Sentore abarusha kwambara neza boseee.
Naho abanyarwanda biha kwigira ba Harlem, abandi bakambara ibinyururu bidafite epfo na ruguru.
cyokoze mbonyemo air jordans ebyiri nzima.
eliane says:
06/05/2015 at 05:26
Ndayimoni ikora kuzuba nanijoro!
Kanyamupira says:
06/05/2015 at 05:34
Active ni aba mbere bakanikurikira. Kbs congz!
Luna says:
06/05/2015 at 07:21
Sentore ni class,arambara akaberwa,agasa neza pe,,
nta kwigana agira ashwi!! aguma mu mubiri we rwose,bigaragaza ko nawe yiyizi kndi yifitiye ikizere,
like like and like,.
Claude says:
06/05/2015 at 08:17
Ahubwo se ubwo wowe ntubyiyumvamo ko ubogama, Rafiki niwe wakwibwiriye ko yambara ibya macye se?! Ko mbona hari abambaye imyenda 3 ni 100 utavuze ko bambaye ibihendutse?! Naho gukodesha se no kwambara ibyawe, ubigereranya gute?! On compare ceux qi est comparable
Brownyyyy says:
06/05/2015 at 08:19
Harya Senderi afite imyaka ingahe!!
Mubaraba says:
06/05/2015 at 09:54
Iyu kuri kuva twigana primaire ni 48 years ubu sinzi iyo avuga !!!
– Umubiri uzabora wibagirane, uko bakesha umubiri babe ari nako bakesha roho n’imyuka yabo ku bw’ubuzima bw’iteka.
– Uko bambara bagakundwa, bitonde, batazabera umuzigo n’ikigusha imiryango yabo n’igihugu, nyuma yo kwiyandarika bakiyanduza, bakanduza n’isinzi ry’abantu, maze ejo bariya babafana batabasha no kubakoraho bakazaba aribo bari kubashyingura nyuma bagasigara barera imfubyi basize, wenda zitanafite ubuzima buzira umuze! Imana ibarinde iherezo ribi
sipha says:
06/05/2015 at 21:09
congs kubastar bacu they are all smart especially melodie
NSHIMIYIMANA Eric says:
06/06/2015 at 10:09
This is strong exaggerations.
It’s better to wear expensively, but more to give a good production with strong and strange messages.Big up!
Nsenguymva vincent says:
06/06/2015 at 13:24
ARIKO ABOBAHANZI BACU KOMBONA IFARANGA RYOSE WAGIRANGO BARIMARIRA MUMYAMBARIRE AHO HARI CYO BIZIGAMIRA? ESE KWAMBARA IYOMINYURURU NITEGEKO RYA BRALIRWA KO BYANYOBEYE.
Enatha ZANINKA says:
06/12/2015 at 09:55
I MANA IZABAHE UMUTIMA WIHANA KANDI UBWO BUTUNZI MUBUKOROSHE UMURIMO WOGUFASHA ABANA BAYO.
LINDA says:
06/13/2015 at 12:57
PAS OR PUR NI OR PLAQUE BIVUGA KO NTAWAMBAYE OR URIMO NIBIKWANGARI GUSA NI BYIZA
Rwanda rwacu says:
06/14/2015 at 22:38
Jules Sentore arabarusha bose kuko we ari umusirimu atari umu star gusa
yhn says:
06/15/2015 at 16:17
ikigaragara bambara ibintu bikodeshejwe fact reba izi medal za “gold” nizimwe zambawe na ba star benshi so uko mbona ni lent not owned ncuti but by the way big up bakomeze bazabigeraho inchallah NTIBAZACIKE INTEGE IMANA imbere
chou says:
06/17/2015 at 09:26
ntimukabeshye amanyarwanda mubabwira ubusa.
ibi bintu bambaye mu ijosi ná,asaha byose ni pirate, ibyinshi bigura 10,000.
ikindi imyenda bambaye ni second hand, uhenze wagura 1000-10,000.
mujye mwandika inkuru zifasha banyarwanda gutera imbere, not izi zúbujiji.
Thanks
kana says:
06/21/2015 at 08:44
hano harimo kurengera no gusesereza ngo rafiki yambaye ibya make ;ubizi ute? ikindi nakubwira nuko ariya ma chainnette atari zahabu pur: iriya chainnette ingana kuriya iramutse ari zahabu pur mpamya ko nta muhanzi n’umwe muri bariya wayigurira;kuko byonyine amafranga yakura muri guma guma aramutse ayitwaye, ntiyanagura iriya chainnette iramutse ari zahabu pur.
umubiri urawutaka ukawusiga ariko ntunyurwa!! Nimushyire imbaraga ku bifatika
muhoza says:
06/24/2015 at 14:09
Mujye mutwereka ibikorwa bamaze kugeraho birambye kurusha imyambaro kuko kwambara ntabwo ari achievement wenda mwatwereka amazu yabo, amamodoka ibirwa bamaze kugura but wearing just what is that? Hari ugenda yambaye ubusa se
30 Comments
Iyo mitako ntabwo ari zahabu pure rwose ntibazababeshye ahahahh
Bonjour ,
ariko n’itegeko kwambara iyo minyururu? nayo masaha, ese bralirwa niyo ibibaha?
ariko iyo miringa ko mbona yabaye rusange kuri abo bahanzi cg ni itegeko rya bralirwa kuyambara (iyo yo muri egypt).
hahhaha nuko bakodesha nyine nahubundi !!!!!!!
yewe ndabona basa na bike ahubwo bazakore indirimbo bayite ngo harakaba ho brarirwa
Aba bastar bacu ntibanaberwa rwose. Pirate ihora ari pirate koko.
