*Uwahamijwe ruswa iri hejuru, ni uwatanze iya 1 000 000 Frw (ni umwe), *Depite Mporanyi aribaza impamvu abumvikana ko banyereje za Miliyari batagaragaramo, *Umuvunyi Mukuru avuga ko kunyereza ibya Leta bitari mu byaha bya Ruswa, *Avuga ko urwego rw’Umuvunyi rwifuza ko kunyereza ibya Leta na byo biba mu byaha bya Ruswa. Ku gicamunsi cyo kuri […]Irambuye
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana ‘UNICEF’ rirasaba abyobozi b’Isi guhagurukira kurwanya ibihumanya ikirere kuko ngo bihitana abana bari munsi y’imyaka itanu hafi ibihumbi 600 buri mwaka. Raporo nshya ya UNICEF yitwa “”Clear the Air for Children” iravuga ko iyi mibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bahitanwa n’ingaruka z’ihumana ry’ikirere buri mwaka iri hejuru cyane […]Irambuye
Mukura Victory Sports ni imwe mu makipe afite intego yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa gatatu. Nubwo itatangiye neza, abatoza n’abakinnyi bayo barimo Ally Niyonzima baracyafite icyizere ko bazagera ku ntego. Umwaka ushize w’imikino, wabaye umwaka mwiza ku bakunzi ba Mukura Victory Sports “et Loisirs”. Uretse kongera gukinira kuri stade Huye bita imbehe […]Irambuye
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi ‘Rwanda Energy Group (REG)’ buratangaza ko hari intambwe yatewe mu gukemura ikibazo cy’umuriro w’amashanyarazi ku buryo umuriro uhari ubu ushobora kugera ku baturage bose. Mu 2010, Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kugera kuri MW 563 mu mwaka utaha wa 2017, iyi ntego iza guhuzwa na gahunda y’imbaturabukungu ya […]Irambuye
*Inzego zimwe zitumva amabwiriza ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta zihombya Leta, mu myaka itatu 2012/2015 Leta yahombye miliyoni 524 mu manza ishorwamo. *Hon Gatabazi ati “Niba ushaka Agronome kuki unasaba abize ibijya gusa n’umukandida ushaka?” *Muri Leta ngo hateye indwara yo gukoresha abakozi batujuje amadosiye. Ubwo Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yagezaga Raporo yayo y’ibikorwa […]Irambuye
Hari hashize imyaka hafi itatu ku kirwa cya Nkombo huzuye inyubako zigezweho zari zarateganyirijwe gukoreramo Guest House, ubwo Umuseke wahasuraga mukwa karindwi uyu mwaka, abaturage bagaragaje ko impamvu izi nzu ziri gupfa ubusa zaratwaye miliyoni 200 ari uko ari umushinga utari ukenewe cyane ku Nkombo, izi nzu ariko ziratangira gukorerwamo kuri iyi ya 01 Ugushyingo […]Irambuye
Umwe mu bayobozi mu ishyaka ry’Aba- Démocrate, uri muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko kuba umuyobozi w’Ibiro bishinzwe iperereza bya FBI yaratangaje ko bagiye kubyutsa iperereza kuri email zifite aho zihuriye na Hillary Clinton ari uguhonyora itegeko. Uyu muyoboke mu ishyaka ry’Aba-Democrate, Harry Reid ashinja James Comey uyobora FBI guhonyora itegeko […]Irambuye
M1 umwe mu bahanzi barimo kurwana nuko injyana ya Dancehall yamenyekana cyane mu Rwanda, kuri we asanga Dj Pius ariwe muhanzi uhagarariye umuziki w’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga. Avuga ko atatinya gushimangira ayo magambo. Nubwo kenshi usanga umuhanzi atifuza kwemera ko hari umurusha cyangwa hari urimo kwitwara neza ugereranyije nawe. Kuba Pius arimo gutambuka ku […]Irambuye
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa mbere, mu karere ka Gicumbi, police yaraye ifashe imodoka y’i voiture ifite pulake yo mu gihugu cya Uganda, UAR 376D yari itwaye udupaki 7 700 tw’inzoga ya Zebra itemewe mu Rwanda, uwari utwaye iyi modoka amagura ayabangira ingata ata imodoka. Mu murenge wa Rukomo, mu karere ka Gicumbi, Igipolisi cy’u […]Irambuye
Bamwe mu banyarwanda birukanywe muri Tanzania bakaza gutuzwa mu murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera bakanahabwa n’ubutaka bwo guhinga bavuga ko kuba badahinga ubu butaka ari uko batatojwe guhinga kuva kera. Ngo si umuco wabo ariko kandi barataka inzara. Aba banyarwanda bavuga ko bari basanzwe batunzwe n’ubworozi, kuba badafata amasuka nk’abandi baturanyi atari ubunebwe cyangwa […]Irambuye