Kuri uyu wa gatanu, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere “RDB”, kinafite mu nshingano ubukerarugendo, cyatangije ubukangurambaga cyise “Tembera u Rwanda” bugamije gukangurira Abanyarwanda gutembera igihugu cyabo. Mu bisanzwe, Abanyarwanda banengwa kutitabira gusura ibice nyaburanga by’igihugu cyabo, ugasanga babyiga mu bitabo gusa kandi bitagoye kubisura. RDB ivuga ko n’ubwo nta barurwa rirakorwa, ubukerarugendo bushingiye ku ‘Iyobokamana’, […]Irambuye
Cyomugisha Rehema washakanye na Ndekezi Salim batuye mu karere ka Gatsibo, mu murenge wa Ngarama, akagali ka Nyabicwanga mu mudugudu wa Gatunga, amaze imyaka irindwi ahohoterwa n’umugabo we, ngo umuhoza ku nkeke akamukubita ntahahire urugo, rimwe na rimwe akanamwirukana mu rugo. Mu buhamya bwe Rehema agira ati “Maze imyaka isaga irindwi mbana n’umugabo wanjye twashyingiranwe […]Irambuye
Mu mahugurwa yahuje amwe mu makoperative yo mu Ntara y’Amajyepfo, n’ayo mu Ntara y’Uburasirazuba n’umushinga w’abanyaCanada ushinzwe gutera inkunga amakoperative (Canadian Cooperative Agency), — USENGIMANA Emmanuel umuhuzabikorwa w’uyu mushinga atangaza ko ihame ry’uburinganire mu makoperative ritarimakazwa. Ni nyuma y’aho abaterankunga b’amakoperative agera ku 15 akorera mu Ntara y’Amajyepfo n’ay’Iburasirazuba baboneye ko uburinganire mu makoperative bukiri […]Irambuye
*Asaba abaturage guhinga ahashoboka hose kuko igihembwe cya kabiri imvura ijya ibatenguha ntibasarure. Nyaruguru – Mu gihe mu gihugu hose bamaze kwinjira mu gihembwe cy’ihinga cy’Umuhindo, umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru asaba abaturage be guhinga ku buryo bizabazanira inyungu bakoresha amafumbire, bakirinda guhinga nk’abahamba amaboko. Anabasaba guhinga ahantu hose hashobora guhingwa kuko ngo igihembwe cya kabiri […]Irambuye
Mu kiganiro n’Abanyamakuru, kuri uyu wa Gatanu, Ikigo cy’igihugu cy’ubuziranenge (RSB) cyerekanye impungenge gifitiye izindi laboratoire ziri mu gihugu zitanga ibipimo bitanga amakuru y’ibinyoma ku buryo bishobora gushyira ubuzima bw’Abanyarwanda mu kaga. Mu gusura zimwe muri laboratoire za RSB, Abanyamakuru beretswe laboratoire ishinzwe gupima ibikoresho by’ubwubatsi, ishami rishinzwe ibipimo fatizo bijyanye na dimension. Baneretswe kandi […]Irambuye
Nyuma yo gusubika igitaramo cyabo bitewe no kubura umwe muri bo, Jacques Kiruhura wari Umunyamabanga rusange wabo, abagize itsinda rya ‘True Promises ministries’ baratangaza ko basubukuye imyiteguro y’igitaramo cyabo kizaba kuri iki cyumweru, taliki ya 02 Ukwakira. Iri tsinda ‘True Promises’ rivuga ko bimwe mu byo bashyize imbere muri iyi misni, birimo imyiteguro y’igitaramo giteganyijwe […]Irambuye
Mu biganiro byo gusobanura amwe mu makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi w’Imari ya Leta mu micungire y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashanyarazi (REG), n’icy’igishinzwe amazi (WASAC), Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi (EDCL) yavuze ko hagendewe ku bimaze kugerwaho hari icyizere ko mu mwaka utaha amashanyarazi ashobora kuzagabanukaho nka 20% ku giciro. Abadepite barebaga aho REG igeze yishyuza amafaranga […]Irambuye
Impunzi zo mu nkambi ya Mugombwa iherereye mu karere ka Gisagara mu murenge wa Mugombwa ziravuga ko kuba zitagira isoko, ari kimwe mu bituma badatera imbere bigatuma bahora bahanze amaso ku mfashanyo, bakavuga ko bahawe isoko baribyaza umusaruro kuko hari abafite ubushake bwo gukora imishinga y’ubucuruzi. Abakorera ubucuruzi mu nkambi ya Mugombwa bavuga ko kuba […]Irambuye
Mu ka karere ka Nyagatare, hakomeje kuvugwa ikibazo cy’inzara cyatumye bamwe mu batuye muri aka karere bakomeje gusuhukira mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, abandi bakavuga ko aya mapfa yateje amakimbirane mu miryango kuko hari bamwe mu bagabo bagiye bata ingo zabo bakigendera. Mu minzi ishize, mu duce tumwe na tumwe tugize intara y’Uburasirazuba hakunze kuvugwa […]Irambuye
Mu bukangurambaga bwatangijwe kuri uyu wa 30 Nzeri, urubyiruko rw’abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, amakuru za kaminuza rwibukijwe ko rugomba kugira uruhare mu kurinda umutekano w’igihugu, basabwa gutanga amakuru no kugendera kure abashaka kubashuka bagamije kubashora mu bikorwa byo guhungabanya ituze n’umudendezo by’igihugu. Muri ubu bukangurambaga bwibanze ku gukumira no kurwanya ibyaha, urubyiruko rwasabwe kutijandika […]Irambuye