Vyose nubusa! Nimukizwe ntimuzoje mumuriro udahera, aho satani azoshana nabanyavyaha.
Sentore abarusha kwambara neza boseee.
Naho abanyarwanda biha kwigira ba Harlem, abandi bakambara ibinyururu bidafite epfo na ruguru.
cyokoze mbonyemo air jordans ebyiri nzima.
Ndayimoni ikora kuzuba nanijoro!
Active ni aba mbere bakanikurikira. Kbs congz!
Sentore ni class,arambara akaberwa,agasa neza pe,,
nta kwigana agira ashwi!! aguma mu mubiri we rwose,bigaragaza ko nawe yiyizi kndi yifitiye ikizere,
like like and like,.
Ahubwo se ubwo wowe ntubyiyumvamo ko ubogama, Rafiki niwe wakwibwiriye ko yambara ibya macye se?! Ko mbona hari abambaye imyenda 3 ni 100 utavuze ko bambaye ibihendutse?! Naho gukodesha se no kwambara ibyawe, ubigereranya gute?! On compare ceux qi est comparable
Harya Senderi afite imyaka ingahe!!
Iyu kuri kuva twigana primaire ni 48 years ubu sinzi iyo avuga !!!
Buriya se Knowless yambaye iki? zero/icumi(0/10)
ARIKO C IYO UBONA SENTORE YAMBAYE CHENETTE TNP BAMBAYE NTACYO WIBWIRA?
AHO GUKODESHA NTIWAGURA?
WASANGA ABO MUVUGA BATAMBAYE NKABO BABYIGURIRA ABANDI BAGAKODESHA
Nibyiza rwose baraberewe ariko bamenye ibi:
– Umubiri uzabora wibagirane, uko bakesha umubiri babe ari nako bakesha roho n’imyuka yabo ku bw’ubuzima bw’iteka.
– Uko bambara bagakundwa, bitonde, batazabera umuzigo n’ikigusha imiryango yabo n’igihugu, nyuma yo kwiyandarika bakiyanduza, bakanduza n’isinzi ry’abantu, maze ejo bariya babafana batabasha no kubakoraho bakazaba aribo bari kubashyingura nyuma bagasigara barera imfubyi basize, wenda zitanafite ubuzima buzira umuze! Imana ibarinde iherezo ribi
congs kubastar bacu they are all smart especially melodie
This is strong exaggerations.
It’s better to wear expensively, but more to give a good production with strong and strange messages.Big up!
ARIKO ABOBAHANZI BACU KOMBONA IFARANGA RYOSE WAGIRANGO BARIMARIRA MUMYAMBARIRE AHO HARI CYO BIZIGAMIRA? ESE KWAMBARA IYOMINYURURU NITEGEKO RYA BRALIRWA KO BYANYOBEYE.
I MANA IZABAHE UMUTIMA WIHANA KANDI UBWO BUTUNZI MUBUKOROSHE UMURIMO WOGUFASHA ABANA BAYO.
PAS OR PUR NI OR PLAQUE BIVUGA KO NTAWAMBAYE OR URIMO NIBIKWANGARI GUSA NI BYIZA
Jules Sentore arabarusha bose kuko we ari umusirimu atari umu star gusa
ikigaragara bambara ibintu bikodeshejwe fact reba izi medal za “gold” nizimwe zambawe na ba star benshi so uko mbona ni lent not owned ncuti but by the way big up bakomeze bazabigeraho inchallah NTIBAZACIKE INTEGE IMANA imbere
ntimukabeshye amanyarwanda mubabwira ubusa.
ibi bintu bambaye mu ijosi ná,asaha byose ni pirate, ibyinshi bigura 10,000.
ikindi imyenda bambaye ni second hand, uhenze wagura 1000-10,000.
mujye mwandika inkuru zifasha banyarwanda gutera imbere, not izi zúbujiji.
Thanks
hano harimo kurengera no gusesereza ngo rafiki yambaye ibya make ;ubizi ute? ikindi nakubwira nuko ariya ma chainnette atari zahabu pur: iriya chainnette ingana kuriya iramutse ari zahabu pur mpamya ko nta muhanzi n’umwe muri bariya wayigurira;kuko byonyine amafranga yakura muri guma guma aramutse ayitwaye, ntiyanagura iriya chainnette iramutse ari zahabu pur.
Ariko se ko mbona harimo n’abasaza ubwo iminyururu niyo bazaraga abana babo? Mutugezeho n’amazu bubatse cyangwa bazatahira iriya mitako bishyiraho gusa byaba bibabaje!!
umubiri urawutaka ukawusiga ariko ntunyurwa!! Nimushyire imbaraga ku bifatika
Mujye mutwereka ibikorwa bamaze kugeraho birambye kurusha imyambaro kuko kwambara ntabwo ari achievement wenda mwatwereka amazu yabo, amamodoka ibirwa bamaze kugura but wearing just what is that? Hari ugenda yambaye ubusa se
ni danger
Comments are closed.