Month: <span>February 2015</span>

G.S Ruragwe, ishuri ryatsindishije abana bose mu burezi bw’ibanze

Urwunge rw’ishuri rwa Ruragwe ruherereye mu murenge wa Rubengera abanyeshuri 39 bwa mbere ubwo bari bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 12, mu manota aherutse gutangazwa basanze aba bana bose baratsinze. Ni kimwe mu bigo ku rwego rwabyo bigaragaramo ireme ry’uburezi i Karongi. Abarangije muri iki kigo barimo n’abazahita bakomeza muri kaminuza, […]Irambuye

Gitwe: Umuforomo mwiza w’ejo hazaza yahembwe

Ruhango – Kuri uyu wa 26 Gashyantare 2015, ku cyicaro cy’ishuri rikuru ry’i Gitwe ISPG hatanzwe impamyabumenyi ku banyeshuri 230 barirangijemo, umunsi wabaye uw’ibyishimo kuri Mukomeza Jean Bosco wegukanye ibihembo bibiri birimo icyo kurusha abandi biganaga mu giforomo no kuba uwa mbere mu kizamini ku rwego rw’igihugu. Abaforomo ni urwego rw’abaganga rukenerwa cyane mu bitaro […]Irambuye

en_USEnglish