Month: <span>June 2016</span>

Abanyarwanda 17,800 bashya bagiye guhabwa imiti igabanya ubukana bwa HIV-AIDS

Kuri uyu wa kane, Minisiteri y’ubuzima yatangije gahunda nshya yise ‘Treat All’ igamije gutangira guha imiti igabanya ubukana Abanyarwanda 17,800 banduye ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ariko bakaba bari bataremererwa gufata imiti kubera ko igihe cyari kitaragera. Ikigereranyo cy’abantu bafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mu Rwanda kigaragaza ko hari abagera ku bihumbi 210 kuva mu myaka […]Irambuye

2016 hamaze kwakirwa ibirego 74 bijyanye n’icuruzwa ry’abantu – IGP

*Ubukene, ikoranabuhanga, amategeko adafite ibihano bikakaye ngo baroroshya icuruzwa ry’abantu *Mu Nteko ikibazo cy’ibiyobyabwenge, icuruzwa ry’abantu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina byahagurukije inzego *Ibiyobyabwenge bikaze nka Heroin na Cocaine ngo byafatiwe mu Rwanda bitari bimenyerewe Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Emmanuel Gasana yavuze ko mu Rwanda, muri 2016 hamaze kugaragara ibirego 74 bijyanye n’icuruzwa ry’abantu […]Irambuye

Kuki A.Niyonshuti yasimbujwe Hadi Janvier kujya muri Jeux Olempiques?

Hadi Janvier umukinnyi wa Bike Aid yo mu Budage ariko ubu uri mu biruhuko iwabo kuri Kora muri Nyabihu , umwaka ushize yakoze ibishoboka yitwara neza agira amanota asabwa ngo igihugu kibone ticket y’imikino ya Olempike, yabigezeho. Uyu musore wayikoreye ariko ubu yasimbujwe mugenzi we Adrien Niyonshuti, yabwiye Umuseke ko yababaye ariko yaje kubyakira. Tariki 17 […]Irambuye

“Ubukwe bwanjye ntibuzaba ari concert” ijambo rya Knowless ryafashwe nk’ubwirasi

Kuba ubukwe bwa Knowless na Clement bukomeje kugirwa ubwiru cyane, byatumye benshi mu bafana b’uyu muhanzi bavuga ko atakabaye asa n’ubishongoraho ahubwo yakishimiye kuzabana nabo muri ibyo birori. Byakomeje kugenda bivugwaho ko ubukwe bwabo buzaba muri Kanama 2016 gusa ntibatangaza aho buzabera ndetse n’itariki. Umuseke waje kumenya amakuru ko bushobora kubera i Nyamata kuri Golden […]Irambuye

Nyamirambo: Impanuka y’imodoka ihitanye abantu bane

Nyarugenge – Ku muhanda wa Nyamirambo – Mageragere muri iki gitondo impanuka y’imodoka ya Toyota Hiace yahitanye abantu bane abandi babarirwa ku icyenda barakomereka, yabereye hafi y’aho bita kwa Kayitani mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Gasharu, Umudugudu wa Rwintare. Umumotari witwa Felix Ndayishimiye yabwiye Umuseke ko ahagana saa mbili za mugitondo impanuka isa n’aho […]Irambuye

Mc Tino ashobora kwerekeza kuri KISS  FM

Nyuma y’aho hasohokeye itangazo rivuga ko KFM radio yakorwagaho na Mc Tino usanzwe ari umunyamakuru akaba n’umuhanzi ifunze imiryango yayo ku mugaragaro, ngo bidatinze ashobora guhita yerekeza kuri KISS FM. Mc Tino ni umwe mu banyamakuru bamaze igihe mu mwuga kandi anakora ubuhanzi. Dore ko yagiye anyura ku maradiyo atandukanye hano mu Rwanda. Kuba radiyo […]Irambuye

Radio KFM igiye gufunga mu Rwanda

Mu itangazo ryasohowe n’ikigo cya Nation Media Group mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Kamena 2016 cyamenyesheje ko cyakoze impinduka zigamije kwisuganya, muri izi mpinduka harimo gufunga Radio yayo KFM yakoreraga i Kigali mu Rwanda. Hamwe n’ibindi bigo byayo bimwe. Gufunga ibi bigo ngo biratangira gushyirwa mu bikorwa guhera uyu munsi.   Muri iri […]Irambuye

Inzobere mu bucuruzi mpuzamahanga irahugura ku buntu abashaka gutera imbere

Tendai Chinoperekwei umaze imyaka 11 akora akazi k’imenyekanishabikorwa mu bucuruzi  mpuzamahanga agiye kuza guhugura no kwereka abanyarwanda uko bagana inzira njyabukire n’iterambere ku basanzwe bakora ubucuruzi ndetse n’abadafite akazi bashaka gutera imbere. Tendai Chinoperekwei akomoka mu gihugu cya Zimbabwe, afite imyaka 35. Mu myaka 11 ishize ubwo ubukungu bw’igihugu cye bwahungabanaga cyane, Tendai ukomoka mu […]Irambuye

Andreas Spier watoje APR FC yagizwe directeur technique muri Kenya

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Kenya ryemeje Andreas Spier watoje APR FC, nk’umuyibozi wa Tekinike (directeur technique) mushya. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 29 Kamena 2016, nibwo ishyirahamwe rya ruhago muri Kenya ‘KFF’ ryemeje umunya-Serbia ufite inkomoko muri Romania, Andreas Spier nk’umuyobozi wa Tekinike mushya. Uyu mugabo w’imyaka 54, amenyereye akarere ka Afurika […]Irambuye

en_USEnglish