Month: <span>May 2016</span>

Kicukiro: Mayor arasaba abakozi kwirinda kuzasenyera abaturage ku maherere

Mu ijambo yagejeje ku bakozi bari bitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umukozi, Mayor w’Akarere ka Kicukiro, Dr Jeanne Nyirahabimana yabasabye kwirinda kuzasenyera umuturage  wabutse bamurebera ntibamubuze kandi bazi neza ko bitemewe. Kuri we ngo biriya ni ukumurenganya. Ku Cyumweru abakozi mu Karere ka Kicukiro ku nzego zitandukanye bari bateraniye hamwe kugira ngo bishimire ibyagezweho […]Irambuye

Muhanga: Ikusanyirizo ry’amata bahawe rimaze imyaka 7 ridakora

Abatuye umujyi wa Muhanga baravuga ko bamaze igihe kinini bagerwaho n’ingaruka zishingiye ku kuba ikusanyirizo ry’amata riherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga bari bahawe ryarafunze nyuma y’amezi atatu gusa ritangiye gukora mu mwaka wa 2009. Iri kusanyirizo rifite ibikoresho bipima amata, nyuma y’amezi atatu rikora neza Koperative y’aborozi “COEPROMU” yari irifite mu nshingano […]Irambuye

Kwibuka22: Urugaga rw’Abavoka rwasuye urwibutso rwa Bisesero

Ku rwibutso rwa Bisesero rushyinguyemo abarenga ibihumbi 50, ruherereye mu Murenge wa Rwankuba, Akarere ka Karongi, Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwavuze ko kutubahiriza amategeko ndetse n’umuco wo kudahana byaranze abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi aribyo byatumye bagera ku ntego yabo. MUKANDORI Dancila uhagarariye imiryango y’Abavoka yabuze abayo muri Jenoside yakorewe Abatutsi yavuze ko mbere ya […]Irambuye

en_USEnglish