Month: <span>November 2016</span>

U Rwanda rugiye gushyira imbaraga mu kugira abafite PhD mu

Mu kiganiro n’abanyamakuru Minisitiri w’uburezi Dr Papias Musafiri Malimba yavuze ko u Rwanda n’Africa bagiye gushyiraho Ikigo nyafurika cyagutse kizifasha mu kwigisha imibare ku rwego rwa gatatu rwa Kaminuza mu mibare(PhD in Mathematical sciences) hagamijwe kugira abahanga benshi muri uru rwego. Kuri Minisitiri Musafili ngo kumenya imibare ni ishingiro ry’ubundi bumenyi bwose ndetse ngo n’abana bo […]Irambuye

Police yafashe Toni 7 za Caguwa zaje mu Rwanda kuri

Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, kuri uyu wa gatatu berekanye imyenda ya caguwa ipima toni zirindwi yafashwe yinjijwe mu Rwanda mu buryo bwa magendu idatanze imisoro ivuye muri Congo, iyi myenda ngo yafatiwe ahantu hanyuranye mu burengerazuba bw’u Rwanda. Mu rwego rwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda, Leta yafashe ingamba zo kuzamura cyane imisoro […]Irambuye

“Michelle nta na rimwe azaba umukandida wo kuyobora USA” –

Byemejwe n’umugabo we Barack wasubije ku byahwihwiswaga ko hari igihe umugore we yaziyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika. Obama yavuze ko bitazabaho na rimwe. Kuva tariki 08 Ugushyingo Donald Trump yatsinda Hillary Clinton abanyamerika ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza ko bashobora gushyigikira Michelle mu gihe yakwiyamamaza nk’umuDemocrate mu 2020. Obama ariko yabwiye igitangazamakuru kitwa […]Irambuye

Tanzania yinjiye mu bihugu bizajya bihabwa umuti wa SIDA ku

Tanzania yabaye igihugu kinjiye muri gahunda yo guhabwa imiti igabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ku buntu ku nkunga ya America. Ambasaderi w’agateganyo wa America muri Tanzania, Virginia Blaser ni we watangije iyo gahunda ku mugaragaro. Yavuze ko iyo gahunda izagera ku bantu ibihumbi 800 igamije kugera ku ntego yo kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, ka […]Irambuye

V. Ndayisenga yizeye ko Mugisha Samuel azaba igihangange ku Isi

Nyuma ya Tour du Rwanda 2016, Valens Ndayisenga wayegukanye yemeza ko Mugisha Samuel watunguranye akarusha abandi mu misozi kandi ari umwana muto, ashobora kuzaba igihangange ku rwego rw’Isi. Hashize iminsi icyenda (9) isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda ku igare, Tour du Rwanda 2016 risojwe ku mugaragaro. Abanyarwanda babiri, Valens Ndayisenga na Mugisha Samuel ni bo […]Irambuye

Narahatirije ariko ngera ku nzozi zanjye- Bruce Melodie

Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ni umuhanzi nyarwanda watangiye umuziki ahagana muri 2006 ariko aza gutangira kumenyekana cyane by’ubunyamwuga ahasaga muri 2012. Abantu benshi iyo bikiri bato hari inzozi baba bifuza ko bazakabya igihe bazaba bamaze kuba bakuru. Bruce Melodie nawe inzozi ze  yarose kera ngo zabaye impamo. Kuko yifuzaga kuzaba umuhanzi ukomeye mu […]Irambuye

FERWAFA nayo yihanganishije ababuze ababo mu mpanuka y’indege muri Colombia

Muri Colombia habereye impanuka y’indege yari itwaye ikipe yo muri Brazil, Associação Chapecoense de Futebol, kimwe n’abandi benshi ku isi, ubuyobozi bwa FERWAFA nabwo bwihanganishije ababuze ababo n’umuryango w’umupira w’amaguru muri Brazil. Mu rukerera rwo kuwa kabiri tariki 29 Ugushyingo 2016, mu gace ka La Union ho muri Colombia habereye impanuka y’indege yari itwaye abantu […]Irambuye

Korali ‘Inkurunziza’ igiye kumurika album ya 4 bise “Mubwire Yesu”

Korali ‘Inkuru Nziza’ ni imwe mu ma korali amaze igihe akora ibikorwa bitandukanye by’ivuga butumwa. Yavutse mu 1999 ivukira mwitorero ry’abadivantiste b’umunsi wa karindwi rya bibare. Ku Cyumweru tariki ya 11 Ukuboza 2016 kuva saa sita z’amanywa ku rusengero rw’abadivantiste b’umunsi wa karindwi i Remera, iyi korali yateguye igitaramo cyo kumurika album bise ‘Mubwire Yesu’ […]Irambuye

Kaminuza ya UTB  itewe impungenge na ‘Hotels’ zikomeye zikoresha abatarabyigiye

Kaminuza y’ubukerarugendo; ubucuruzi n’ikoranabuhanga (UTB)  kuri uyu wa kabiri yatangaje ko igiye guhuriza hamwe abize muri iri shuli mu myaka 11 ishize kugira ngo bahuze ibitekerezo byafasha kunoza serivisi zitangwa mu mahoteli no mu bukerarugendo. Ubuyobozi bw’iyi kaminuza buvuga ko bubabazwa no kumva hari ‘Hotels’ zikomeye zikoresha abatarabyigiye. Igikorwa cyo guhuza bwa mbere abize muri […]Irambuye

Samuel Mwangi wakoze impanuka muri Tour du Rwanda yaciwe akaguru

Umunya-Kenya Samuel Mwangi ukinira Kenyan Riders Downunder, yakoze impanuka muri Etape ya nyuma ya Tour du Rwanda avunika igufwa, byamuviriyemo gucibwa akaguru. Tariki 20 Ugushyingo 2016, nibwo hakinwe agace ka nyuma k’isiganwa rinzenguruka u Rwanda mu magare, Tour du Rwanda 2016. Etape ya nyuma, yazengurutse ibice bitandukanye bya Kigali, ku ntera ya Km 108. Ubwo […]Irambuye

en_USEnglish