Digiqole ad

Kuwa 30 Mata 2013

Imisozi imwe mu burengerazuba bw’u Rwanda iri gukiruka itemwa ry’amashyamba ryayibayeho. Abayituriye ubu barishimira ko amashyamba ari kongera gushibuka iwabo.

Umwe mu misozi yo mu karere ka Karongi mu murenge wa Twumba
Umwe mu misozi yo mu karere ka Karongi mu murenge wa Twumba

Photo/P Muzogeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

en_USEnglish