Abadepite bamwe banenze Itegeko rishyiraho ikigo cy’igihugu cy’ikoranabuhanga

*Bamwe bati twaba duhaye inshingano imwe ibigo bibiri? Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite kuri uyu wa kane yasuzumye umushinga w’itegeko rishyiraho ikigo cy’ikoranabuhanga (RISA), rigena kandi inshingano ,imiterere n’imikorere y’iki kigo. Uko byagaragaye uyu mushinga Abadepite ntibawemeranyijweho nubwo  waje kwemezwa utowe ku kigero cya 56.5%, abatari bacye bifashe, abandi barawanga. Bavuze ko nubwo wemejwe kuwiga […]Irambuye

Kicukiro: hashize iminsi 5 umwana w’imyaka 5 aburiwe irengero

Kuva ku cyumweru tariki 03 Nyakanga umuryango wa Mathias Murwanashyaka wabuze umwana wabo w’imyaka itanu, yari yazanye na Nyina mu mujyi wa Kigali mu birori bya batisimu bavuye i Nyamasheke, kuva icyo gihe kugeza ubu ntibaramenya irengero ry’umwana wabo. Uyu mwana ngo yagiye asa n’ukurikiye umukozi wo mu rugo bari batumye kuri pharmacy, umwana ntiyongera […]Irambuye

Rayon iratsinzwe, APR FC itwaye igikombe cya shampionat cya 3

Rayon sports itsinzwe na Muhanga 1-0, byemeza ko nubwo yatsinda imikino isigaye, ntiyafata APR FC, kuko ubu iyirusha amanota 10, kandi Rayon isigaje imikino ibiri gusa. APR FC ihise yegukana igikombe cya shampionat. Rayon Sports yasabwaga gutsinda imikino y’ibirarane itatu ifite, igategereza ko APR FC yananirwa gutsinda AS Kigali ku munsi wa nyuma wa shampiyona, […]Irambuye

Olivier Kwizera ashobora kujya muri Baroka FC yo muri South

Baroka FC yo mu kiciro cya mbere muri Afurika y’epfo yamaze kumvikana na APR FC, kuri ‘transfer’ ya Olivier Kwizera umunyezamu wa w’iyi kipe y’ingabo kuva muri 2013. Kuri uyu wa kane tariki 7 Nyakanga 2016, nibwo APR FC yemeje ko yamaze kumvikana na Baroka FC izamutse mu kiciro cya mbere uyu mwaka, imaze iminsi […]Irambuye

Ruhango: Kubakira umukecuru Zula Karuhimbi byabaye bihagaze

Hashize hafi amezi abiri  Akarere ka Ruhango gatangiye kubakira umukecuru wahishe abarenga 100 muri Jenoside yakorewe Abatutsi  mu 1994, inzu bari kumwubakira yahagaze igeze ku isakaro, karuhimbi we aracyari mu bukonde aho bitifashe neza, icyo ahangayikiye cyane ni inka yahawe. Zula Karuhimbi ufite umudari w’igihugu ku bw’ubutwari yagize, akaba no mu barinzi b’igihango, yeremewe n’Akarere […]Irambuye

Abadepite batoye umushinga w’itegeko rigira NAEB ikigo cy’ubucuruzi

*Abaturage ngo ntibabona inyungu nyinshi ku byoherezwa hanze kandi  aribo bavunika. Kuri uyu wa kane Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite yasuzumye inemeza ishingiro ry’umushinga w’itegeko rivugurura ikigo NAEB kikaba ikigo cy’igihugu cy’ubucuruzi. Mu nshingano izaba ifite zirimo guteza imbere ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, kwiga amasoko, gushyiraho ibiciro no kugenzura ubuziranenge. Iri tegeko rizavana ikigo NAEB […]Irambuye

Abasilamu mu Rwanda ngo bibohoye kabiri

Mufti w’u Rwanda Salim Hitimana ubwo yifatanyaga n’Abasilamu mu karere ka Nyanza basoza igisibo gitagatifu yatangaje ko Abasilamu bo bibohoye kabiri kuko bo mbere ya 1994 ubuyobozi bwariho bwakumiraga idini ya Islam. Sheikh Salim yavuze ko byinshi Abasilamu babihezwagamo ngo kereka imirimo yo gukanika no kuba abashoferi. Ibi yabihuzaga no kuba u Rwanda rumaze iminsi […]Irambuye

Basketball: Ian na Brian Kagame bashobora gukina bahanganye n’Amavubi

Ikipe y’abanyarwanda biga muri USA barimo abana ba Perezida Kagame igiye gukina n’Amavubi U18 muri Friday Night Basketball show, izakurikirwa n’umukino wa nyuma wa Playoffs muri shampionat ya Basketball mu Rwanda kuwa gatanu. Tariki 8 Nyakanga 2016 kuri Petit stade i Remera, hatageanyijwe ibirori bya Basketball, bitegurwa na ‘Sick city entertainment Rwanda’, ifatanyije n’ishyirahamwe ry’umukino […]Irambuye

“Directeur technique” mushya ngo agiye gutangiza ‘Total Football’ mu Rwanda

Nyuma yo gutangazwa na FERWAFA nka ‘Directeur technique’ mushya w’umupira w’amaguru mu Rwanda, Hendrik Pieter de Jongh ngo arashaka gutangiza imikinire y’Abaholandi (total football) mu Rwanda, ahereye mu bana. Tariki 14 Kamena 2016 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje umuholandi Hendrik Pieter nk’ushizwe igenzura n’iterambere rya ruhango y’u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 46 […]Irambuye

Umuhinde yishe umugore we wo muri DR Congo, amukatamo ibice,

Mu bwicanyi buteye ubwoba, ku cyumweru umugabo w’umuhinde witwa Rupesh Kumar Mohanani yishe umugore we Cynthia Vechel ukomoka muri Congo Kinshasa arangije umubiri we awucagaguramo ibice akoresheje ishoka ubundi ibice arabijyana arabitwika. Nyuma yaje gufatwa. Uyu mugabo w’imyaka 36 yabanaga n’umugore we mu mujyi wa Hyderabad muri Leta ya Telangana mu majyepfo y’Ubuhinde. Umugabo yakoraga […]Irambuye

en_USEnglish