Digiqole ad

Abahanzi barayakorera bakanayambaramo… AMAFOTO

 Abahanzi barayakorera bakanayambaramo… AMAFOTO

Bakorera menshi nabo bakambarira menshi

Urubyiruko rwinshi usanga rwigana kwambara ‘gi star’, ariko na ba nyiri ubwite, haba abo mu mahanga cyangwa abo mu Rwanda birabahenda. Aba ni abari muri PGGSS 5 aho usanga ibintu byose umwe yambaye bishobora no guhagarara ibihumbi 200 (hejuru ya 270$).

Bakorera menshi nabo bakambarira menshi
Bakorera menshi nabo bakambarira menshi

Aya ni amwe mu mafoto y’imyambarire ahatandukanye ubu bamaze kujya mu bitaramo;

i Huye:

Banza urebe iyi foto y'aba security, uraza kubona itandukaniro.
Banza urebe iyi foto y’aba security, uraza kubona itandukaniro.
Active, bamwe mu bita cyane ku myambarire yabo
Active, bamwe mu bita cyane ku myambarire yabo
TNP nabo bashyira ingufu mu kwambara
TNP nabo bashyira ingufu mu kwambara
Imyenda n'imiringa biba bihenze
Imyenda n’imiringa biba bihenze
Yewe n'inkweto si iza macye
Yewe n’inkweto si iza macye
Dream Boys nk'uko bisanzwe, bo baba bagomba no kujyanisha
Dream Boys nk’uko bisanzwe, bo baba bagomba no kujyanisha
Bene ibyo binyururu n'amasaha birahenda cyane, udasize na iPhone
Bene ibyo binyururu n’amasaha birahenda cyane, udasize na iPhone
Rafiki, bigaragara ko adahendwa cyane n'imyambaro
Rafiki, bigaragara ko adahendwa cyane n’imyambaro
We ni umusoda wa 'Jah'
We ni umusoda wa ‘Jah’
Pacy aba agomba nawe kujyanisha, imyambaro y'abakobwa nayontihenduka cyane
Pacy aba agomba nawe kujyanisha, imyambaro y’abakobwa nayontihenduka cyane, cyane cyane iy’aba star
Isaha, iminyururu ku kaboko n'utundi tuntu tutagura abiri
Isaha, iminyururu ku kaboko n’utundi tuntu tutagura abiri
Sentore agaragara neza cyane ariko nk'uciriritse
Sentore agaragara neza cyane ariko nk’uciriritse
Ibi bambara mu ijosi ariko birakosha
Ibi bambara mu ijosi ariko birakosha
Knowless muri zahabu n'imyambaro y'igiciro
Knowless muri zahabu n’imyambaro y’igiciro
Kujyanisha no kwambara ibindi bihenze hamwe n'inseko nk'iyi birajyanye
Kujyanisha no kwambara ibindi bihenze hamwe n’inseko nk’iyi birajyanye
Senderi ntako aba atagize, nubwo uyu mwaka yagabanyije 'udukoryo' twamuhenze cyane ubushize
Senderi ntako aba atagize, nubwo uyu mwaka yagabanyije ‘udukoryo’ twamuhenze cyane ubushize
Bruce Melodie n'inkweto nawe arabizi ko ari iz'igiciro
Bruce Melodie n’inkweto nawe arabizi ko ari iz’igiciro

 

i Rubengera/ Karongi:

Bruce Melodie agarutse muri za zahabu cyangwa ibisa nayo
Bruce Melodie agarutse muri za zahabu cyangwa ibisa nayo
Dream Boys bambaye ibijya guciririka nubwo nabwo bitagura macye
Dream Boys bambaye ibijya guciririka nubwo nabwo bitagura macye
Active bo haba harimo n'amaringushyo mu myambarire
TNP bo haba harimo n’amaringushyo mu myambarire
Usibye no guhenda byanagorana kubishakisha
Usibye no guhenda byanagorana kubishakisha
Pacy muri Jeans hasi no hejuru n'imiringa ku ruhande
Pacy muri Jeans hasi no hejuru n’imiringa ku ruhande
Knowless agaragara nk'uwambaye bisanzwe
Knowless agaragara nk’uwambaye bidakabije cyane guhenda
Wa musirikare akomeje guhendukirwa, nubwo ubu yambaye isheni n'impeta by'umuringa utavangiye
Wa musirikare akomeje guhendukirwa, nubwo ubu yambaye isheni n’impeta by’umuringa utavangiye
Active bo bagomba kuba bari Chic buri gihe, ku myambaro kandi itagura macye nubwo wayigurira ahahendutse gute
Active bo bagomba kuba bari Chic buri gihe, ku myambaro kandi itagura macye nubwo wayigurira ahahendutse gute
Dog we ni 'simple' nta bintu byinshi uretse izina n'umwenda
Dog we ni ‘simple’ nta bintu byinshi uretse izina n’umwenda

