Iburasirazuba – Mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza abayobozi kuva ku rwego rw’Akarere n’abaturage bicaranye kuri uyu wa gatanu bagirana ikiganiro mu ruhame baraganira. Abaturage bagaragaje ko koko hari inzara ibugarije, bavuga ko bashima Leta ibyo iri gukora mu kuyirwanya harimo kubaha imirimo bagahembwa ibiribwa gusa bakavuga ko iki atari igisubizo kirambye. Mu […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye, amaso yose y’abari muri Petit stade amaso bayahanganga Ian Kagame iyo yabaga afashe umupira, uyu musore ukuri muto ni umuhanga muri Basketball uko byagaragaye kurusha muri Football aho yagaragaye ubushize akinira Amavubi. Gusa ikipe ye kuri uyu mugoroba yatsinzwe n’iy’igihugu ya U18 yitegura imikino nyafrika (U18) izabera mu Rwanda mu mpera z’uku […]Irambuye
Muri Indonesia abantu 12 basanze bapfuye kubera umubyigano w’imodoka ureshya na 20Km wamaze iminsi itatu ugatuma abantu ibihumbi bajyaga mu biruhuko kuwa gatanu. Iyi Embouteillage yaheraga aho umuhanda mugari (autoroute) isohoka mu mujyi wa Brebes uherereye ku kirwa cya Java. Byari bikomeye ku buryo abo muri iki gihugu bahimbye uyu mubyigano “Brexit” bavuga “Brebes exit”. […]Irambuye
Afungura ku mugaragaro inyubako ya ‘Kigali Convention Center’ yuzuye ku Kimihurura ubu ikaba yitegura kwakira inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe, Perezida Kagame yagaragaje ko uyu mushinga w’ubwubatsi wagoranye cyane ariko kuko byari byiyemejwe ko ugerwaho, uyu munsi ni umushinga urangiye. Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bagize uruhare muri uyu mushinga wa Hoteli […]Irambuye
Kimihurura – Mme Dlamini Zuma, umuyobozi wa Komisiyo y’umuryango w’ubumwe bwa Africa, kuri uyu wa gatanu i Kigali mu nama iri kuganira ku burenganzira bw’Umugore buganisha ku iterambere yavuze ko abagore bakwiye kwiyaka kamere yo kwisuzugura no kumva ko abagabo aribo bakwiye kubaha icyo bakeneye cyose. Ngo bakwiye kumva ko iterambere ry’umuryango rigomba gushakwa n’umugore […]Irambuye
*2014 abishwe n’indwara zitandura bageze kuri 36% by’abarwayi *Abazisuzumisha baracyari mbarwa 08 Nyakanga – Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage yagejeje kuri Sena imiterere y’ikibazo cy’indwara zitandura, imbogamizi zihari ubu ngo ni; kuba abanyarwanda bazimenya gusa ari uko barembye, kuba ubuvuzi bwazo buhenze no kuba abaganga ba gakondo ngo batuma zihitana benshi kubera kubeshya ko bari kuzivura. […]Irambuye
*Niwo mushinga munini w’ubwubatsi wabayeho mu Rwanda *Mu gihe kitarenze imyaka itatu ikora izaba yaramaze kurenza ayo yubakishijwe *Ku ikubitiro harabera Inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe Biragoye cyane gusobanura buri kimwe kuri uyu mushinga munini w’ubwubatsi wuzuye ku Kimihurura mu Rwanda, ni inyubako zavuzwe cyane kandi zimaze igihe ziri kubakwa, akamaro kazo kazaba […]Irambuye
I Paris aho bari kuburanira, Octavien Ngenzi na Tito Barahira ngo bagiye kujuririra icyemezo cyo kubafunga burundu cyafashwe n’urukiko rwabahamije icyaha cya Jenoside. Aba bagabo bahoze ari ba Burugumestre ba Komine Kabarondo bahamwe no gutanga amabwiriza yo kwica ndetse no kwica ubwabo. Umwunganizi wabo yatangarije AFP ati “Tugiye gukora ubujurire kuri uriya mwanzuro w’urukiko.” Octavien […]Irambuye
Imiryango 13 yo mu mirenge ya Muganza na Bugarama iravuga ko mu 2012 ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubwikorezi, RTDA, cyababaruriye ubutaka ngo bazishyirwe ibyari birimo ubundi hagacishwa umuhanda. Kuva icyo gihe ngo bahora bajya kuri Banki kureba amafaranga y’ubwishyu bijejwe bagaheba. Umuhanda wanyujijwe hano ni ugana ahagiye kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Rusizi III ku […]Irambuye
Abapolisi batanu nibo bishwe n’amasasu muri Leta ya Texas mu mujyi wa Dallas ubwo harimo haba imyigaragambyo yo kwamagana ubwicanyi buherutse gukorerwa abirabura. Police mu mujyi wa Dallas yatangaje kuri Twitter ko “Ibabajwe cyane no kumenyesha urupfu rw’abapolisi bayo bane.” Nibura ngo babiri barashwe n’amasasu bigaragara ko ari ay’abanyamwuga mu kurasa badahusha “snipers’. Guhiga abakoze […]Irambuye