Umucamanza Thokozile Masipa mu rukiko muri iki gitondo yatangaje ko ubuzima bwa Oscar Pistorious butazongera kuba uko bwahoze kuko yahamwe n’icyaha gikomeye, ariko avuga ko nta gihano kizashimisha uruhande na rumwe kandi ko nta kintu kizagarura uwapfuye, maze asaba Pistorious guhaguruka akamukatira. Thokozile Masipa yabanje kugenda agaragaza impamvu zishyigikira umwanzuro w’urukiko, avuga ko umukobwa wishwe […]Irambuye
Mu ruzinduko rutigeze rubaho mbere, Minisitiri w’Intebe wa Israel yageze bwa mbere ku butaka bw’u Rwanda muri iki gitondo. Ni Benjamin Netanyahu n’umugore we Sara Netanyahu, bahagurutse n’indege i Nairobi muri Kenya bagera i Kigali saa yine, bageze i Kigali bakiriwe ku kibuga cy’indege i Kanombe na Perezida Paul Kagame na Madame bahita berekeza ku […]Irambuye
Gasabo – Mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Nyakanga, inyubako ikoreramo za pharmacy, supermarket na Hotel iri kuri ‘Rond point’ ya Remera yibasiwe n’inkongi y’umuriro Supermarket yitwa Sahani ihomba ibicuruzwa byinshi. Police yabashije gutabara izimya iyi nkongi itarakwirakwira inzu yose. SAHANI Supermarket ni iy’umugabo witwa Usengimana Eustache wari umaze amezi atatu gusa ayiguze, bikavugwamo ko […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri, Minisitiri w’Intebe Anastase asoza itorero rimaze icyumweru mu karere ka Huye rihuje abafashamyumvire mu buhinzi n’ubworozi barenga 1 000 b’ahatandukanye mu gihugu, yihanangirije ba agronomes na ba veterineri n’abandi barya ruswa mu bikorwa byagenewe abaturage ngo bibateze imbere. Abasaba kurangwa n’ubunyangamugayo mu byo bakora. Iri torero ryari rihurije hamwe ba agronomes, […]Irambuye
Wari umukino w’ishyaka n’amahane menshi cyane ku ruhande rwa APR FC, ndetse byatumye myugariro wa APR Emery Bayisenge asimburwa umukino ukiri mubisi. Aya mahane yaje gutuma abakinnyi barwana, Ismaila Diarra yarwanye n’abakinnyi ba APR FC umusifuzo abyitwaramo neza cyane. Umunyamakuru w’Umuseke yabashije gufotora uko byagenze…. Haburaga iminota 12 ngo umukino urangire, Ismaila Diarra yiruka ku […]Irambuye
Nyuma y’amasaha make avuye mu bitaro, Eric Ndayishimiye bita Bakame yari mu bakinnyi bahesheje Rayon Sports igikombe cy’amahoro batsinze APR FC. Avuga ko yabifashijwe no kumenya icyo ashaka ku rugamba. Kuri uyu wa mbere tariki 4 Nyakanga 2016, kuri stade Amahoro habereye umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro cyegukanywe na Rayon sports Bakame abereye kapiteni, itsinze […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuwa mbere tariki 04 Nyakanga umusore witwa Bucyayungura yapfiriye mu mwobo w’umusarani yagiyemo ashaka gukuramo amafaranga 100 000 y’uwitwa Muhirwa yari yaguyemo ku bw’impanuka agiye kwiherera. Byabereye mu mudugudu wa Sheke Akagali ka Bitare mu murenge wa Ngera mu karere ka Nyaruguru aho uriya musore ukomoka mu murenge wa Rusenge ngo akimara […]Irambuye
Bijya bivugwa ku bakobwa b’inkumi batewe inda batateganyije aho bamwe bajugunya abo babyaye, mu murenge wa Kitabi Akagali ka Shaba mu karereka Nyamagabe haravugwa umugore ubyaye kane wabyaye uwa gatanu akamujugunya mu mugezi w’Akanyaru. Umurambo w’uruhinja watoraguwe ureremba ku mugezi w’Akanyaru kuri uyu wa 04 Nyakanga 2016, uruhinja ngo bigaragara ko rwavutse uwo munsi, gusa […]Irambuye
Abantu bane mu bashinzwe umutekano nibo kuri uyu wa mbere nimugoroba bahitanywe n’igisasu cyaturikiye ku musigiti wa Madina muri Arabia Saoudite, ni mu bitero bitatu byagabwe muri iki gihugu ku munsi umwe mbere gato y’uko Abasilamu basoza igisibo gitagatifu cya Ramadhan kuwa gatatu. Umusigiti wa Madina ubundi witwa Al-Masjid an-Nabawī uherereye mu mujyi wa Madina, […]Irambuye
Mu mezi abiri y’iburanisha ashize mu rukiko rw’i Paris umushinjacyaha Philippe Courroye yatangaje ko Octavien Ngenzi w’imyaka 58 na Tito Barahira, 65 ko ari inkingi zikomeye za Jenoside mu cyari Komine Kabarondo zatanganga amabwiriza yo gutema Abatutsi. Abasabira gufungwa burundu. Aba bagabo bo bahakana ibyaha baregwa, kimwe na Pascal Simbikangwa umunyarwanda wa mbere waburanishijwe agahamwa […]Irambuye