 

i Muhanga

Active ku mikara bari buzamukane kuri 'stage' kubigura no kubitoranya ni umurimo
Active ku mikara bari buzamukane kuri ‘stage’ kubigura no kubitoranya ni umurimo
Dream Boys bafashe umukara n'umutuku mu myambaro idahendutse na busa
Dream Boys bafashe umukara n’umutuku mu myambaro idahendutse na busa
Rasta we akomeza kuba rasta
Rasta we akomeza kuba rasta
Active bigomba kubahenda kwambara buri hamwe, kandi bikababera
TNP bigomba kubahenda kwambara buri hamwe, kandi bikababera
Sentore yambaye bisanzwe ariko bihenze
Sentore yambaye bisanzwe ariko bihenze
Kimwe na Knowless
Kimwe na Knowless
Hamwe n'ingofero y'ubusirimu
Hamwe n’ingofero y’ubusirimu
Rapper nawe uyu munsi yabaye nk'uwambaye ibihenzeq
Rapper nawe uyu munsi yabaye nk’uwambaye ibihenze

 

Mu Ruhango

Melodie yaje mu nzahabu nanone
Melodie yaje mu nzahabu nanone
Active nabo bakomeza kwambara ibihenze n'udukoresho duhenze. (Ecouteurs za Beats Electronics za Dr Dre nk'izi zishobora kugeza kuri 150$)
Active nabo bakomeza kwambara ibihenze n’udukoresho duhenze. (Ecouteurs za Beats Electronics za Dr Dre nk’izi zishobora kugeza kuri 150$)
Abahungu baranipanga neza cyane
Abahungu baranipanga neza cyane
Bruce Melodie usibye inkweto zera anafite izitukura zitatse ikintu gisa na zahabu
Bruce Melodie usibye inkweto zera anafite izitukura zitatse ikintu gisa na zahabu
TNP bambara neza bihenze kandi n'amaringushyo menshi; Bandana ku itako, isogisi risa n'ibutura
TNP bambara neza bihenze kandi n’amaringushyo menshi; Bandana ku itako, isogisi risa n’ibutura
Senderi anyuzamo akanavangavanga amabara
Senderi anyuzamo akanavangavanga amabara
Rimwe na rimwe ubutumwa ku byambarwa n'aba Rasta ntibuba ari sawa.
Rimwe na rimwe ubutumwa ku byambarwa n’aba Rasta ntibuba ari sawa.
Pacy nawe ntabwo aba ari 'moindre'
Pacy nawe ntabwo aba ari ‘moindre’
Na 'macquillage' nta z'ubuntu zibaho
Na ‘macquillage’ nta z’ubuntu zibaho
The rapper yagarutse kuri old skul styles
The rapper yagarutse kuri old skul styles
Knowless mu myambaro isa n'isanzwe ariko itari iya macye
Knowless mu myambaro isa n’isanzwe ariko itari iya macye
Senderi we agira n'iy'akazi ituma anafata amazina mashya aba agezweho nka Mayweather bitewe n'iyo minsi
Senderi we agira n’iy’akazi ituma anafata amazina mashya aba agezweho nka Mayweather bitewe n’iyo minsi

Gusa “tout ce qui brille n’est pas or”

Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE

Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.RW

30 Comments

  • Iyo mitako ntabwo ari zahabu pure rwose ntibazababeshye ahahahh

  • Bonjour ,
    ariko n’itegeko kwambara iyo minyururu? nayo masaha, ese bralirwa niyo ibibaha?

  • ariko iyo miringa ko mbona yabaye rusange kuri abo bahanzi cg ni itegeko rya bralirwa kuyambara (iyo yo muri egypt).

  • hahhaha nuko bakodesha nyine nahubundi !!!!!!!

  • yewe ndabona basa na bike ahubwo bazakore indirimbo bayite ngo harakaba ho brarirwa

  • Aba bastar bacu ntibanaberwa rwose. Pirate ihora ari pirate koko.

  • Vyose nubusa! Nimukizwe ntimuzoje mumuriro udahera, aho satani azoshana nabanyavyaha.

  • Sentore abarusha kwambara neza boseee.
    Naho abanyarwanda biha kwigira ba Harlem, abandi bakambara ibinyururu bidafite epfo na ruguru.

    cyokoze mbonyemo air jordans ebyiri nzima.

  • Ndayimoni ikora kuzuba nanijoro!

  • Active ni aba mbere bakanikurikira. Kbs congz!

