Month: <span>February 2011</span>

Umugambi wo kwataka wahiriye Harry Redknapp

Umutoza w’ikipe ya Tottenham nyuma yo kuvana intsinzi yigitego 1 – 0 bwa AC Milan kuri stade ya Giussepe Meazza y’i Milano, yavuzeko yishimiye ko gahunda yajyanye yo kwataka Milan AC abakinnyi be bayikurikije kandi ikabahira. “Tottenham dukunda gusatira, nirwo rufunguzo rwa ruhago, niko kuzibira izamu kwiza, ndishimye cyane” ayo namagambo y’umukambwe Harry Redknapp nyuma yintsinzi yakuye hanze mumukino ubanza […]Irambuye

U Rwanda rufite byinshi byo gutanga – Richard Newfarmer

Uwahoze ahagarariye Banki y’isi n’ishyirahamwe ry’ubucuruzi kw’isi (World Trade Organisation) muri LONI (UN) Richard Newfarmer, aratangazako u Rwanda rufite ubushobozi bwo kugira icyo rutanga mu bukungu mu karere ndetse no ku isi hose. Newfarmer uri mu nama yahurije hamwe izobere mu bukungu bw’isi, zaje kureba uburyo ibihugu byakomeza gukataza mu majyambere, inama yateguwe na International […]Irambuye

Museveni ntiyorohewe nabo bahanganye

Habura umunsi umwe gusa ngo amatora y’umukuru w’igihugu cya Uganda abe, birasa naho k’uruhande rwa President Museveni umaze imyaka 25 k’ubuyobozi bwa Uganda, bitamworoheye kuko abakandida bahanganye bagera kuri 7 bakomeje kugaragaza imbaraga. Ku munsi wejo nibwo Yoweri Museveni yasoje campanye yo kwiyamama mu mugi wa Kampala, abo bahanga barimo Kiza Besigye usa naho afite […]Irambuye

Minisitiri Joe Habineza yeguye

Nkuko byemejwe mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya minisitiri w’intebe riremezako President Paul Kagame yemeye ukwegura kwa Joseph Habineza wari Minisitiri w’Urubyiruko Sporo n’Umuco. Kegeza ubu impamvu yo kwegura kwa Ministri Joseph Habineza nyirubwite ntarazitangaza. Joseph Habineza akaba ari umugabo warumaze kumenyakana cyane kubera imyitwarire ye benshi bita iya ki jeune, yagaragariraga kuri stade mu mikino […]Irambuye

ManU: Ji Sung Park ukwezi adakina

Umukinnyi wa Manchester United Ji Sung Park agiye kumara ukwezi kose hanze yikibuga kubera ikibazo cy’imvune yagiriye mumyitozo. Nkuko byemejwe na staff yabaganga ba Manchester, uyu munya Korea warumaze iminsi adakinira ikipe ye ya Man U kubera igikombe cya Aziya yari arimo, nyuma yo kugaruka yahawe akaruhuko muri iyi week end nibwo kari karangiye, akaba […]Irambuye

Harry Redknapp yiyemeje kwataka

Umutoza wa Tottenham Hotspurs yatangarije BBC ko uyu mugoroba ubwo aza kuba akina n’ikipe ya AC Milan kuri stade ya Giussepe meazza i Milan aza kwataka nkuko asanzwe abigenza iyo yasuye. Mur’uyu mukino wa 1/16 cya UEFA Champions Ligue Tottenham iraza gukina idafite kizigenza wayo Gareth Bale ufite ikibazo kimvune, ndetse na Tom Huddlestone na […]Irambuye

Kurwanya iterabwoba mu Karere

Ikigo gishya mu Rwanda  cyigisha iby’ifatwa ry’ingamba mu kubumbatira umutekano cyatumije impuguke mu bya gisirikare ngo bige ku ngamba zafatirwa iterabwoba mu karere. Colonel Thomas Dempsey wavuye ku rugerero mu gisirikare cya leta zunze ubumwe z’amerika afatanya na Brg. Gen Richard Rutatina, umujyanama wa perezeda kagame mu by’umutekano ni inzobere ziri gutanga ibiganiro muri iyi […]Irambuye

Berlusconi: Urubanza ku ubusambanyi

Umucamanza wo mu mujyi wa Milan, mu Butaliyani, yategetse ko ministiri w’intebe w’icyo gihugu, Silvio Berlusconi, aburanishwa ku byaha byo gusambanya umukobwa wari ukiri umwana. Amakuru aravuga ko Berlusconi yahaye amafaranga umukobwa warufite imyaka 17 kugira ngo baryamane, iyi myaka ikaba itemewe gukora uriya mwuga wo kwigurisha mubutariyani. urubanza rwa Berlusconi ruzaburanishwa mumezi 3 ari […]Irambuye

Mbeki yashimishijwe naho u Rwanda rugeze

Kuri uyu wa kabiri uwahoze ari President wa Africa y’epfo Thambo Mbeki, yatangarije ibiro ntaramakuru bya Africa y’epfo SABC ko ubwo aheruka mu nama yo kwizihiza imyaka 20 ya African Capacity Building Foundation (ACBF) inama yaberaga i Kigali mu cyumweru gishize, yasanze U Rwanda ari igihugu cyateye imbere bitari amagambo. Muri iyi nama yari ifite […]Irambuye

en_USEnglish