Month: <span>February 2014</span>

Gutabariza uwahohotewe ni inshingano za buri Munyarwanda– Mme Jeanette Kagame

Madame Jeanette Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Gashyantare 2014  abinyujije mu muryango imbuto Foundation k’ubufatanye na polisi y’igihugu yatangije ikigo cyita kubakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina kikanabagira inama ‘Isange One Stop Center’ mu bitaro by’Akarere ka Nyagatere mu Ntara y’Iburasirazuba. Madame Jeanette kagame ufite gahunda yo gukwirakwiza ibigo nk’ibi mu bitaro byose […]Irambuye

Muhanga: Abubaka barasabwa kubahiriza amategeko agenga imyubakire

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Munyantwali Alponse kuri uyu wa kane tariki ya 27 Gashyantare 2014 ubwo yatahaga bimwe mu bikorwa by’iterambere byubatswe n’abikorera bo mu Karere ka Muhanga yasabye abantu bose barimo kuzamura amazu muri uyu Mujyi wa Muhanga kubahiriza amategeko asanzwe agenga imyubakire mu Rwanda. Guverineri Munyantwali yavuze ko  ibi bikorwa  bizafasha   ba nyirabyo n’abatuye […]Irambuye

Sentore avuga ko umuziki usaba kuwiyumvamo no kudacika intege

Jules Sentore umuhanzi mu njyana Gakondo rimwe na rimwe ukora injyana ya R&B unabarizwa muri ‘Gakondo Group’ itsinda abanamo n’abahanzi nka Massamba Intore, Ngarukiye Daniel n’abandi benshi, aratangaza ko muzika isaba umuntu uyikora ayiyumvamo kandi udacika intege. Gutangaza ibi, ni nyuma y’uko uyu muhanzi yinjiye mu bahanzi 15 ubu bahatanira kwinjira mu irushanwa rya PGGSS […]Irambuye

Abasaba kwishyurwa ibyangijwe n’ingagi bamwe ntibazishyurwa

Ikigega cy’ingoboka ku mpanuka (Special Guarantee Fund) kuri uyu wa 27 Gashyantare cyari mu karere ka Musanze mu gikorwa cyo kwishyura abangirijwe n’inyamaswa zo muri pariki y’ibirunga baturiye. Bamwe bishimiye iki gikorwa, abashyikirijwe inzandiko zivuga ko batazishyura bo bavuga ko bagiye kugana inkiko. Sebupfura Jean Claude yari amaze igihe ategereje kwishyurwa. Ari ku rutonde rw’abahawe […]Irambuye

Abasifuzi bo muri Ethiopiya ni bo bzasifurira As Kigali

Ku mukino ubanza ugomba guhuza ikipe ya As Kigali na Al Ahly Shandy yo mugihugu cya Sudan mu marushanwa nyafurika y’amakipe yabaye ayambere iwayo bazasifurirwa n’abasifuzi bakomoka mu gihugu cya Ethiyopiya. Umusifuzi wo hagati yitwa Bamlak Tessema Wayesa ni umusifuzi mpuzamahanga ndetse ni n’umwe mu basifuzi bitwaye neza mu irushanwa riheruka kubera muri Africa y’Epfo […]Irambuye

Al Ahly Shandi yageze i Kigali, izakina na As Kigali

Kuwa gatatu mu gicuku nibwo ikipe ya Al Ahly Shandi yo mu mujyi wa Shandi muri Sudan yagze i Kigali. Ije mu mukino ubanza uzayihuza n’ikipe ya AS Kigali. Ije gukina n’ikipe ya AS Kigali iherutse gusezerera ikipe ya Academie Tchite yo mu Burundi ku bitego (2-1) mu marushanwa ya CAF Confederation Cup. Ikipe ya […]Irambuye

Yatinyaga igitegangurirwa ahitamo kukishushanyaho ngo ashire ubwoba

Umuturage witwa Eric Rico Ortiz  afite imyaka 24, atuye ahitwa Deltona muri leta ya Floride ho muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, arwaye indwara yo gutinya igitegangurirwa (arachnophobie) kuva yavuka. Mu rwego rwo kugira ngo atinyuke iyo nyamaswa, yahisemo kurwanya byimazeyo iyo rwara y’ubwoba. Eric Rico Ortiz yahisemo rero kwishushanyaho urutegangurirwa runini ku itama rye ry’iburyo. […]Irambuye

Simbikangwa mu rubanza ati “Nta murambo nigeze mbona mu 1994”

Imbere y’urukiko i Paris kuwa 26 Gashyantare, Simbikangwa yavuze ko nta murambo n’umwe yigeze abona muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, abamushinja ariko bo bavuga ko ariwe ahubwo watangaga intwaro zo kwica ku nterahamwe. Avuga ko ngo yasohokaga gacye mu cyumba cye. Ko ntacyo yabonye. Ati “Navuze ko nta mirambo nabonye, sinavuze ko nta mirambo […]Irambuye

Numva nikundiye abagabo n'ubwo nkuze

Muraho bakunzi ba UM– USEKE!. Ndi umugore washatse mbyarana n’umufasha wanjye. Ubu mfite imyaka 38, hashize igihe naratandukanye n’umugabo ubu yibera i Burayi. Yantanye abana ndabarera ubu barakuze!Ikibazo mfite kandi kingoye numva muri jye harimo gukunda abagabo mbese numva nigunze bikomeye iyo mbonye umugore n’umugabo basohotse cyangwa mu bukwe mpita numva nifuje kongera kwibona ndi kumwe n'”umufasha”ubwo kandi niko […]Irambuye

Kwigira bijye mu myumvire ya buri munyarwanda – Musoni

Kigali – Ministre w’ubutegetsi bw’igihugu Musoni James yatangaje kuri uyu wa 27 Gashyantare ko umuco wo kwigira kugirango ushinge imizi mu Rwanda ari uko buri munyarwanda wese abanza akabishyira mu myimvire ye. Hari mu nama yo gutangiza ubukangurambaga bigamije kureba uko umuco wo kwigira washinga imizi mu Rwanda. Intero yo kwigira yatewe na Perezida Paul […]Irambuye

en_USEnglish