  • Sentore ni class,arambara akaberwa,agasa neza pe,,
    nta kwigana agira ashwi!! aguma mu mubiri we rwose,bigaragaza ko nawe yiyizi kndi yifitiye ikizere,
    like like and like,.

  • Ahubwo se ubwo wowe ntubyiyumvamo ko ubogama, Rafiki niwe wakwibwiriye ko yambara ibya macye se?! Ko mbona hari abambaye imyenda 3 ni 100 utavuze ko bambaye ibihendutse?! Naho gukodesha se no kwambara ibyawe, ubigereranya gute?! On compare ceux qi est comparable

  • Harya Senderi afite imyaka ingahe!!

  • Iyu kuri kuva twigana primaire ni 48 years ubu sinzi iyo avuga !!!

  • Buriya se Knowless yambaye iki? zero/icumi(0/10)

  • ARIKO C IYO UBONA SENTORE YAMBAYE CHENETTE TNP BAMBAYE NTACYO WIBWIRA?
    AHO GUKODESHA NTIWAGURA?
    WASANGA ABO MUVUGA BATAMBAYE NKABO BABYIGURIRA ABANDI BAGAKODESHA

  • Nibyiza rwose baraberewe ariko bamenye ibi:

    – Umubiri uzabora wibagirane, uko bakesha umubiri babe ari nako bakesha roho n’imyuka yabo ku bw’ubuzima bw’iteka.
    – Uko bambara bagakundwa, bitonde, batazabera umuzigo n’ikigusha imiryango yabo n’igihugu, nyuma yo kwiyandarika bakiyanduza, bakanduza n’isinzi ry’abantu, maze ejo bariya babafana batabasha no kubakoraho bakazaba aribo bari kubashyingura nyuma bagasigara barera imfubyi basize, wenda zitanafite ubuzima buzira umuze! Imana ibarinde iherezo ribi

  • congs kubastar bacu they are all smart especially melodie

  • This is strong exaggerations.
    It’s better to wear expensively, but more to give a good production with strong and strange messages.Big up!

  • ARIKO ABOBAHANZI BACU KOMBONA IFARANGA RYOSE WAGIRANGO BARIMARIRA MUMYAMBARIRE AHO HARI CYO BIZIGAMIRA? ESE KWAMBARA IYOMINYURURU NITEGEKO RYA BRALIRWA KO BYANYOBEYE.

  • I MANA IZABAHE UMUTIMA WIHANA KANDI UBWO BUTUNZI MUBUKOROSHE UMURIMO WOGUFASHA ABANA BAYO.

  • PAS OR PUR NI OR PLAQUE BIVUGA KO NTAWAMBAYE OR URIMO NIBIKWANGARI GUSA NI BYIZA

  • Jules Sentore arabarusha bose kuko we ari umusirimu atari umu star gusa

  • ikigaragara bambara ibintu bikodeshejwe fact reba izi medal za “gold” nizimwe zambawe na ba star benshi so uko mbona ni lent not owned ncuti but by the way big up bakomeze bazabigeraho inchallah NTIBAZACIKE INTEGE IMANA imbere

  • ntimukabeshye amanyarwanda mubabwira ubusa.

    ibi bintu bambaye mu ijosi ná,asaha byose ni pirate, ibyinshi bigura 10,000.

    ikindi imyenda bambaye ni second hand, uhenze wagura 1000-10,000.

    mujye mwandika inkuru zifasha banyarwanda gutera imbere, not izi zúbujiji.

    Thanks

  • hano harimo kurengera no gusesereza ngo rafiki yambaye ibya make ;ubizi ute? ikindi nakubwira nuko ariya ma chainnette atari zahabu pur: iriya chainnette ingana kuriya iramutse ari zahabu pur mpamya ko nta muhanzi n’umwe muri bariya wayigurira;kuko byonyine amafranga yakura muri guma guma aramutse ayitwaye, ntiyanagura iriya chainnette iramutse ari zahabu pur.

  • Ariko se ko mbona harimo n’abasaza ubwo iminyururu niyo bazaraga abana babo? Mutugezeho n’amazu bubatse cyangwa bazatahira iriya mitako bishyiraho gusa byaba bibabaje!!

  • umubiri urawutaka ukawusiga ariko ntunyurwa!! Nimushyire imbaraga ku bifatika

  • Mujye mutwereka ibikorwa bamaze kugeraho birambye kurusha imyambaro kuko kwambara ntabwo ari achievement wenda mwatwereka amazu yabo, amamodoka ibirwa bamaze kugura but wearing just what is that? Hari ugenda yambaye ubusa se

  • ni danger

Comments are closed.

en_USEnglish