Abakinnyi batangiye kurya ayo bakoreye, uyu ni Cesc Fabregas
Abakinnyi b’umupira w’amaguru ku mugabane w’Uburayi, nyuma y’uko shampionat mu bihugu byabo zirangiye, benshi muri bo ubu nibwo babonye akanya ko kwishimisha n’imiryango yabo ahatandukaye.
Umukinnyi Francesc Fàbregas Soler w’ikipe ya FC Barcelona, yabuze igikombe cya Shampionat, ntinatware icya Champions Ligue, yagaragaye ku mucanga w’ahitwa Ibiza we n’inshutikazi ye bari kwishimisha.
Fabregas akaba we atagomba gutinda kuko agomba kujya mu ikipe y’igihugu ya La Roja ya Espagne, kugirango bitegure imikino ya Euro 2012 izatangira tariki 08 z’ukwezi gutaha.
Benshi mu bandi bakinnyi nka Wayne Rooney uherutse kugaragara i Las Vegas n’abandi bakinnyi nka Frank Lampard, Didier Drogba, Chicharito, Kevin Prince Boateg n’abandi bari mu bahise batangira kugaragara mu biruhuko ahantu hatandukanye n’abakobwa cyangwa abagore babo.
Plaisir Muzogeye
UM– USEKE.COM
0 Comment
abagira ibihiye baryinkwi
nukurikwose nivyiza kuyakorera biragoye ariko kuyarya nakaravyo ugeze kumu chier ho nihatari.ariko huuhuuuuuu!!!!!
Mwa bahungu mwe murya ubuzima, abagira inkwi zumye barya ibihiye,sawa baryoherwe.
Uraho umusaza!!uriya mujyama arya neza kabisa.
mwana frabregas ufite umugore mwiza niwihangitse kabisa uko urasa amashoti niba na moteur ariko bimeze abapfubuzi ntibazajyera iwawe ko mereya aho
olivier wavugishijwe kabisa ariko ntawe bitabaho. fab urarenze reka nigane olivier burya abagira ibihiye barya inkwi.
N’undi wese wabishaka yarya bene ubu buzima. Abakobwa barahari kandi kujya ku mucanga nta mafaranga bigura!
haaa aka ni akamaramaza kuko abanyaburaya bararenze
ameze nkumushoferi da, inyuma arahombanye.
BARAKEYE DA KDI BAZI UTUNTU MUGE MWEMERA
BARACYEYE NUKO AKANYA
EREGA BARAKORERA.
ntawe bitabera uretse ko ubushobozi no kuvuga icyo ushaka bikomeza kutubera ibamba.
Ahaaaaaaaa, basore nimwitonde mutazabona abarya ibyo bakoreye mu kifuza kurya nkabo mutakoze. Pole dukore ejo nitwe!!!!!!!!!!!!!!!
Fabregas ndakwemeye irire ubuzima none kuba wayikorereye mbiririre cyakora ufite umugore mwiza ariko nimutoya niba uko utera munshundura ari nako ubigenza.komereho abaginkwi barya ibihiye.
erega nino iwacu barahari usibye umururumba kuko nziko ino mu Rwanda bahali ariko bagakunda amafaranga mwabantumwe
iyinkumi rwose ntiryoshye mwishavura
Ariko buriya buri wese arya uko ashoboye!Abanyarwanda bati ”INKOKO IDONDA AKO IBASHIJE”Mugire amahoro!
burya uzarye umwana wangu!!!!!
hari igihe uzarya ukaba samson wo muri bible
rekana na bastar biwacu batsimba incuti zabo kugirango babeshye benci
ariko nawe atera ruhago!! ko ndeba utubuno twe tumeze nkutwihene irisha ku rugo cyangwa utwimbwa ihunga umujugujugu
general b mu rwanda nta mu star uhaba naho kubatsimba n’ubujiji no gutendeka
ABANYAMAKURU NABO BARAKABYA UBWOSE AYO MAFOTO BAYAFATIYEHE?
nakomereze ahonamubwira iki?
Comments are closed.