Month: <span>June 2017</span>

Muhanga: Abaganga n’Abaforomo bishyuriye abatishoboye mitiweli barenga 1000

Abakora muri Serivisi z’ubuvuzi mu Karere ka Muhanga bishyuriye ubwisungane mu kwivuza abaturage barenga 1000, banahiga ko bagiye kugabanya amasaha abarwayi bamara bategereje guhabwa serivisi. Iki gikorwa cyo kwishyurira mitiweli abaturage barenga 1000 bo mu cyiciro cya mbere cy’Ubudehe, abakozi bavuga ko ari umwe mu mihigo bari bahize ndetse ko n’Akarere ubwako katari kawesheje ku […]Irambuye

Umuhanzi Adrien umaze imyaka 7 muri USA ageze i Kigali

Nyuma y’imyaka irindwi ari muri Leta Zunze Ubumwe za America, umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Adrien Misigaro agarutse mu Rwanda mu gitaramo cy’itsinda rya Beauty For Ashes rigiye kumurika album ryise La Naissance. Uyu muhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo yitwa ‘Nkwitende’ yaririmbanye na The Ben n’indi yakoranye na Meddy yitwa ‘Ntacyo nzaba’ ageze I Kanombe ku […]Irambuye

Umunya Sudani y’Epfo umaze igihe mu Rwanda ashima uko uburenganzira

Ni umukobwa ukomoka muri Sudani y’Epfo witwa Elizabeth Diing Lval Munyang wiga mu Rwanda, ashima uburyo imiryango yita ku burenganzira bwa muntu n’ubw’abana ikora mu Rwanda. Yabwiye Umuseke ko akurikije ibyo yigiye mu mahugurwa y’iminsi ine yateguwe n’ihuriro ry’imiryango ihanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, asanga igihugu hari ibyo cyanoza kugira ngo abana babeho biga, bafite […]Irambuye

Diane Rwigara ntiyemera ko hari inyandiko zituzuye mu zo yahaye

Mu kuganiro n’abanyamakuru, Shima Diane Rwigara umugore umwe wamaze gutanga ibyangombwa muri Komisiyo y’Amatora nk’ushaka kuzahatanira kuyobora igihugu, yavuze ko atazi icyo Komisiyo yshingiyeho itamutangaza ku rutonde rw’agateganyo rw’Abakandida bemerewe. Muri iki kiganiro n’abanyamakuru, cyabereye i Nyamirambo, Shima Diane Rwigara yabwiye abanyamakuru ko ibyo yasabwaga gutanga byose yabitanze ariko agatangazwa n’uko atagaragaye ku rutonde rw’abakandida […]Irambuye

Diamond ati “Ubu Wasafi Records yatangiye mu Rwanda”

Kigali – Mu kiganiro amaze kugirana n’abanyamakuru, Diamond Platnumz umuhanzi w’icyamamare mu karere atangaje ko nk’uko byari byaravuzwe ko ashaka kwagurira ibikorwa bye mu Rwanda, ngo ubu byatangiye kuko abahanzi bo mu Rwanda bashobora gutangira kugurisha ibihangano byabo biciye ku rubuga rwa Wasafi Records, y’uyu muhanzi. Diamond yavuze ko ubu abahanzi bo mu Rwanda bashobora […]Irambuye

Rwanda: 24% by’abana nibo basoma rimwe mu kwezi…Kutarya ni imwe

*Abana 18% n’ababyeyi/abarezi 41% barya rimwe ku munsi, *Ababyeyi 68% ngo ikibazo ni ukubura umwanya, *Abana 5% ni bo batunga udutabo tw’Ikinyarwanda, 6% bakabasha kugera ku masomero. Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urengera abana, Save The Children ku muco wo gusoma mu Rwanda bugaragaza ko abana 24% ari bo bashobora gusoma nibura rimwe mu kwezi. Ubu bushakashatsi […]Irambuye

Ibirori bya Volleyball byagarutse, amakipe 35 azahatanira Memorial Rutsindura 2017

Abakunzi ba Volleyball mu Rwanda bagiye kongera kuryoherwa n’imikino myinshi irimo ibihangange. Ni mu irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka umutoza Alphonse Rutsindura wazamuye impano nyinshi z’abamenyekanye muri Volleyball, ryateguwe na Petit Seminaire Virgo Fidelis ku nshuro ya 16. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kamena 2017 saa 17:00, nibwo hakorwa tombola y’uko amakipe azahura muri […]Irambuye

Ubushake bw’abaturage, icyerekezo cyiza nizeye ko bizateza imbere u Rwanda

Umuyobozi uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/OMS) muri Africa, Dr Matshidiso Moeti yavuze ko urugendo yagiriye mu Rwanda rwamubereye agatangaza, ngo yizeye ko u Rwanda ruzakomeza gutera imbere binyuze mu bushake bw’abaturage n’icyerekezo cyizima na politiki ubuyobozi bugenderaho. Nyuma yo kubonana na Perezida Paul Kagame ejo ku wa kane, kuri uyu wa gatanu […]Irambuye

Mushikiwabo ari i Addis, P.Kagame nawe arajyayo kuwa mbere

*Igikomeye cyane mu byigwa ni umwanzuro wo kwigira kwa AU Ba baminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu bya Africa, uyu munsi bari i Addis Ababa mu nama itegura inama y’abakuru b’ibihugu bya Africa izaberayo kuwa mbere tariki 03 Nyakanga. Mu byigwa harimo ishyirwa mu bikorwa ry’amavugurura y’Umuryango w’ubumwe bwa Africa yateguwe na Perezida Kagame, nawe uzaba uhari. […]Irambuye

Olivier Karekezi, umusimbura wa Seninga muri Police FC

Nyuma y’imyaka isaga ibiri asoje amasomo yo gutoza akanabona ‘License A’ ya UEFA, ariko agakomeza gutoza amakipe y’abakiri bato muri Suède, Olivier Karekezi yamaze kwemeza ko muri Kanama azagaruka mu Rwanda gushaka akazi ko gutoza ikipe nkuru. Ashobora gutoza Police FC umwaka utaha w’imikino. Tariki 26 Ugushyingo 2014 nibwo umunyarwanda Fils Olivier Karekezi wakiniye ikipe […]Irambuye

en_USEnglish