Month: <span>February 2011</span>

Ni gute naba umukiranutsi?

“Namwe mube mukiranutse nk’uko So wo mu ijuru akiranuka.”  Mayato 5: 48. Bibiliya udusaba kuba abakiranutsi, nababazwaga cyane nuko nashakaga kubaha Imana no kuyinezeza ariko bikananira  kandi nkasubizwamo imbaraga nuko Yesu adusaba abakiranutsi. Uburyo ubanye n’Imana bikugaragariza igipimo ugezeho utera intambwe ugana ku gukiranuka. Urwo rugendo ruzafata ubuzima bwawe bwose. Kuri njye byansabye kugenda inzira […]Irambuye

Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima!

Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima bikoreshwa cyane mu bumenyi bwa muntu n’uburyo bwo kumwitaho kwa muganga. Virginia Henderson mu mwaka w’1947 yashyize ahagaragara Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima. Ihame ry’Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima rishingiye ku isesengura ryimbitse ry’ umuntu ku giti cye. Ibyo bintu 14 by’ingenzi mu buzima ni ibi bikurikira: Guhumeka:Ni uburyo bufasha […]Irambuye

Ben Ali yaba ari muri koma!

Nk’uko tubikesha umunyamakuru w’umufaransa, ukurikiranira hafi ibya tuniziya, Nicolas beau, avuga ko nyuma y’aho uwahoze ari perzida wa tuniziya, Ben Ali ahambirijwe igitaraganya mu gihugu cye agahungira muri Arabie Saoudite ubu yaba amerewe nabi mu bitaro bya Djedda. Nyuma y’aho abaturage ba Tuniziya bigabije imihanda bashaka impinduka, ku itariki 14 Gashantare nibwo uwari Perezida Ben […]Irambuye

Theoneste Bagosora mu bujurire…

Theoneste Bagosora, ufungiye ku rukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, akaba umwe mu bagabo bateguye bakanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe abatusti mu 1994 azahabwa umwanya wo kujurira tariki 1 Mata uyu mwaka. Mu kwezi kwa 12 muri 2008 nibwo urukiko rw’ Arusha rwari rwakatiye uwahoze ari umuyobozi w’ibiro muri ministeri y’ingabo za Ex FAR Col. Theoneste […]Irambuye

Urugamba: Arsenal 2 – 1 Barcelona

Ikipe ya Arsenal yaraye yitwaye neza imbere y’ikipe ya Barcelona ku mukino wa 1/16 ubanza muri UEFA Champions ligue, iyitsinda 2-1 nyuma y’uko yari yabanjwemo igitego cya David Villa mu gice cya mbere. Nyuma y’uko ikipe ya Barcelona ibonye uburyo bwinshi mu gice cya mbere cy’umukino, aho yanihariye umupira ku buryo bugaragara, ndetse ikaza kubona […]Irambuye

Arsenal-Barcelona: Urugamba rukomeye ku nshuro ya Kabiri

Hashize gusa amezi 11 ikipe ya Barcelona isezereye Arsenal mumikino ya UEFA champions Ligue, uyu mwaka wa 2011, urugamba hagati yaya makipe rurongeye nyuma yuko zitomboranye mumikino ya 1/16. Kuri uyu mugoroba kuri Emirates stadium i Londres, ikipe ya Arsenal iraba yakira Barcelona. Mumyaka 11 aya makipe amaze guhura inshuro 5, banganyije inshuro 2, eshatu […]Irambuye

Joseph Habineza: Icyatumye negura!

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 16, Joseph Habineza yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru bari benshi cyane, agirango abatangarize byinshi ku bwegure bwe kuri Ministeri ya siporo n’umuco yarayoboye. Muri iki kiganiro Joseph Habineza yatangaje ko ibyo kwegura kwe ntaho bihuriye n’abari kuvuga kuri Internet ko yasezerewe na Leta y’ u Rwanda, ahubwo we yeguye […]Irambuye

President Kagame muri Capital Talk

Kuri uyu wa kabiri, President Paul Kagame yagaragaye mu kiganiro cyamamaye cyane muri Kenya ndetse no muri Africa yose kitwa Capital Talk kuri Television ya K24 TV. Capital Talk ni ikiganiro kivuga kubya politiki kigatumirwamo ahanini abayobozi b’ibihugu na za Gouvernoma bagize ibyo bageza kubaturage bayoboye, ndetse ariko n’abandi bantu bagiye bakora ibintu bikomeye muri politiki, […]Irambuye

Amavubi yashoje nkuko yatangiye CHAN

Rwanda 1 – 2 Angola. Amavubi yaraye atsiznwe umukino wanyuma yakinaga na Angola, akaba yahise akatisha tiket igaruka i Kigali kuko n’ubundi yari yaramaze gusezererwa muri iri rushanwa rya CHAN riri gukinwa kunshuro ya kabiri. Amavubi niyo kipe irangije nabi imikino yo mu matsinda kuko nta mukino numwe yabashije gutsinda habe yemwe no kunganya. umukino wambere yawutsinzwe […]Irambuye

U Rwanda ntacyo rwikanga ku iterabwoba

U Rwanda ntacyo rwikanga kijyanye n’ibikorwa by’iterabwoba ariko rugomba kugira ingamba rufata mu rwego rwo gukumira bene ibyo bikorwa bigaragara henshi mu karere ruherereyemo. Ibyo byavuzwe na  Lieutenant Colonel Joseph NZABAMWITA, umuhuzabikorwa wa Rwanda Center for Strategic Studies kuri uyu wa kabiri mu nama y’umunsi umwe yateraniye i Kigali kuri uyu wa kabiri. Iyo nama […]Irambuye

en_USEnglish