Month: <span>April 2016</span>

Nyirasikubwabo umaze imyaka 16 “ajya ku ndege”, ngo biraruta kwicara

Nyirasikubwabo Jacqueline, umubyeyi w’abana batatu ni umugore wanze kwicara murugo ngo ategere amaboko umugabo we, itera intambwe atangira gukora imirimo y’amaboko aho kubona ikiraka bimusaba guhataka ku muhanda n’abagabo benshi. Nyirasikubwabo Jacqueline ni umubyeyi w’abana batatu, umukobwa mukuru afite imyaka 15, musaza we umukurikira afite imyaka 8, umuto nawe w’umhungu afite imyaka 6. We n’umugabo […]Irambuye

Nabaye umugabo wa mbere wasinye nemera HeForShe, abandi mutegereje iki?

*Uzatumeneramo ashaka guhungabanya umutekano tuzamuha umuti, *Ubuhinzi n’ubworozi ntiburajya bukorwa uko bikwiye ngo buvane abantu mu bukene. Mu ruzinduko rw’iminsi itatu Perezida Paul Kagame yatangiye mu Ntara y’Uburasirazuba, kuri uyu wa kane, mu kirere kibuditse imvura, abaturage baje bakabakaba ibihumbi bitanu baturutse mu mirenge ya Sake, Gashanda, Karembo, Kazo, Mutenderi na Mugesera bateraniye mu murenge […]Irambuye

Zula KARUHIMBI wahishe abantu 150 muri Jenoside, wari utuye nabi,

Tariki 15 Mata 2016 Umuseke wari wasuye uyu mukecuru wahishe abarenga 150 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse nyuma akabishimirwa ku rwego rw’igihugu. Ariko muri iyi minsi yari abayeho mu buzima bubi no mu nzu ishaje cyane. Uyu mukecuru ubu ari kwitabwaho, izi nzu bazishyize hasi, abaye acumbikiwe ahandi mu gihe hatangiye imirimo yo kumwubakira […]Irambuye

I Gitwe bakiriye neza gusurwa n’Umuyobozi w’Itorero ry’Abadivantisiti mu Rwanda

Umwuka waba uri kugenda uba mwiza hagati y’Abadivantisti b’i Gitwe n’ubuyobozi bwabo ku rwego rw’igihugu nyuma y’urugendo umuyobozi wabo mu Rwanda Dr. Hesron Byiringiro yahagiriye mu ntangiriro z’iki cyumweru aho yasuye Kaminuza ya Gitwe. Urugendo rwishimiwe n’ab’i Gitwe. Nibwo bwa mbere kuva mu 2005 Dr Byiringiro yagirwa umuyobozi w’iri torero yari asuye iri shuri riri […]Irambuye

Abayobozi ba ruhago muri Senegal baje mu Rwanda gutegura umukino

Abayobozi batatu b’umupira w’amagaru muri Senegal bari mu Rwanda mu rwego rwo kwitegura umukino wa gicuti bafitanye n’Amavubi y’u Rwanda muri Gicurasi. Tariki 28 Gicurasi 2016, uzaba ari umunsi wa FIFA w’imikino ya gicuti, kuri iyi tariki u Rwanda ruzakira ikipe y’igihugu Les Lions de la Téranga ya Senegal. Visi perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri […]Irambuye

Davis-D agiye kuzenguruka u Rwanda yigisha ku mirire mibi y’abana

Umuhanzi Davis-D wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Biryogo’, agiye gukora ibitaramo hirya no hino mu Rwanda yigisha ku bijyanye n’imirire mibi y’abana ndetse no ku bantu bakuru barya indyo zitujuje vitamine. Davis-D ni umwe mu bahanzi batangiye kugaragaza ko bafite imbaraga n’ubuhanga mu muziki, dore ko n’abakurikirana umuziki we bakunze kumugereranya n’umuhanzi wo muri Nigeria witwa […]Irambuye

Bruce Melodie yarokotse impanuka y’imodoka

Itahiwacu Bruce umuhanzi umaze kugira umubare munini w’abakunzi b’ibihangano bye ‘Abafana’ mu muziki w’u Rwanda uzwi nka ‘Bruce Melodie’, yarokotse impanuka y’imodoka ngo yagombaga gushyira ubuzima bwe mu kagaga. Amakuru Umuseke ukesha Jean de Dieu umujyanama we ‘Manager’, avuga ko yakoze impanuka mu gihe yavaga muri studio ajya mu rugo. Muri uko gutaha imodoka ye […]Irambuye

Umwana w’imyaka ibiri gusa yarashe nyina aramwica

Muri USA, Umwana muto cyane w’imyaka ibiri wari wicaye mu modoka inyuma ku bw’impanuka yarashe nyina akoresheje imbunda yari avanye munsi y’intebe ya shoferi nyina ahita apfa. Patricie Price nyina w’uyu mwana yahise agwa aho ngaho umwana we yamurasiye mu modoka muri Leta ya Wisconsin nk’uko byatangajwe na Police yaho. Uyu mwana w’umuhungu ngo yafashe […]Irambuye

Muhanga: Abikorera noneho bemeye gufatanya kubaka isoko

Mu nama  yahuje  ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, ubw’Akarere ka Muhanga, urugaga rw’abikorera  n’inzobere  ziturutse mu gihugu  cya Singapore, UWAMARIYA Béatrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko  kuba abikorera bagiye gutangira imirimo yo kubaka isoko byerekana ko ubufatanye bw’abikorera bushoboka. Iyi nama yahuje izi nzego igamije kurebera hamwe  uko amahirwe  ari mu karere ka Muhanga aramutse […]Irambuye

Rayon na APR ziracyageretse ku gikombe, zombi zimaze gutsinda

Kuri aya makipe ahora ahanganye kandi afite abafana benshi ubu buri imwe itegereje ko indi ikora ikosa ryo gutsindwa mbere y’uko zihura (tariki 03/05/2016). Ku mikino zari zifite uyu munsi ntayakoze ikosa. Mu mukino,  ukomeye uyu munsi Rayon Sports yari yahuye na Mukura kuri Stade Huye ibatsinda kimwe ku busa, ni nako APR FC yabigenje […]Irambuye

en_USEnglish