu bane abandi babarirwa ku icyenda barakomereka, yabereye hafi y’aho bita kwa Kayitani mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Gasharu, Umudugudu wa Rwintare. Umumotari witwa Felix Ndayishimiye yabwiye Umuseke ko ahagana saa mbili za mugitondo impanuka isa n’aho […]Irambuye
Mu itangazo ryasohowe n’ikigo cya Nation Media Group mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Kamena 2016 cyamenyesheje ko cyakoze impinduka zigamije kwisuganya, muri izi mpinduka harimo gufunga Radio yayo KFM yakoreraga i Kigali mu Rwanda. Hamwe n’ibindi bigo byayo bimwe. Gufunga ibi bigo ngo biratangira gushyirwa mu bikorwa guhera uyu munsi. Muri iri […]Irambuye
Tendai Chinoperekwei umaze imyaka 11 akora akazi k’imenyekanishabikorwa mu bucuruzi mpuzamahanga agiye kuza guhugura no kwereka abanyarwanda uko bagana inzira njyabukire n’iterambere ku basanzwe bakora ubucuruzi ndetse n’abadafite akazi bashaka gutera imbere. Tendai Chinoperekwei akomoka mu gihugu cya Zimbabwe, afite imyaka 35. Mu myaka 11 ishize ubwo ubukungu bw’igihugu cye bwahungabanaga cyane, Tendai ukomoka mu […]Irambuye
Mu turere tw’Iburasirazuba tumwe ubu havugwa amapfa yateye kubura kw’ibiribwa, ahandi hantu mu gihugu naho hari impungenge ko imyaka yabo yangirika kubera izuba rikaze kandi rigifite andi mezi imbere. Kuri uyu wa gatatu ubwo yari i Huye Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi yabwiye Abahinzi ko kuhira imyaka ari wo muti, nabo bagaragaza ko aribyo […]Irambuye
Mu cyumweru gishize Federations zose ntizitabye ubutumire bwa Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena, uyu munsi noneho zitabiriye ubutumire aho Abasenateri bazisabye gushaka abaterankunga zikigenga ntizihore zegamiye kuri Leta. Senateri Gallican Niyongana uyobora iyi Komisiyo yatangiye avuga ko ibyabaye ubushize bahisemo kutabitindaho ko babikemuye nk’aba ‘Sportifs’ kuko izi federations zose […]Irambuye
Umujyi wa Kigali wemeje kuri uyu wa gatatu ko umuhanda mugari kuva hagati mu mujyi kugera kuri Stade Amahoro uciye ku Kimihurura ku cyumweru tariki 03 Nyakanga nta modoka izaba yemerewe kuwunyuramo kuva saa moya za mugitondo kugeza saa sita. Ni Car Free Day nanone!! igamije gushishikariza abantu gukora sport. Bwa mbere iba ni vuba […]Irambuye
Alexandre Loukachenko Perezida w’igihugu cya Biélorussie tariki 23 Kamena 2016 yavuze ijambo rimucitse ryumvikana ukundi maze icyabivuyemo kiba kimomo. Bamwe ubu baramunnyega bavuga ngo yakwishimira ko abaturage b’igihugu cye bamwumva nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa mashable. Kuri uriya munsi ubwo yari yagiye mu ihuriro ku guhanga ibishya mu ikoranabuhanga rigezweho, uyu muyobozi yavuze ijambo riramucika yisanga […]Irambuye
Abadepite babiri mu Nteko y’Ubwongereza batangiye ibikorwa byo gusaba ko habaho indi Referendum ku kuva mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU), bo bemeza ko abatora bahabwa andi mahirwe yo kongera kwemeza niba igihugu cyabo kivana mu bindi mbere y’uko hatangira inzira zemewe zo kuvamo. Miliyoni z’abongereza zagaragaje ko zibabajwe n’ingaruka zahise zibona nyuma yo gutora ku […]Irambuye
Abatuye Kigali ntibaraba benshi bazi guteza moto bakoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga hagati y’umugenzi n’umumotari bwitwa Safe Motos. Wifashishije ‘application’ ya Safe Motos utanga command y’umumotari akakugeraho bidatinze akagutwara ukamwishyura ayo telephone yawe ikubwiye ugomba kumuha! Icya mbere usabwa ni ukuba ufite “smart phone” uka ‘downloading’ ‘application’ yitwa Safe moto kuri GooglePlay cyangwa AppStore ya Apple ukiyandikishamo […]Irambuye