Gisagara – Abaturage bo kagali ka Bukinanyana mu Murenge wa Musha bemeza ko nyuma y’igihe kinini bari bamaze baheranwe no kutagira amazi meza bikabatera umwanda ubu ngo bamaze kwibohora umwanda kuko babonye amazi meza. Kuri uyu wa 04 Nyakanga bakiriye ivomero ry’amazi meza muri aka kagali, bavuga ko batandukanye no kuvoma ibishanga kuko ubusanzwe bitari […]Irambuye
Nyakinama – – Ku bufatanye na Police y’u Rwanda, urubyiruko 395 bo mu turere dutandukanye tw’igihugu rwashije amahugurwa y’ibyumweru bibiri ku gukumira no kurwanya ibyaha hagamijwe kubumbatira umutekano u Rwanda rufite. Aba ni urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha bafatanyije na Police y’u Rwanda aho rwiyemeza kuba ijisho rya Police aho itari mu guhanahana amakuru no […]Irambuye
Alphonse Tomorrow yinjiye mu bitaro bya Kirehe mu 2009 ari umwana w’ingimbi w’imyaka 17, ubu amaze kuba umusore w’imyaka 24. Umunsi ku munsi imyaka irindwi irashize arwaye imitsi y’ijosi bitewe n’impanuka. Arwajwe na nyina wenyine watanze ibye byose ngo umwana we akire bikanga kugeza ubu… Umuseke wasanze Alphonse Tomorrow ubu ari kubasha kuvuga buhoro, ngo […]Irambuye
Ni abapolisi bakuru bo mu bihugu binyuranye bya Africa bamaze umwaka mu masomo yok u rwego rw’ikirenga azatuma bagira uruhare rukomeye mu bufatanye bw’ibihugu mu kubungabunga umutekano no kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga. Barangije aya masomo kuwa gatandatu. Minisitiri w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harerimana avuga ko amasomo aba bapolisi barangije ari amahirwe kuri Africa mu […]Irambuye
Rayon Sports yabashije gusezerera AS Kigali bakinira i Muhanga, APR FC nayo ihigika Espoir y’i Rusizi. Ubu Rayon na APR zizahura tariki 4 Nyakanga ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro. Ni umukino witezwe na benshi. Hagati ya Rayon na AS Kigali, umukino ubanza zari zanganyije 1 -1, uyu wo kwishyura waberaga i Muhanga ku munota […]Irambuye
Nk’uko byari biteganyijwe, guhera saa sita z’ijoro ubwo biba bibaye tariki 02 Nyakanga 2016 imisoro ku myambaro n’inkweto bya caguwa byinjira mu gihugu irikuba inshuro 25 nk’uko byemejwe kandi n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro. Ni muri gahuda ihuriweho n’ibihugu byo mu karere igamije kongerera agaciro ibikorerwa mu gihugu no kugira ngo abanyagihugu bagure ibikorerwa iwabo bitewe […]Irambuye
*Magufuli yavuze bimwe mubyo yigiye kuri Paul Kagame *Avuga n’ibyo Tanzania yakwigira ku Rwanda Mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida Magufuli wa Tanzania yagarutse ku bushake buhari hagati y’abayobozi bombi mu kubaka ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi bishingiye ku bumwe bw’abaturage b’ibihugu byombi. Maze atebya, avuga ko abajya bavuga ngo Kagame ni inshuti ye, rwose batibeshya ari ukuri, […]Irambuye
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame na Mme Jeannette Kagame bakiriwe na Perezida John Pombe Magufuli i Dar es Salaam muri Tanzania, mu ruzinduko rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Perezida Magufuli akaba yatangaje ko Abanyarwanda bahawe ikaze muri Tanzania bakwiye kuza bisanga nk’abajya iwabo. Aba bakuru b’ibihugu bombi bagiranye ikiganiro […]Irambuye
Umurenge wa Shyogwe n’Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa kane bashyikirije inzu ikwiye bubakiye umuryango w’abantu 10 wari ukennye cyane ku buryo wamaze igihe kirekire abana umunani n’ababyeyi babo barara mu cyumba kimwe. Ntibahawe inzu gusa kuko banorojwe inka. Bashyikirijwe inzu y’ibyumba bitatu n’uruganiriro ndetse n’izindi nzu zo hanze. Ni umuryango wa Samuel Kanyamanza na […]Irambuye
Abakanyujijeho mu mu ikipe y’igihugu Amavubi batsinze 5-3 ikipe ya Uganda Craines yo mu myaka yo hambere, mu mukino washimishije abawitabiriye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu mugoroba. Byari ibirori kongera kubona ibihangange byakanyujijeho mu ikipe y’igihugu Amavubi nka Ashraf Kadubiri, Baptista Kayiranga, Karekezi Olivier, Jimmy Mulisa, Katauti Ndikumana, Eric Nshimiyimana, Bokota Labama, […]Irambuye