Addis Ababa – Mme Jeannette Kagame muri iki gitondo amaze kugeza ijambo ku nama ya 18 y’ihuriro ry’abagore b’abakuru b’ibihugu rigamije kurwanya SIDA. Yavuze ko hakenewe kongerwa imbagara mu kurwanya ubwandu bushya bwa SIDA cyane cyane mu bana b’abakobwa kuko ubuzima bwabo bugena uko ibisekuru biri imbere bizabaho. Iyi nama yarimo abagore b’abayobozi b’ibihugu bya; […]Irambuye
Hari amakuru avuga ko Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize n’ubwizigame “Rwanda Social Security Board (RSSB)” yaba yaramaze kugura 51% by’imigabane ya Sonarwa iri mu bibazo by’ubukungu kugira ngo barebe uko bayizahura. Banki ya Kigali (BK) nayo iri kwinjira muri Serivise z’ubwishingizi nayo ngo yashakaga kugura 35% by’imigabane ya Sonarwa, byari kuyigira umunyamigabane mukuru ariko ntibyakunda itsindwa na […]Irambuye
Hari abavuga ko iyo uzi ikintu runaka, urugero nko gucuranga piano cyangwa nko kuvuga Icyongereza biba bihagije. Abahanga mu mitekerereze y’abantu bo bemeza ko gukoresha kenshi ubwonko mu kwiga no gukora cya kintu umuntu yibwira ko azi kuko ngo iyo bitabaye ibyo uturandaryi nyabwonko(neurons) tuba twarihuje tugatuma umuntu amenya byabindi azi, tugenda tudohoka. Mu bihe […]Irambuye
Mbogo Ngabo Minisitiri wari Minisitiri w’imari n’ingego y’imari muri Tchad yirukanywe mu cyumweru gishize na Perezida wa Tchad amuziza ko yanze gutanga amafaranga ngo Moussa Faki yiyamamaze ku mwanya ejo yatorewe mu muryango w’ubumwe bwa Africa. Ikinyamakuru Malaika kiravuga ko amakuru yizewe gifite ari uko Perezida Idriss Deby Itno yahamagaye Minisitiri Mbogo Ngabo akamusaba guha […]Irambuye
Ngo afite indwara yitwa ”Malignant narcissism’ (kwikunda kubi kandi gukabije). Abahanga mu ndwara zo mu mutwe n’imitekerereze ya muntu ngo basanga Perezida Donald Trump agaragaza ibimenyetso bifatika ko arwaye mu mutwe. Abaganga banyuranye muri izi ndwara ubu baragenda batangaza ibyo babonye kuri Perezida Trump mu rwego rwo kuburira rubanda nk’uko bivugwa na NewYorkTimes. Mu gihe […]Irambuye
Iyi mpanuka yabereye ku muhanda Mattheus mu mujyi wa Kamembe ubwo moto ifite plaque RC 360N yari itwawe na Kaberuka Patrice yagonze umukecuru Mukaniyongira wavaga kwa muganga, ahita yangirika bikomeye mu mutwe igice kimwe cyabaye nk’ikimeneka gusa yahise ajyanwa kwa muganga. Ababonye iyi mpanuka bari hafi aho ku iduka rya madamu Jeanette muri Mattheus […]Irambuye
Mu gusesengura raporo ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015/2016, Abadepite bagize Komisiyo y’imibereho myiza bakiriye akarere ka Rwamagana, kaciwe miliyoni 43 z’amafaranga y’u Rwanda kuva 2009-2015 kubera abakozi bagatsinze mu nkiko, kemeye ko hari amakosa yabaye, ariko ngo hafashwe ingamba zo kudasubira mu nkiko. Abakozi bareze inzego za Leta kubera ibyemezo byabafatiwe bitubahirije […]Irambuye
*Yatangaje ko TransformAfrica ya 2017 izaba muri Gicurasi I Addis Ababa muri iki gitondo Perezida Paul Kagame amaze gutangiza inama y’abayobozi b’umushinga wa Smart Africa ugamije iterambere ry’ikoranabuhanga mu guhindura imibereho y’Abanyafrica. Iyi nama iri kuba iruhande rw’inama y’Umuryango w’ubumwe bwa Africa isoza imirimo yayo none. Smart Africa ni igitekerezo cyakomotse mu nama ngari ya […]Irambuye
Nyamagabe – Umuturage witwa Nzabarwaniki Aloys yapfuye azize gukubitwa bikomeye n’abaturage mu kagari ka Gasarenda mu murenge wa Tare, ni nyuma y’uko ku cyumweru gishize yari afatiwe mu murima w’ibigori akekwaho ubujura. Police y’u Rwanda ikunze gushishikariza abaturage kwirinda kwihanira. Gusa hari aho bikigaragara hamwe na hamwe mu gihugu. Felisiyani Bazarihorana uri mu bajyanye Nzabarwaniki […]Irambuye
Mukura VS yarangije shampiyona ishize iri ku mwanya wa gatatu ariko uyu mwaka ntihagaze neza. Kuri uyu wa mbere yasimbuje umutoza, Yvan Jacky Minnaert asinya amezi atandatu, Okoko arirukanwa. Uyu murundi wirukanywe azahabwa imperekeza ya miliyoni eshatu n’igice. Tariki 19 Nyakanga 2016 nibwo uwari umutoza wa Mukura Victory Sports Football Club Okoko Godefroid yongereye amasezerano […]Irambuye