6 Comments

  • Kigali mureke ubusambo

  • Nibyiza gusura mu rugo iyo bahishije ibiryo kuko nawe ubiryaho. Ariko iyo usanze bitarashya bashobora kubiteka umunsi wose. Nanjye rero namenye ko batetse simpfa kuhava ndahicara bwashaka bukanyiriraho mpaka mbiriyeho.

  • Ibintu bigeze iwa Ndabaga, ubwo abantu basigaye barira muri douche. Ni danger koko !

  • Ni dange kabisa.nonese kuki baza bihiye. Njye abashitsi bashaja kunsura bajye babanza kwaka rendez vous uzaza ntarendez vous nsinza mwakira

  • Ibyisi ni ubusa,iyo upfuye ntabyo bakugerekaho!
    Mujye mubaha cg mubireke.

  • Aho bukera muzajya mubirira muri WC! Ubutindi we!

Comments are closed.

en_USEnglish