Kigali mureke ubusambo
Nibyiza gusura mu rugo iyo bahishije ibiryo kuko nawe ubiryaho. Ariko iyo usanze bitarashya bashobora kubiteka umunsi wose. Nanjye rero namenye ko batetse simpfa kuhava ndahicara bwashaka bukanyiriraho mpaka mbiriyeho.
Ibintu bigeze iwa Ndabaga, ubwo abantu basigaye barira muri douche. Ni danger koko !
Ni dange kabisa.nonese kuki baza bihiye. Njye abashitsi bashaja kunsura bajye babanza kwaka rendez vous uzaza ntarendez vous nsinza mwakira
Ibyisi ni ubusa,iyo upfuye ntabyo bakugerekaho! Mujye mubaha cg mubireke.
Aho bukera muzajya mubirira muri WC! Ubutindi we!
Your email address will not be published. Required fields are marked *
© Since 2011, Umuseke. All rights reserved
6 Comments
Kigali mureke ubusambo
Nibyiza gusura mu rugo iyo bahishije ibiryo kuko nawe ubiryaho. Ariko iyo usanze bitarashya bashobora kubiteka umunsi wose. Nanjye rero namenye ko batetse simpfa kuhava ndahicara bwashaka bukanyiriraho mpaka mbiriyeho.
Ibintu bigeze iwa Ndabaga, ubwo abantu basigaye barira muri douche. Ni danger koko !
Ni dange kabisa.nonese kuki baza bihiye. Njye abashitsi bashaja kunsura bajye babanza kwaka rendez vous uzaza ntarendez vous nsinza mwakira
Ibyisi ni ubusa,iyo upfuye ntabyo bakugerekaho!
Mujye mubaha cg mubireke.
Aho bukera muzajya mubirira muri WC! Ubutindi we!