Month: <span>September 2011</span>

Yiruka metero 100 mu masegonda 11.48 nyamara afite akaguru kamwe

Ubwo yari afite imyaka 5 yaciwe akaguru kubera indwara y’imbasa, ariko ubu ku myaka 18 abasha kwiruka metero 100 mu masegonda 11.47 gusa. Inyuma ho isegonda 1.89 Usain Bolt ufite agahigo ku isi wazirutse mu 9.58 sec mu 2009. Jonnie Peacock, azaba yitezwe cyane mu mikino Olympic y’abamugaye bita Paralympics ya 2012 i Londres, avuga […]Irambuye

Moto 101 n’imodoka 4 zatanzwe mu guteza imbere gahunda z’ubuzima

Kuri uyu wa kane Minisiteri y’ubuzima yatanze imodoka 4 na moto 101 bizafasha abakozi bo mu bitaro byo mu turere dutandukanye gusoza akazi kabo no kugera ahantu henshi habatwaraga igihe kirekire. Minisitiri w’ubuzima Dr agnes Binagwaho yatangaje ko izo modoka zizabafasha gukomeza kurushaho kurangiza inshingano zabo kandi abasaba ko batazazikoresha mu mirimo yabo bwite. Leta […]Irambuye

Ba Officier b’Ababiligi basuye MINADEF

Abasirikare baba Officier 6 b’ababiligi bari mu Rwanda kuva kuri uyu wa gatanu, aho baje gutsura umubano hagati y’igisirikare cy’u Rwanda n’icy’Ububiligi. Izi ngabo zakiriwe kuri uyu munsi na General Charles KAYONGA, Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane kandi zasuye urwibutso rwa Genocide yakorewe abatutsi mu 1994 rwa Gisozi. […]Irambuye

Byaba ari byo ko umukinnyi Samuel Eto’o arimo kwihakana umwana

Muri iyi minsi Rutahizamu Samuel Eto’o yavugishaga isi yose kubera ubuhanga bwe mukureba izamu, bikubitiyeho yuko ariwe mukinnyi mu isi nzima uhembwa akayabo muri ruhago izina rye riba indirimbo dore yuko nyuma yokugurwa n’ ikipe yo mu Burusiya yitwa ANZHI y’ umuherwe ucukura gaz witwa  Suleyman Kerikov. Uyu Eto’o yaguzwe miliyoni 22 zaje kujyera kuri 27 dushyizemo bonus maze […]Irambuye

Arusha: Ubujurire bw’urubanza rwa Dominique NTAWUKURIRYAYO

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ruherereye Arusha muri Tanzania, kuri uyu wambere, rwaburanishije urubanza rw’ubujurire rw’uwahoze ari sous prefet wa sous prefecture ya Gisagara, Dominique Ntawukuriryayo ukurikirwanyweho ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi.  Umwaka ushize, urugereko rwa mbere rw’iremezo, rwamukatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 25, ashinjwa kwica abatutsi bari bahungiye ku musozi wa Kabuye. Ntawukuriryayo akaba […]Irambuye

Rihanna azaba atumura itabi muri Video ye nshya

Mu mashusho mashya ari gukorera indirimbo ye we found love Rihanna azaba agaragra atumura agatabi yambaye kandi imyambaro idasanzwe. Iyi Video iri gukorwa na Producer zitwa Calvin Harris. Amashusho yayo ari gufatirwa mu cyaro cyo mu gihugu cya Irland ahitwa Bangor . Ikipe y’inzobere mu gukora amashusho y:indirimbo yahagurukanye na Rihanna,23, ivuye muri Amerika ngo […]Irambuye

Uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minaloc Christine Nyatanyi yitabye Imana

Christine Nyatanyi wari Umunyamabanga wa Leta muri Minaloc yitabye Imana kuri uyu wa 26/09/2011 i Buruseri mu Bubiligi mubitaro byitiriwe Saint Luc azize uburwayi. Ni nyuma y’amezi ane gusa Nyakwigendera Nyatanyi Christine arahiriye umwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Amajyambere rusange n’imibereho myiza y’abaturage kuwa 10 Gicurasi 2011. Nyakwigendera Christine Nyatanyi yize […]Irambuye

Nyuma yo guterana amagambo, urubanza rwa Ingabire rwimuriwe tariki 4/10/2011

Kuri uyu wambere urubanza ruburanishwamo Ingabire Victoire n’abo bareganwa, rumaze iminsi ruburanishirizwa ku rukiko rukuru hafashwe umwanzuro ko rusubitswe rukazasubukurwa tariki 4 Ukwakira uyu mwaka. Gufata uyu mwanzuro byaje nyuma yo kutumvikana no guterana amagambo hagati y’ubucamanza na Maitre IYAN Edouard BARRISTER afatanyije na Maitre GATERA GASHABANA bunganira uregwa Ingabire Victoire. Aba bunganira Ingabire bavuze […]Irambuye

Intambwe 21 zagufasha kubaka urukundo ku rutare

Kuri ubu hari benshi  batinya kugira inshuti cyangwa gushinga ingo bashingiye ku ngero nyinshi babona mu buzima, aho ingo zisenyuka umusubizo ndetse n’inshuti zitana umunsi ku wundi; nyamara hari umuti wagufasha guhangara ibyo byose maze ukubaka ubushuti bwanyu ku rutare, aho ruzashora imizi maze mukaryoherwa n’ubuzima. Nabakusanyirije intamwe 21 zagufasha kugira urukundo n’urugo ruzira agatotsi. […]Irambuye

Miss INILAK ni Muhikira Irenee

Ku mugoroba w’iki cyumweru muri Kaminuza yigenga ya INILAK habereye umuhango wo gutora umukobwa uhiga abandi mu byo baba bagenderaho, uwaje imbere ni Irenee Muhikira. Kwifata neza, gusabana, kwitabira gahunda za Leta niza INILAK, uburanga bwiza, inseko nziza, igihagararo gikwiye (hejuru ya 1,65m) ibiro bitarengeje 60kg ni bimwe mu byo basanze Irenee arusha abandi bakobwa […]Irambuye

en_USEnglish