*Uyu mwaka hari impinduka, u Rwanda ruzahagararirwa n’amakipe atatu Mu gihe habura hafi amezi atatu ngo Tour du Rwanda 2016 itangire, amakipe azayitabira yamaze gutangazwa. Arimo Team Dimension Data yitoreza mu Butaliyani, na Stradalli – Bike Aid yo mu Budage. N’ama-Club abiri yo mu Rwanda. Isiganwa ry’amagare mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda, Tour du Rwanda 2016 izatangira […]Irambuye
Ku kiyaga cya Muhazi, ahagana ku ruhande rw’akarere ka Gicumbi mu majyaruguru y’u Rwanda ntihakirangwa ibiti by’imigano byahahoze, bamwe mu baturage bakavuga ko aho ibi biti bicikiye amazi y’iki kiyaga akomeje gusatira ubutaka bwabo basanzwe bahingamo akabutwara. Aba baturage baturiye aha hahoze imigano ariko itakiharangwa, bavuga ko babwiwe kenshi ko ibi biti biba bifatiye runini […]Irambuye
Mu rugendo rusa n’urutunguranye cyane, Mark Zuckerberg washinze urubuga nkoranyambaga rwa Facebook yagaragaye mu gihugu cya Nigeria kuri uyu wa kabiri. Nirwo rugendo rwe rwa mbere ruzwi akoreye muri Africa kuva yamenyekana cyane ku isi. Uyu mugabow’imyaka 32 yagaragaye asura imwe mu mishinga y’ikoranabuhanga y’urubyiruko i Lagos nk’uko bitangazwa na BBC. Facebook yashinze mu 2004 ni urubuga […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri Ibiro by’Umujyi wa Kigali byatangaje ko mu gihe cy’amezi 32 ari imbere hagiye kubakwa imihanda ireshyana 51,1Km ahanyuranye muri Kigali. Uyu mushinga ngo ugamije kugabanya umubyigano w’imodoka no kwagura imihanda isanzwe ifite ubushobozi buto ugereranyije n’abakeneye kuyikoresha. Imihanda izubakwa n’izongerwa ni ikurikira; *Kongera no guha inzira ebyiri umuhanda wa Kigali (Rondpoint) […]Irambuye
Caguwa ni imyenda Abanyaburayi batagishaka imbere y’inzu zabo, itangwa n’abayiharurutswe kugira ngo ihabwe abuntu bayikeneye, ikazanwa muri Afurika, igacuruzwa yiswe ko ari indi myenda mishya, uko niko Afurika yahindutse ingarani y’ibyashaje bitagikenewe i Burayi (L’Afrique, poubelle de l’Europe!). Hari umubare munini w’abatuye ku mugabane w’Uburayi batanga imyenda yabo buri munsi batazi ko ikurwamo za miliyoni […]Irambuye
Sannie Darra umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ghana yatangaje ko ikipe y’igihugu ya Black Stars ishobora kwivana mu mikino y’igikombe cya Africa cy’ibihugu cya 2017 ndetse ntinakine umukino isigaje n’Amavubi. Ghana yamaze kubona ticket yo gukina iriya mikino ya CAN 2017 aho iyoboye itsinda H irimo yo n’u Rwanda, Mozambique na Iles […]Irambuye
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu batarengeje imyaka 19, ikomeje imyiteguro y’igikombe cya Afurika, kizaba muri Nzeri muri Tunisia. Abasore batoranyijwe mu bigo by’amashuri bari mu mwiherero bitegura ‘Volleyball Africa Youth Championships U19’ igikombe kizabera i Tunis muri Tunisia hagati ya tariki 6-16 Nzeri 2016. U Rwanda rufite intego yo kurangiza mu bihugu bitatu […]Irambuye
Abagore 39 bo muri Ghana bari bagiye mu mutambagiro mutagatifu (Hajj) muri Arabia Saoudite basubijwe iwabo batageze i Macca kuko baje badaherekejwe n’abagabo babo cyane bo mu miryango yabo nk’uko byatangajwe n’ibiro bishinzwe izi ngendo ntagatifu muri Ghana. Abirukanywe barimo abakobwa icyenda bakiri bato n’abandi 30 bakuru ngo batari bafite umugabo ubaherekeje. Muri Arabia Saudite […]Irambuye
*Ibishanga byororerwamo inka ngobyatumye abaturage babura imboga *Guturana na Kigali ngo bituma amafi yose ariho ajyanwa bo ntibarye ifi Ni ku munsi w’Umuganda, tariki ya 27 Kanama Umuseke waganiriye n’abaturage bo mu kagari ka Nyarubuye, mu murenge wa Fumbwe ho mu Buganza bwegamiye u Rukaryi mu karere ka Rwamagana, ngo babona intungamubiri z’ibikomoka ku matungo […]Irambuye
Meddy na The Ben, ni abahanzi bakunzwe cyane mu rubyiruko n’abakunda muzika nyarwanda, abafana ba muzika ntibahwema kubagereranya. Ubu byariyongereye cyane kubera indirimbo baherutse gusohorera rimwe zikunzwe muri iyi minsi. Dan Byiringiro akaba mukuru wa The Ben ari ku ruhande rwa murumuna we, we avuga ko aba bahanzi bombi umwe ari umuririmbyi undi akaba umubyinnyi. […]Irambuye