Tags : RNP

Umuyobozi wa Rubavu yatawe muri yombi akekwaho kubangamira Umukandida

Police y’u Rwanda iratangaza ko yataye muri yombi by’agateganyo umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie akekwaho kubangamira ibikorwa by’umwe mu bakandida bari kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Ibicishije kuri Twitter, Police y’u Rwanda yatangaje uyu muyobozi w’akarere ka Rubavu afunganywe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze. Umunyamakuru w’Umuseke ukorera i Rubavu, avuga ko amakuru avuga ko ifungwa […]Irambuye

Gicumbi: Hangijwe ibiyobyabwenge bya miliyoni 15 Frw

*Abana 14% babaye imbata z’ibiyobyabwenge, 52/% bagerageje kunywaho… Kuri uyu wa 06 Nyakanga mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri ibi biyobyabwenge harimo Kanyanga ikunze kugaragara muri aka gace. Muri iki gikorwa cyanatangiwemo impanuro, urubyiruko rwasabwe guca ukubiri no kunywa […]Irambuye

Sibomana ukekwaho gutera inda umwana w’imyaka 13 yafashwe

*Yafashwe hakoreshejwe ubuhanga bw’inzego z’iperereza… Ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu, ku isaaha ya saa 14h00 zirengaho iminota mike, Police y’u Rwanda yafashe umugabo witwa Etienne Sibomana ukurikiranyweho gutera inda umwana w’imyaka 13 akaza kwihakana umwana babyaranye ngo kuko yabyaye mbere ho ukwezi kumwe ku gihe yakekaga. Sibomana Etienne akekwaho gutera inda umwana w’imyaka 13. Ni […]Irambuye

Yiyemereye ko yishe wa mugore wari wararokotse Jenoside wishwe muri

*Mu mvugo yateye ubwoba Abanyamakuru, avuga ko yari afite umugambi wo kwica abandi benshi, *Yari amaze iminsi ine afunguriwe kwica umuvandimwe we. Nyuma yo kwica Christine yishe undi, *Ngo uyu munsi yari kwica undi,… Kacyiru- Ku biro bikuru by’ishami rya Police rishinzwe ubugenzacyaha CID ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Majyambere Bertin yiyemereye ko ari […]Irambuye

Meya wa Nyarugenge ngo abacuruza urumogi barenze kuba “Interahamwe”

Mu biganiro byahuje ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge n’abaturage bo mu murenge wa Kimisagara ku rugo basanzeho ububiko bwa 450Kg z’urumogi, umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba yavuze ko abacuruza iki kiyobyabwenge ari abanzi b’igihugu kuko baba bari kwangiza u Rwanda ndetse ko atabura kubagereranya n’Interahamwe zoretse u Rwanda muri Jenoside. Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Kayisime Nzaramba […]Irambuye

Ubuturanyi bwacu ntibukwiye kuba ikibazo ahubwo ni igisubizo-IGP Mangu/Tanzania

Rusumo- Kuri uyu wa 04 Werurwe abayobozi bakuru ba polisi y’u Rwanda n’iya Tanzania bahuriye ku mupaka w’u Rwanda na Tanzania wa Rusumo bagirana ibiganiro bigamije kunoza imikoranire hagati y’ibihugu byombi banashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu byo kubungabunga umutekano. Umuyobozi wa Police ya Tanzania IGP Ernest J. Mangu avuga ko ubuturanyi bw’ibi bihugu bukwiye […]Irambuye

Rusizi: Abagabo 7 barakekwaho gushimuta inyamaswa no gucukura zahabu muri

Ni nyuma y’igihe kinini havuzwe ko mu ishyamba rya Nyungwe hari abantu bacukuraga amabuye y’agaciro ndetse bakanayajyana mu gihugu cy’u Burundi kandi bagahiga n’inyamaswa bitemewe. Aba bagabo akenshi bakora aka kazi usanga barihebye dore ko hari n’abica abaje kubabuza gukora akazi nk’ako bityo ngo badahagurukiwe hari impungenge ko habaho kubura ubuzima bwa bamwe. Aba kora […]Irambuye

Gicumbi: Polisi irashakisha abakora inzoga z’inkorana n’abazikwirakwizwa

Bamwe mu baturage banze kuva ku izima bakaba bakwirakwiza ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano, Police ikomeje kubaburira kureka ibyo bikorwa,  aho gukomeza gucungana n’inzego z’umutekano, ubu harashakishwa ba rwiyemezamirimo n’abakozi babafasha muri ibi bikorwa. Inzego z’Umutekano zikomeje Gushakisha abinjiza ibiyobyabwenge by’umwihariko Polisi ikaba iburira abakora inzoga z’inkorano kubireka bitarabaviramo igihombo  n’ibihano bikomeye. Uhagarariye Police mu karere ka […]Irambuye

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagizwe Ambasaderi, Claire Akamanzi yongera kuba

*Iyi nama yemeje amateka Irya Perezida ryirukana ba Officiye muri Polisi 66, n’Irya Minisitiri ryirukana ba Sous-Offisiye 132. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye muri Village Urugwiro kuri uyu wa gatanu yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye harimo MUKARULIZA Monique wayoboraga Umujyi wa Kigali wagizwe Ambassaderi w’u Rwanda muri Zambia. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yagize […]Irambuye

en_USEnglish