Tags : Karongi

Karongi: Umuyobozi w’ishuri yakubitiwe imbere y’abanyeshuri!!

Ikimutangaje kandi kimubabaje ni uko uwabikoze ari umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ariko akaba atarabibazwa nyuma y’ukwezi akoze ibi. Ubuyobozi bw’Akarere bumaze ibyumweru bitatu ngo bubikoraho iperereza. Abarimu bavuga ko uyu muyobozi  atari ibi gusa yakoze. Mu masaha y’igitondo ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri abanza cya Gataka mu murenge wa Mubuga Hitumukiza Robert ushinzwe uburezi mu […]Irambuye

Karongi: Umugenzuzi w’imari yafashwe ‘yakira ruswa’

Urwego rushinzwe iperereza ku byaha (RIB) rwatangaje ko kuri uyu wa kane rwataye muri yombi Niyibizi Evase, umugenzuzi w’imari  (auditor) mu karere ka Karongi yakira ruswa y’amafaranga ibihumbi 100 nk’ikindi gice muyo yari yemerewe. Uyu mugabo w’imyaka 46 yafashwe kuwa kane mu gitondo mu kagari ka Gacaca Umurenge wa Rubengera ngo ari guhabwa ruswa ya […]Irambuye

Karongi: Abasenateri baribaza impamvu umusaruro w’intore utagaragara ku jisho

Hon Galican Niyongana, Perezida wa Komisiyo y’Imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena, ari kumw ena bamwe mu Basenateri basuye akarere ka Karongi bagamije kuganira n’Intore ku musaruro zitanga aho ziherereye, gusa ngo umusaruro w’Intore ntugaragarira ku jisho. Ba Hon Senateri Musabeyezu Narcisse na Hon Senateri Mukankusi Perune bari i Karongi ku wa […]Irambuye

Abahanzi 10 barahatanira Frw 500 000 yo muri Kinyaga Award2016

Kinyaga Award 2016 ni irushanwa riba ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo kuzamura impano z’abahanzi mu muziki mu Ntara y’Iburengerazuba, abahanzi 10 bo mu turere dutatu, Nyamasheke, Rusizi na Karongi barahatanira Frw 500 000 azatangwa nk’igihembo cya mbere ku muhanzi uzahiga abandi. Irushanwa ryatangijwe ku gitekerezo cy’uko abahanzi bakomoka mu Ntara y’Iburengerazuba, abenshi batavugwa […]Irambuye

Karongi/Mutuntu: Hafashwe abaturage bakekwaho kwiba ibendera bakaritwika

Iri bendera ry’akagari ka Gisayura mu murenge wa Mutuntu ryabuze tariki ya 21 Ugushyingo 2016, hakomeza ibikorwa byo kurishakisha. Amakuru Umuseke wakuye ku muyobozi w’Akagari ka Gisayura, Ukurikiyimana Jean Pierre ni uko, intandaro ryo kwibwa kw’ibendera ari uburakari bw’umuturage utari wishimiye ko mu isambu ye hacishwa umuhanda wa VUP. Uyu mugabo witwa Mugekurora Patrick utarishimiye […]Irambuye

Karongi: Nyamugwagwa aho abana bigiraga mu kagari no mu rusengero

Ku ishuri ribanza rya Nyamugwaagwa mu kagari ka Nyamugwaagwa Umurenge wa Ruganda mu karere ka Karongi, muri iki cyumweru hatashywe ibyumba bitandatu by’amashuri mashya yubatswe ku bufatanye bw’akarere n’ingabo z’u Rwanda zavuye ku rugerero (RDF/Reserve Force). Aha abanyeshuri 116 bigiraga mu rusengero rwa EPR naho 74 bakigira mu biro by’akagali, ubuyobozi bw’ikigo burashima iki gikorwa […]Irambuye

Karongi: Abahinzi b’icyayi biyujurire ishuri ryisumbuye ryigamo abana 704

Mu murenge wa Rugabano, mu karere ka Karongi, ku kasozi ka Rugabano kagize isunzu rya Congo Nil, abaturage bakora ubuhinzi bw’icyayi biyujurije ishuri ryisumbuye ryigamo abanyeshuri 704. Aha huzuye ishuli ryisumbuye rya Rugabano, hahoze hari ishuri ry’imyuga ryari rizwi nka Selayi mu gihe cyo hambere. Iri shuri rigizwe n’ibyumba byo kwigiramo 20 n’amacumbi acumbikirwamo abahungu […]Irambuye

Karongi: Urukiko rwanze ubujurire bw’umunyemari Aphrodis Mugambira

*Umwe mu bamushinjaga yarivuguruje *Mbere yari yavuze ko Mugambira yamukubise kuko yanze kuryamana n’umuclient *Kwivuguruza kwe nabyo Urukiko ngo rwabishingiye rufata uyu mwanzuro Kuva saa munani kuri uyu wa kane, Urukiko rwisumbuye rwa Karongi rwatangiye gusoma ubujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo bwa Aphrodis Mugambira, uru rukiko rwategetse ko rutesheje agaciro impamvu atanga mu bujurire bwe […]Irambuye

en_USEnglish