Month: <span>March 2011</span>

Inama y’abatavuga rumwe na Kaddafi

Libya – Abatavuga rumwe na Kaddafi batangaje ko bateganya amatora anyuze mu mucyo igihe Kaddafi azaba avuye ku butegetsi. Nkuko tubikesha urubuga rwa internet 20minutes.fr, inama nkuru y’ubuyobozi bw’abarwanya Kaddafi yatangaje ko yiteguye gutegura amatora anyuze mu mucyo igihe Kadhafi azaba avuye ku butegetsi. Mu itangazo ryavugiwe i Londres, aho abahagarariye iyi nama y’abatavuga rumwe […]Irambuye

Avura SIDA kuri 200Frw gusa!

Tanzania – Ubuvuzi bw’agatangaza muri Tanzania Jaguar Kigali – Dar Es Alam abagenda bikubye gatatu Ubu buvuzi budasanzwe bwa gakondo buri gukorwa n’umusaza w’imyaka 76 wahoze ari pasitori mu idini ry’abangirikani, Pastor Ambilikile Mwasapile, abantu ngo bakomeje kumugana ari uruvunganzoka, ndetse abagera kuri 56 bamaze gupfira ku mirongo bamutegereje nkuko BBC ibitangaza, uyu musaza akaba […]Irambuye

Shampiyona y’icyiciro cya kabiri igeze ku munsi wa 7

Shampiyona y’icyiciro cya kabiri igeze ku munsi wa 7 Ikipe ya Kibuye yamaze gusezera muri aya marushanwa Shampiyona y’icyiciro cya kabiri iraba igeze ku munsi wa 7 kuri uyu munsi ku matsinda yombi igize iki cyiciro. Umuseke.com urabagezaho uko amakipe ateganijwe guhura kuri uyu munsi: Mu itsinda rya mbere Kuwa 3, 30/3/2011 ASPOR FC v […]Irambuye

Andia MFUTILA yisubiriye iwabo!

Umutoza Andy MFUTILA wari umaze iminsi ari mu biganiro mu ikipe ya Rayon sports kugirango ayibere umutoza kuri ubu, uyu mugabo yamaze kwisubirira iwabo i Kinshasa aho agiye kuba umutoza wungirije mu ikipe ya Darling club Motema Pembe(DCMP) aho ndetse yaneretswe abafana ku wa mbere tariki ya 28 werurwe nk’uko Umuseke.com ubikesha television yo muri […]Irambuye

Kamonyi: Nyakatsi ni amateka

Intara y’amajyepfo iracyahanganye na Nyakatsi. Intara y’amajyepfo ntiyashoboye kugera ku ntego yihaye yo kuba yarangije kubakira abasenyewe nyakatsi muri gahunda yo gusezerera nyakatsi. Mu nama mpuzabikorwa yahuje kuri uyu wa kabiri inzego zitandukanye zikorera muri iyi intara hagaragajwe ko mu mazu 11882 yari ateganijwe kuba yarangiye bitarenze tariki 31 Werurwe, agera ku 6665 ariyo yuzuye. […]Irambuye

Ingorane kubiga mu mashuri abanza

Nyanza: Ingorane ku bigira mu mashuri yasenywe n’imvura. Imvura y’amahindu ivanze n’umuyaga imaze iminsi isenya bimwe mu byumba by’amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 9 n’amashuri abanza mu karere ka Nyanza, ababyeyi barerera muri aya mashuri baratangaza ko batewe impungenge n’umutekano w’abana babyigiramo. Mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa iyi mvura yasambuye ibyumba byigirwamo ku ishuri ribanza rya […]Irambuye

Asamoah Gyan yerekanye ko ashoboye

Asamoah Gyan yongeye kwereka isi n’Ubwongereza ko ashoboye gutaha izamu Ubwongereza 1 Ghana 1 mu mukino wa gishuti kuri stade Wembley Mu mukino waraye uhuje ubwongereza na Ghana mu ijoro ryo kuwa kabiri tariki 29 Werurwe, warangiye amakipe yombi aguye miswi anganyije igitego kimwe kuri kimwe. Igitego cya Ghana kikaba cyatsinzwe na Asamoah Gyan mu […]Irambuye

Uzamukunda Elias (Babby) mu Bwongereza?

Mu kwezi k’Ukuboza 2010 ubwo Umukinnyi Uzamukunda Elias bita Babby yari mu Rwanda mu kiruhuko yatangarije itangazamakuru ko hari amakipe yo mu bwongereza ari kumushakisha harimo Manchetser United, Tothenham Hotspurs, Liverpool na Blackburn Lovers Nyuma y’umukino wahuzaga u Rwanda n’u Burundi ejo bundi i Kigali, uyu umukinnyi wa AS Cannes yo mu cyiciro cya 3 […]Irambuye

Mario Balotelli yongeye gukora amanyanga

Mario Balotelli, umukinnyi wa Man City mu bwongereza uzwiho amanyanga yaba yongeye. Rutahizamu wa Man City Balotelli uzwi ku kazina ka Super Mario yongeye nanone kwiyereka itangazamakuru nkuko bimenyerewe mugukora ibikorwa by’amanyanga n’urugomo. Photo internet: Mario Balotelli umukinnyi wa Man City. Nkuko tubitangarizwa n’urubuga rwa internet rwitwa The People rukora mu bwongereza, Balotelli yateye uducumu […]Irambuye

Inama y’umutekano mu majyepfo

Intara y’amajyepfo: Mu nama yahuje kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Werurwe 2011, abafite umutekano mu nshingano zabo mu ntara y’Amajyepfo, yarangiye biyemeje gukaza umutekano muri iki gihe icyunamo kegereje no kurushaho guhanahana amakuru mu rwego rwo gukomeza kubungabunga umutekano. Muri iyi nama inzoga zikorwa mu buryo butemewe ni zo zagarutsweho cyane mu guhungabanya […]Irambuye

en_USEnglish