Month: <span>October 2014</span>

Programme Manager at Ethical Tea Partnership, Kigali, Rwanda – DEADLINE:

The Ethical Tea Partnership (www.ethicalteapartnership.org) is inviting applications from suitably qualified candidates to fill the position of Project Coordinator in Rwanda. The successful candidate will need to be based in Rwanda. Organisation and the projects to be coordinated The Ethical Tea Partnership (ETP) is a UK-based membership organisation for tea companies (buyers) who are committed […]Irambuye

Amadini yakumira ate icuruzwa ry'abana b'abakobwa?

Ni mugiterane cy’Abakobwa b’Isiyoni cyabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 18 Ukwakira, ubwo Abakobwa n’Abagore bo mu itorero rya Zion Temple riherereye mu karere ka Kicukiro baganiraga ku nsanganyamatsiko igira iti “”Ese igurishwa ry’abana b’abakobwa no gukuramo amada byakumirwa bite ku rwego rw’Itorero?””ABALEWI 19:29 Muri iki giterane hatumiwemo inzego zitandukanye zirimo iza polisi, iz’ubuzima, uburezi […]Irambuye

Imbere ya 'PAC', ‘Mayor’ wa Gatsibo yavuze ko bazize abakozi

Kigali, 20 Ukwakira 2014 – Akanama k’abadepite gashinzwe gukurikiranwa imikoresherezwe y’umutungo wa Leta kakiriye Akarere ka Gatsibo ngo kisobanure ku makosa y’imicungire mibi yagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, aka karere kabaye aka nyuma mu mihigo umuyobozi wako Ruboneza Ambroise yavuze ko bazize abakozi babi mu icungamari banatukanaga mu nama Njyanama. Avuga ariko ko ubu […]Irambuye

Umutangabuhamya avuga ko yiyumviye Bandora asaba Abahutu guhiga Abatutsi

Mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Charles Bandora ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho, kuri uyu wa 20 Ukwakira Umutangabuhamya urindiwe umutekano wahawe izina rya PBB yavuze ko Bandora ari mu bari bayoboye inama yise iy’ihumure ariko akaba ariyo abwiriramo Abahutu gukaza umurego mu kwica Abatutsi aho bari hose. Ubushinjacyaha burega Charles Bandora kugira uruhare mu […]Irambuye

Imyumvire yo ‘kuniganwa ijambo’ igenda icika – Min Kaboneka

Kigali, 20 Ukwakira 2014 – Mu nama nyunguranabitekerezo ku byavuye mu kwezi kw’imiyoborere kwatangiye kuwa 22/09/2014 kukaba kugiye gusozwa, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yavuze ko iby’imyumvire y’abayobozi badaha umwanya abaturage ngo bavuge ibitekerezo n’ibibazo byabo biri kugenda bihinduka. Yibukije abaturage ko nabo bagomba kumenya ko bafite uruhare runini mu kwikemurira ibibazo byabo. Muri rusange […]Irambuye

India: Umukinnyi yishimiye igitego atsinze bimuviramo gupfa

Kuri iki cyumweru tariki 19 Ukwakira umukinnyi w’umupira w’amaguru yitabye Imana aize yakoze amasiporo ntibyakunda maze aratagangara bimuviramo gupfa ubwo yariho yishimira igitego yari amaze gutsinda. Uyu musore w’imyaka 23 witwa Peter Biaksangzuala yaguye nabi agwira umutwe ubwo yariho akora amasiporo y’inyuma maze avunika urutirigongo. Iyi mpanuka yabaye kuwa kabiri w’icyumweru gishize ku mukino wahuza […]Irambuye

Ibinyamakuru bisebanya, n’ibikoresha amafoto y’urukozasoni byanenzwe

Ubwo hatangazwaga imyanzuro yafatiwe ikinyamakuru Rushyashya ku bw’inkuru itujuje ubunyamwuga cyanditse ku uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Dr Pierre Damien Habumuremyi ndetse kikanashyiramo na Senateri Uwimana Consolee ko baba bakorana na FDLR, kuri uyu wa mbere abayobora urwego rw’abanyamakuru bigenzura mu Rwanda (RMC), bagaye iki kinyamakuru n’ibindi bitubahiriza amahame y’itangazamakuru. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku isaha […]Irambuye

Emmy arasaba imbabazi abakunzi ba muzika n’abanyarwanda muri rusange

Nsengiyumva Emmanuel wamenyekanye cyane nka Emmy muri muzika nyarwanda, arasaba abakunzi ba muzika nyarwanda imbabazi ndetse n’abakunzi be muri rusange. Imwe mu mpamvu ituma Emmy asaba imbabazi ngo ni ukuntu yari yagiriwe ikizere n’abanyarwanda cyo kwitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya kabiri ryari ribaye agahita yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe […]Irambuye

Athletisme: Bari gushaka ‘abasimbura ba Disi Dieudone’ bahereye ku bana

Mu mikino mu Rwanda uruhererekane ruragorana, kubona umukinnyi ukomeye usaza agasimburwa n’abandi bakomeye biracyari ihurizo. Impamvu ni uko nta gutoza abana bifatika biriho. Mu mukino wo gusiganwa ku maguru kuri uyu wa 19 Ukwakira 2014  batangiye gahunda y’igihe kirekire yo gushaka impano z’abakinnyi bahereye mu bakiri bato. Iyi gahunda bayise “Kids Athletics Program” izamara imyaka […]Irambuye

en_USEnglish