Irushanwa ry’Akarere ka gatanu muri Volleyball ryaberaga muri Petit Stade i Remera mu mpera z’icyumweru gishize ryasojwe kuri uyu wa Mbere ryegukanwa na Kenya yatsinze u Rwanda amaseti 3-1. Gusa ibihugu byombi byakatishije itike yo gukina igikombe cya Afurika. Kenya yongeye kwigaranzura u Rwanda rwayitsinze mu marushanwa abiri y’akarere ka gatanu aheruka 2013 na 2015. […]Irambuye
Fils wari ucyambaye ikote yatugejeje ku muhanda maze turamusezera asubira mu rugo, amaze kwinjira mu gipangu, Joy- “Daddy! Ese koko turajyanye?” Njyewe- “Ma Beauty! Shyiraho akadomo! Ubu ndi hafi yawe kuko ari wowe navukiye kugaragira” Joy- “Ubu kuva uyu munsi ntabwo nzongera kurara ntakubonye?” Njyewe- “Jo! Iryo ni isezerano ntasimbuza feza cyangwa zahabu, ni umurage […]Irambuye
Impanuka y’imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Hiace ifite Plaque RAC 903K yakoze impanuka muri uyu mugoroba abantu babiri bahita bitaba Imana, abandi batanu barakomereka bikabije. Iyi mpanuka y’imodoka yari ivuye i Muhanga yerekeza mu mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bwa Polisi mu Karere ka Kamonyi ku murongo wa Telefone bwatangarije Umuseke ko batari bamenya […]Irambuye
Abana babiri b’abanyeshuri mu mwaka wa gatatu mu ishuri ryisumbuye rya Tekiniki rya St Peter Gihozo bitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere barohamye muri piscine ya Hotel Dayenu Nyanza. Aba bana bari baje koga muri iyi piscine ari batanu, bane muri bo bacumbitse mu kigo undi umwe ataba mu kigo. Abana bapfuye […]Irambuye
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze bavuga ko bamaze imyaka ine batarahabwa amafaranga y’ingurane y’ubutaka bwabo bwanyujijwemo umuhanda wakozwe ubwo hubakwaga Ishuri rikuru nkomatanyamyuga rya Musanze (Musanze Polytechnic). Aba baturage bavuga ko basiragiye kenshi mu buyobozi bukajya bubaha ikizere ariko amaso akaba akomeje guhera mu kirere. Mu bikorwa byo […]Irambuye
MPAYIMANA Philippe wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’igihugu yabwiye abatuye i Muhanga ko nibamutora azatinyura Abanyarwanda kuvuga ibitagenda neza kuko ngo ubusanzwe bakunze kwivugira ibigenda gusa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu Mudugudu wa Biti, Akagari ka Remera, mu Murenge wa Nyamabuye niho umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yimamarije bwa mbere muri aka […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere Ministeri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yatangije inama mpuzamahanga y’umuryango w’abagide igamije kongerera ubushobozi umwana w’umukobwa. Iyi Minisiteri irasaba abana b’abakobwa bo mu Rwanda kumvira inama z’umukuru w’igihugu n’iz’abandi bantu bakuru kuko baba bafite byinshi babarusha. Ministiri w’Uburinganire n’Iterambere n’Umuryango, Nyirasafari Esperance wagarutse ku nama z’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko […]Irambuye
Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano iheruka umusaza Joseph Habyarimana ari mu byayiranze, ubwo yabwiraga Perezida Kagame ati “Uturi imbere tukuri inyuma haki ya Mungu tugire amahoro”. Uyu munsi uyu musaza uyobora Koperative y’aba DS yagaragaye mu gikorwa cyo kwamamaza Perezida Kagame biteguye i Gikundamvura muri Rusizi. Habyarimana yahise amenyekana cyane kuva burya, uyu munsi yari yishimye […]Irambuye
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball Kwizera Pierre Marchal yasohoye impapuro zitumirira ubukwe bwe buteganyijwe tariki ya 2 Nzeri 2018. Ni nyuma yo gutandukana n’umugore wa mbere babanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Kuri uyu wa mbere tariki 24 Nyakanga 2017 Kwizara Pierre Marchal na bagenzi be bari mu ikipe y’igihugu ya Volleyball barakina umukino wa nyuma […]Irambuye
Uyu munsi mu murenge wa Mutete mu kagari ka Mutandi abaturage batashya ivuriro bubakiwe n’ingabo mu gikorwa cya Army Week, bishimiye cyane ko baruhutse urugendo rurerure bakoraga bajya kuri centre de Sante ya Musenyi. Aba baturage bakoraga nibura 10Km bajya Musenyi kwivuza, ababaga barembye cyane bakubitikaga bikomeye. Ibi byatumaga hari benshi bivuza bya gakondo. Jean […]Irambuye