Month: <span>October 2016</span>

Umuvunyi 2015/16: Abantu 158 nibo bahaniwe Ruswa

*Uwahamijwe ruswa iri hejuru, ni uwatanze iya 1 000 000 Frw (ni umwe), *Depite Mporanyi aribaza impamvu abumvikana ko banyereje za Miliyari batagaragaramo, *Umuvunyi Mukuru avuga ko kunyereza ibya Leta bitari mu byaha bya Ruswa, *Avuga ko urwego rw’Umuvunyi rwifuza ko kunyereza ibya Leta na byo biba mu byaha bya Ruswa. Ku gicamunsi cyo kuri […]Irambuye

Abana hafi 600,000 bapfa ku mwaka bazize ibyuka bihumanaya ikirere

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana ‘UNICEF’ rirasaba abyobozi b’Isi guhagurukira kurwanya ibihumanya ikirere kuko ngo bihitana abana bari munsi y’imyaka itanu hafi ibihumbi 600 buri mwaka. Raporo nshya ya UNICEF yitwa “”Clear the Air for Children” iravuga ko iyi mibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bahitanwa n’ingaruka z’ihumana ry’ikirere buri mwaka iri hejuru cyane […]Irambuye

Amahirwe y’igikombe aracyahari nubwo twatangiye nabi- Ally Niyonzima

Mukura Victory Sports ni imwe mu makipe afite intego yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa gatatu. Nubwo itatangiye neza, abatoza n’abakinnyi bayo barimo Ally Niyonzima baracyafite icyizere ko bazagera ku ntego. Umwaka ushize w’imikino, wabaye umwaka mwiza ku bakunzi ba Mukura Victory Sports “et Loisirs”. Uretse kongera gukinira kuri stade Huye bita imbehe […]Irambuye

Abafite umuriro ubu ni 27%, ariko dufite amashanyarazi yakwira Abanyarwanda

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi ‘Rwanda Energy Group (REG)’ buratangaza ko hari intambwe yatewe mu gukemura ikibazo cy’umuriro w’amashanyarazi ku buryo umuriro uhari ubu ushobora kugera ku baturage bose. Mu 2010, Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kugera kuri MW 563 mu mwaka utaha wa 2017, iyi ntego iza guhuzwa na gahunda y’imbaturabukungu ya […]Irambuye

Abantu 43 126 bakoze ibizamini by’akazi ka Leta, 1 719

*Inzego zimwe zitumva amabwiriza ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta zihombya Leta, mu myaka itatu 2012/2015 Leta yahombye miliyoni 524 mu manza ishorwamo. *Hon Gatabazi ati “Niba ushaka Agronome kuki unasaba abize ibijya gusa n’umukandida ushaka?” *Muri Leta ngo hateye indwara yo gukoresha abakozi batujuje amadosiye. Ubwo Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagezaga Raporo yayo y’ibikorwa […]Irambuye

Ya Guest House yo ku Nkombo ibyayo byahise byihuta, ejo

Hari hashize imyaka hafi itatu ku kirwa cya Nkombo huzuye inyubako zigezweho zari zarateganyirijwe gukoreramo Guest House, ubwo Umuseke wahasuraga mukwa karindwi uyu mwaka, abaturage bagaragaje ko impamvu izi nzu ziri gupfa ubusa zaratwaye miliyoni 200 ari uko ari umushinga utari ukenewe cyane ku Nkombo, izi nzu ariko ziratangira gukorerwamo kuri iyi ya 01 Ugushyingo […]Irambuye

Dj Pius ubu niwe uduhagarariye mu muziki mu Rwanda- M1

M1 umwe mu bahanzi barimo kurwana nuko injyana ya Dancehall yamenyekana cyane mu Rwanda, kuri we asanga Dj Pius ariwe muhanzi uhagarariye umuziki w’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga. Avuga ko atatinya gushimangira ayo magambo. Nubwo kenshi usanga umuhanzi atifuza kwemera ko hari umurusha cyangwa hari urimo kwitwara neza ugereranyije nawe. Kuba Pius arimo gutambuka ku […]Irambuye

Bugesera: Abirukanywe muri Tanzania ngo guhinga si umuco wabo…Barataka inzara

Bamwe mu banyarwanda birukanywe muri Tanzania bakaza gutuzwa mu murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera bakanahabwa n’ubutaka bwo guhinga bavuga ko kuba badahinga ubu butaka ari uko batatojwe guhinga kuva kera. Ngo si umuco wabo ariko kandi barataka inzara. Aba banyarwanda bavuga ko bari basanzwe batunzwe n’ubworozi, kuba badafata amasuka nk’abandi baturanyi atari ubunebwe cyangwa […]Irambuye

en_USEnglish