Month: <span>December 2016</span>

Gambia: Abaturage batangiye amatora ya Perezida, Yahya Jemmeh arashaka manda

Abaturage ba Gambia batangiye amatora benshi babona ko akomeye cyane, Umunyemari Adama Barrow ahanganye na Perezida Yahya Jammeh umaze imyaka 22 ku butegetsi. Leta yafashe icyemezo cyo kuba ikuyeho umuyoboro wa Internet ndetse n’imirongo ya telefoni ihamagara hanze y’igihugu, kandi ibuza imyigaragambyo mbere y’amatora cyangwa nyuma yayo. Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi yose yiyunze n’umukandida Adama […]Irambuye

France: Mu bujurire Simbikangwa bazamukatira ejo

Mu bujurire mu rukiko rwa Bobigny, kuwa gatatu abo mu mashyirahamwe yigenga ari mu rubanza bamaganye ibyo bise ‘gusuzugura’ no ‘kubeshya’ bya Pascal Simbikangwa we uvugwa ko arengana. Uyu mugabo wahoze mu ngabo zatsinzwe azakatirwa kuwa gatandatu. Nubwo havugwayo benshi mu bakekwa, Simbikangwa niwe munyarwanda wa mbere waciriwe urubanza mu Bufaransa ahamwa n’uruhare yagiye muri […]Irambuye

RwandAir igiye kujya ikora ingendo muri Zimbabwe

Kompanyi y’Indege y’u Rwanda, RwandAir igiye kujya igurukira mu kirere cyo muri Zimbabwa, indege zayo zikajya zigwa ku kibuga cy’indege gishya kitwa Victoria Falls International Airport gifite ibikoresho bigezweho. Umuyobozi Mukuru wa Rwandair, John Mirenge, yatangarije Tourism Update ibijyanye n’icyo cyemezo. Mirenge yagize ati “Tugiye kongera gukorana n’abafatanyabikorwa gukorera ingendo i Harare, ku kibuga cya […]Irambuye

Ababyeyi ntibadushyigikira niyo mpamvu turi bacye muri HipHopo – Oda

Mu Rwanda, ababyeyi benshi ngo ntibumva uburyo umwana w’umukobwa ajya gukora umuziki by’umwihariko injyana ya HipHop kuko bakibifata nko guta umuco, kuba ikirara n’ibindi. Oda Paccy ukora HiHop avuga ko ari imbogamizi ituma abakobwa bakiri bacye mu njyana nk’iye. Oda Paccy amaze igihe kinini akora iyi njyana, arazwi cyane mu bagore bakora muzika mu Rwanda […]Irambuye

Abanyarwanda batsindiye igihembo gikomeye muri ICT mu bijyanye na e-Education

Kompanyi yitwa Academic Bridge yatsindiye igihembo gitangwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ikoranabuhanga  ITU (International Telecommunications) kitwa World 2016 thematic award, mu bijyanye no kwigisha abantu hifashishijwe ikoranabuhanga (e-education). Iki gihembo cyashyikirijwe umuyobozi mukuru w’iyi kompanyi, Mariam M. Muganga tariki ya 18 Ugushyingo Mu ihuriro ry’Isi rihuza abo mu nzego za Leta, imiryango n’ibigo bifitanye isano n’ikoranabuhanga ryitwa […]Irambuye

Uyu munsi turarara tumenye usimbura Sen Mucyo muri Sena

Guhera saa yine z’amanywa kuri uyu wa kane ku rwego rw’uturere mu tw’Intara y’Amajyepfo haratangira amatora y’uzasimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witwabye Imana mu kwezi kwa cumi. Biteganyijwe ko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane hamenyekana ibyavuye mu majwi. Abakandida ni batanu; Mukakabera Monique, Dr Richard Sezibera, Dr Masabo François, Mukamuganga Veneranda na Muhimakazi […]Irambuye

Episode 56: Eddy asimbuye Chris mu kazi agizwe Chief of

Epsode 56 ……Ndangije kumuha impano, turikubura dufata imodoka tugaruka i Kigali, twahageze numva ndi muri mood y’urukundo cyane, burya ubukwe na bwo burarema! Narebaga ama couples hafi aho nkabona birasa neza mu maso yanjye, niba hari ikintu nishimira na n’ubu ni ukubona ibyishimo bitama bihumurira bose, kubibona birandyohera mba numva ari nk’umutako nagura ngashyira muri […]Irambuye

Uyu munsi ni mpuzamahanga wa SIDA, iracyahari. Ibintu 5 ubu

Kuya mbere Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ububi bw’icyorezo SIDA no kukirinda. Ni indwara itarabona umuti cyangwa urukiko. Ibi ni ibintu bitanu ubu wamenya kuri iyindwara ubu ubwandu bwayo bufitwe n’abagera hafi kuri miliyoni 37 ku isi. 5.Imiti igabanya ubukana yakoze akazi gakomeye, si benshi ikica nka mbere Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku […]Irambuye

en_USEnglish