Umukinnyi mushya wa Orlando Magic yo muri NBA, Bismack Biyombo Sumba agiye kuzana n’inshuti ze mu Rwanda, gukina umukino wa gicuti n’ikipe (selection) y’abakinnyi bakina muri shampiyona y’u Rwanda. Bismack Biyombo ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ukina muri shampiyona ya basketball muri Leta Zunze Ubumwe za America (NBA) ategerejwe i Kigali kuri uyu […]Irambuye
Abantu benshi cyane ku isi bazi izina rya Malala Yousafzai, umukobwa muto wo muri Pakistan warokotse urupfu rw’amasasu y’Abataliban mu 2012 nyuma agahabwa igihembo cy’amahoro cya Nobel, uyu munsi tariki 12 Nyakanga yujuje imyaka 19, uyu munsi kandi UN yawise “Malala Day”. Uyu mukobwa araza mu Rwanda. Uyu mukobwa azagera mu Rwanda ejo kuwa gatatu […]Irambuye
*Ngo yari aritwaye ashaka kureba niba irondo rikora Iburasirazuba – Umuyobozi w’Akagari ka Gituza Umurenge wa Rukumberi Akarere ka Ngoma yatawe muri yombi akurikiranyweho kwiba ibendera ryo ku biro by’Akagari ubwe abereye umuyobozi. Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri nibwo uyu muyobozi yafashwe n’abanyerondo amanura ibindera ryo ku kagari. IP Emmanuel Kayigi umuvugizi wa […]Irambuye
Rutahizamu wa Rayon Sports na Uganda Craines Davis Kasirye biravugwa ko yamaze kumvikana na Daring Club Motema Pembe yo muri DR Congo. Akazayisinyira mu mpera z’iki cyumweru. Davis Kasirye, umunya- Uganda w’imyaka 23, ntazibagirwa uyu mwaka w’imikino 2015-16, kuko yitwaye neza muri Rayon sports, bituma ahamagarwa bwa mbere na Milutin Sredojevic ‘Micho’ utoza ikipe y’igihugu […]Irambuye
Ishyirahamwe DUHARANIRE KWIGIRA ryo mu murenge wa Kazo mu karere ka Ngoma ryahagurukiye korora indoheshabirayi, ubu ngo umusaruro aya matunga abaha urashimishije kandi ubabeshejeho neza n’imiryango yabo. Abarigize ubu ngo batangiye kwizigama no gukora indi mishinga ibaha inyungu. Abayobozi bavuga ko iri shyirahamwe ari intangarugero. Mu mudugudu wa Kibimba Akagali ka Karama niho iri shyirahamwe […]Irambuye
Umusore witwa Lennox Niyitegeka ukina mu ngimbi z’ikipe ya Elan Chalon mu bufaransa yakiriwe n’umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 18 iri kwitegura imikino nyafrica izabera mu Rwanda kuva tariki 22 kugeza kuya 31 Nyakanga 2016. Uyu musore aje gufasha bagenzi be muri iyi mikino mpuzamahanga izabera i Kigali igahuza amakipe 12 yitwaye neza mu turere […]Irambuye
IPRC South yatwaye igikombe cya Playoffs itsinze Patriots BBC yatwaye igikombe cya shampiyona. Iyitsinze imikino itatu kuri umwe. Ni mu mukino wa kane bakinaga muri itanu baba bagomba gukina batanguranwa gutsinda itatu. Kuri iki cyumweru tariki 10 Nyakanga 2016, nibwo IPRC South yegukanye itsinze Patriots BBC mu mukino wa kane, amanota 58-56. Patriots BBC yatsinze […]Irambuye
Yitwa Saidi Niyitunga azwi ku izina rya The Black kuko ari igikara cyane, akora ibintu bisa n’ibitangaje aho umubiri we awutoboza ibikwasi, agahekenya inzembe akamira, agahinguranya amatama atoboje igiti byose akabikora nk’utababara na mba. Bamwe ubu bavuga ko yaba akorana n’imbaraga z’umwijima ariko we avuga aribyo yize mu ishuri. Ni umusore w’ikigero cy’imyaka 35 yanyuze […]Irambuye
Mu mateka ya Portugal nibwo bwa mbere yegukanye irushanwa rikomeye. Ibikoze muri iri joro itsinda France kuri Stade France mu mukino wa nyuma wa Euro2016 ku gitego kimwe cyatsinzwe na Éderzito António Macedo Lopes umusore wavukiye muri Guinea Bissau. Portugal ntiyigeze ihabwa amahirwe kuva irushanwa ritangiye. Yazamutse mu itsinda yarimo nk’ikipe ya gatatu yitwaye neza. […]Irambuye
Patriots BBC yatwaye igikombe cya shampiyona yatsinzwe na IPRC South amanota 67-72, byongerera amahirwe gutwara igikombe cya playoffs iyi ikipe yo mu majyepfo. Umukino wa nyuma wa gatatu muri Basketball Playoffs, wahuzaga Patriots BBC yatwaye igikombe cya shampiyona, na IPRC South bagihanganiye, wabereye kuri Petit Stade i Remera mu ijoro ryo kuwa gatanu. IPRC South […]Irambuye