Digiqole ad

AMAFOTO: Urukerereza rubyina ibijyanye na buri Ntara y’u Rwanda

 AMAFOTO: Urukerereza rubyina ibijyanye na buri Ntara y’u Rwanda

Ni imbyino zisa n’umudiho ufite imbaraga

Mbere itorero ry’Igihugu Urukerereza ryaserukiraga u Rwanda ariko abantu bakaribona nk’itorero rigaragaza umuco w’Intara y’Amajyepfo bitewe n’amateka iyi Ntara yagize ahanini ashingiye ku ngoma ya cyami. Uyu munsi Urukererezabagenzi rubyina imbyino zose ugendeye ku miterere y’u Rwanda. Ku munsi w’Umuganura i Nyagatare abantu barishimye kandi batangazwa n’imbyino zabo.

Ni imbyino zisa n'umudiho ufite imbaraga
Ni imbyino zisa n’umudiho ufite imbaraga zo mu Majyaruguru y’u Rwanda

Nk’uko byasobanuwe n’Umusaza Straton Nsanzabaganwa, yasobanuye ko Urukerereza rw’uyu munsi rwa rwagiye rwicamo amasibo (amatsinda) buri rimwe rikaba rihagarariye Umujyi wa Kigali na buri Ntara muri enye zigize igihugu.

Yavuze ko ibyo byerekana ko iri torero rihagarariye imico yose y’u Rwanda, ariko bakabyinira hamwe zimwe mu mbyino mu rwego rwo kugaragaza ubumwe bw’Abanyarwanda.

Mu mafoto uku niko ku munsi w’Umuganura wizihijwe tariki ya 7 Kanama 2015 mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Karangazi, i Ndama, byari byifashe.

Isibo y’Iburengerazuba mu mwiyereko: 

Uyu ni Umuhire Joyeuse wari uharagariye isibo y'Uburengerazuba
Uyu ni Umuhire Joyeuse wari uharagariye isibo y’Uburengerazuba
Isibo y'Uburengerazu yo ni uko yaserutse ibyina
Isibo y’Uburengerazu yasurutse ibyina umudiho nk’uwo ku Nkombo
Bose batwarira amaboko hejuru icyarimwe ukabona binogeye amaso
Bose batwarira amaboko hejuru icyarimwe  ari nako baceka umugeri inyuma ukabona binogeye amaso

 

Isibo ry’Intara y’Amajyepfo mu mishayaayo:

Abo mu Ntara y'Amajyepfo ni uko babyina imbyino zihiganje
Abo mu Ntara y’Amajyepfo ni uko babyina imbyino zihiganje
Abo bagize isibo ihagarariye Amajyepfo barabyina umushayayo
Abo bagize isibo ihagarariye Amajyepfo barabyina umushayayo
Habamo kubahana icyo gihe abandi baba bafasha ababyina babkomera amashyi
Habamo kubahana icyo gihe abandi baba bafasha ababyina babkomera amashyi
Aho ni mu Majyepfo
Aho ni mu Majyepfo

 

Isibo yo mu Ntara y’Iburasirazuba:

Aha biyerekanaga mu mbyino z'umuco wo mu Burasirazuba bw'u Rwanda
Aha biyerekanaga mu mbyino z’umuco wo mu Burasirazuba bw’u Rwanda
Baragororotse
Baragororotse
Abo ni abakobwa babyina mu isibo ihagarariye umuco wo mu ntara y'Uburasirazuba
Abo ni abakobwa babyina mu isibo ihagarariye umuco wo mu ntara y’Uburasirazuba

 

Isibo yo mu Ntara y’Amajyaruguru:

Uyu musore ni we ukuriye isibo y'Amajyaruguru
Uyu musore ni we ukuriye isibo y’Amajyaruguru
Uko niko babyina imbyino z'iyo haraguru
Uko niko babyina imbyino z’iyo haraguru
Abo ni abakobwa babyina mu isibo y'Amajyaruguru
Abo ni abakobwa babyina mu isibo y’Amajyaruguru
Mu Ntara y'Amajyaruguru ho haba ikinimba gifite imbaraga ababyina baba basa nk'abicaye
Mu Ntara y’Amajyaruguru ho haba ikinimba gifite imbaraga ababyina baba basa nk’abicaye

 

Isibo ihagarariye Umujyi wa Kigali na yo ikurikiraho:

Uyu ni we uyobora isibo ry'Umujyi wa Kigali
Uyu ni we uyobora isibo ry’Umujyi wa Kigali
Aba ni isibo ihagarariye Umujyi wa Kigali
Aba ni isibo ihagarariye Umujyi wa Kigali
Abo ni ababyinnyi bahagarariye Umujyi wa Kigali
Abo ni ababyinnyi bahagarariye Umujyi wa Kigali
Iyo ni inyogosho y'abakera bita amasunzu ntigikunze kuboneka
Iyo ni inyogosho y’abakera bita amasunzu ntigikunze kuboneka

Hari imbyino babyina bose byerekana ubumwe bw’Abanyarwanda.

Aba nibo batera indirimbo Urukerereza rubyina
Aba nibo batera indirimbo Urukerereza rubyina
Intore z'Itorero ry'Igihugu Urukerereza
Intore z’Itorero ry’Igihugu Urukerereza
Ababyinnyi b'Itorero Urukerereza mu mwiyereko
Ababyinnyi b’Itorero Urukerereza mu mwiyereko
Ku munsi w'Umuganura hari inkangara nini irimo umusaruro w'impeke
Ku munsi w’Umuganura hari inkangara nini irimo umusaruro w’impeke
Binjiye muri ubu buryo
Binjiye muri ubu buryo
Mu ruvange rw'amasibo uko niko binjiye baje gususrutsa abantu bari aho
Mu ruvange rw’amasibo uko niko binjiye baje gususrutsa abantu bari aho

Amafoto/HATANGIMANA/UM– USEKE

HATANGIMANA Ange Eric
UM– USEKE.RW

6 Comments

  • Wao!amajyepfo igicumbi cy’umuco

  • Nibyiza cyane kwerekana umuco wacu! Ariko hari ibintu aba babyinnyi birengagiza nkana kandi babizi: isibo y’umujyi wa kigali harimo bamwe bafite inyogosho/ style (hear cut) ihabanye n’umuco wa kera.
    Abo ba Nyampinga nabo ntabwo babyubahirije uko kera bajanishaga ndavuga umusatsi gakondo n’ibindi.
    muri rusange ni byiza pe ndishimye!
    Habeho aberekana ibya kera n’aberekana aho bigeze bitera imbere.

  • Mbega ibintu byiza!!!!!!!!!!!!!!

  • umuco wacu inkingi yi tera mbere mu rwanda rwacu

  • good

    • ucowacutuwumeze nicike murwanda rwacu?

Comments are closed.

en_USEnglish