Abatwaye igikombe cy’Amahoro mu basaza ntibabonye 1000.000Frw bijejwe

Ikipe yitwa (ALWAHAD) y’abasheshe akanguhe bakunda kwita (ABA-VETERAN) mu marushanwa y’igikombe cy’Amahoro baravuga ko nyuma yo kwitabira irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro, batahawe amafaranga miliyoni Frw 1 bari bemerewe. As Kigali ku ya 04, Nyakanga, 2019 yatwaye igikombe cya ririya rushanwa itsinze Kiyovu Sports, ikaba yaramaze guhabwa sheki ya miliyoni 10Frw. Amwe mu matsinda yatwaye na yo […]Irambuye

Umutoza mushya na Iranzi Jean Claude wakiniye APR FC batsinze

Rayon Sports itangiye neza irushanwa rya CECAFA Kagame Cup, abakinnyi bavuye muri APR FC bari bafite imbaraga z’abafana babakomeraga amashyi y’urufaya kuri buri gikorwa bakoze mu kibuga, n’ubundi Jules Ulimwengu akomeje kwerekana ko ari umukinnyi mwiza. Ku rupapuro Rayon Sports ntiyahabwaga amahirwe bitewe n’uko bakinaga n’ikipe y’ikigugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo no muri […]Irambuye

Abavuye muri Rayon Sports batsindiye APR FC umukino wa mbere

Kuri uyu wa Gatandatu irishanwa rya CECAFA Kagame Cup ryatangiye kuri Stade Kigali,  umukino urifungura wahuje APR FC na Proline FC yo muri Uganda, uwari Kapiteni wa Rayon Sports, Manzi Thierry ni we watsinze igitego (1-0) cyabonetse ku munota wa nyuma ngo ni ubutumwa yahaye abafana. Umukino wasifuwe n’abo muri Kenya, Komiseri w’umukino yari uwo […]Irambuye

Episode82: Bravo yanze kujya kureba Sabine wenyine, atakambiye Ryan ngo

Reka mfate umwanya nshimire Samantha wantunguye…kandi…kandii…Imana iguhe umugisha, nta kigora nko kuremera umuntu ibyishimo yifuza” Muri ako kanya nkivuga Samantha yatse umwanya byari mu byicaro bye n’ ubundi maze  maze aratubwira, Samantha-“Ryan! kuva wavuka wari watungurwa na rimwe?” Njyewe-“Ngira ngo nabikubwiye ko byambayeho uyu munsi, kandi rwose ikindi gihe uzabanze unteguze” Bose-“Hhhhhh!” Bahise bakubitana ibiganza, […]Irambuye

Ange Kagame ati: ” Nabonye uwo umutima wanjye ukunda”

Nyuma yo gukora ubukwe ku wa Gatandatu taliki, 06, Nyakanga, 2019, umukobwa w’imfura wa Perezida Kagame, Ange Kagame kuri iki Cyumweru yashimiye Imana yamuhaye umukunzi roho ye yakunze. Kuri Twitter yunze mu magambo yaririmbye n’umwami Salomo wa Israel ya kera( Indirimbo za Salomo 3:4), avuga ko umutima we wishimye kuko yabonye umugabo umutima we wakunze. […]Irambuye

Abafana Arsenal bashima uburyo yamamaza ‘Visit Rwanda’

Perezida w’Ihuriro nyarwanda ry’abafana ba Arsenal, (Rwanda Arsenal Fans Club, RAFC), Appolo Munanura avuga ko kuva hatangira ubufatanye hagati ya Leta y’u Rwanda n’Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza inyungu zavuyemo zitagirira akamaro abafana b’ikipe gusa ahubwo ngo zigera no ku bandi Banyarwanda. Munanura avuga ko ubusanzwe mu Rwanda Arsenal ifite abafana kuva kera kandi […]Irambuye

Gasabo: Yapfiriye mu rusengero arimo ahimbaza Imana

Mu masaha y’igicamunsi umugore witwa Anne Uwimana yapfiriye mu rusengero ubwo yari arimo aririmba ahimbaza Imana. Abari kumwe nawe ngo bamubonye amanutse gahoro aryama hasi baza kumuhungiza bagira ngo ni umwuka umubanye muke. Batabaje imbangukiragutabara ije isanga yashizemo umwuka. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Kagugu w’umusigire mu murenge wa Kinyinya muri Gasabo Etienne Nzajyibwami yabwiye Umuseke […]Irambuye

Ibihembo bihabwa iyatwaye icy’amahoro biraciriritse- Min Amb Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungireh ubwo yari yaje kureba umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro wari wahuje AS Kigali na Kiyovu FC yabwiye Umuseke urebye igisobanuro cy’igikombe cy’amahoro ukareba n’ibihembo bigitangwaho usanga biciriritse. Uyu munyacyubahiro usanzwe ufana Mukura VS avuga ko n’ubwo nta kipe yafanaga mu zakinnye kuri uyu wa Kane ariko […]Irambuye

en_USEnglish