Month: <span>May 2016</span>

Sake: Abahinzi barasaba gufashwa kuhira imirima yabo

Abahinzi bo mu Karere ka Ngoma barishimira gahunda ya “Twigire muhinzi” kuko ngo ibafasha kwiteza imbere mu buhinzi, babifashijwemo n’abajyanama mu buhinzi, gusa baracyasaba gufashwa kubona uburyo bwo kuhira imirima. Abaturage bo mu Murenge wa Sake, bashimira Minisiteri y’ubuhinzi n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuhinzi ‘RAB’ kubwa gahunda ya ‘twigire muhinzi’ kuko ngo irimo kubafasha kuvugurura ubuhinzi. Umuhinzi […]Irambuye

Irak: Islamic State yahanganye bikomeye n’ingabo za Leta

Umutwe w’abarwanyi ba Islamic State birwanyeho mu gutero bagabweho n’ingabo za Leta ya Irak ubwo zageragezaga kwinjira mu mujyi wa Fallujah. Ingabo za Irak zabwiye abanyamakuru ko nyuma y’umunsi umwe w’igitero simusiga ingabo zidasanzwe zagabye kuri Islamic State, mu majyepfo ya Nuaimiya  bagabweho igetero gikomeye n’abarwanyi bo muri uwo mutwe wa IS. Ingabo za Iraq […]Irambuye

Abasaga miliyoni 45 babayeho nk’abacakara…Ngo ibi byiyongereyeho 28% mu myaka

Ubushakashatsi bwakozwe  n’itsinda riyobowe n’umuherwe wo muri Australia; Andrew Forrest bugaragaza ko Abagabo, abagore n’abana basaga miliyoni 43 ku isi babayeho nk’abari mu bucakara bugezweho (Modern Slave). Ubu bushakashatsi bugaragaza ko imibereho nk’iyi yiyongereyeho 28% mu myaka ibiri ishize. Raporo y’ubu bushakashatsi igaragaza ko Ubuhindi ari cyo gihugu gifite umubare uri hejuru w’abantu babayeho muri […]Irambuye

Mbarushimana ngo ntibyamworohera kwiregura imbere y’abamubonamo ‘Umwicanyi ruharwa’

*Yateye utwatsi ibyavuye mu iperereza rimushinjura ryakozwe n’Abamwunganira, *Mbarushimana yavuze ko atakwiregura imbere y’Urukiko rumaze kumuvutsa uburenganzira, Ati “Harya ubwo ndi umusazi wo gukomerezaho?” *Abavoka bavuga ko bitaborohera kuregura uwo bunganira mu gihe atireguye, ngo ‘Ntibari gutekerereza umukiliya wabo ko yanga kuvuga’ *Ubushinjacyaha bwasabye ko urubanza rukomereza ku kiciro kigezweho. Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare […]Irambuye

Turukiya igiye gufasha u Rwanda guteza imbere inganda z’imyambaro

Kuri uyu wa kabiri, ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na Turukiya basinye amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi akubiyemo ubufatanye mu burezi, urujya n’uruza, guteza imbere inganda z’imyambaro, kongera ingufu z’amashanyarazi, ubucuruzi n’ibindi. Bwa mbere mu mateka y’umubano w’ibihugu byombi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turukiya, Mevlüt Çavuşoğlu ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, aho yasinye […]Irambuye

Minisitiri w’Uburezi yanenze abavuga ko imyuga yigwa n’abananiranye

Karongi – Minisitiri w’Uburezi, Dr Papias Malimba Musafiri mu ruzinduko ari kugirira mu Ntara y’Iburengerazuba, ku munsi  w’ejo tariki 30 Gicurasi yafunguye ku mugaragaro amashuri atanu y’imyuga  yubatswe n’umushinga w’AbaSuisse witwa ‘Suisse Contact’ asaba ko aya mashuli atafatwa nk’aho yigwamo n’ababuze  uko bagira cyangwa abananiranye, bihinduka kuko ngo uwize umwuga ataburara. Umwe mu banyeshuli biga […]Irambuye

Mani Martin mu myiteguro yo gushyira hanze album yise ‘Afro’

Maniraruta Martin umwanditsi w’indirimbo, umuhimbyi w’injyana ‘Melodies’, umuririmbyi wa ‘Pop/RnB & Afrobeat ivanzemo na Gakondo’, umukinnyi wa Cinema, agiye gushyira hanze album ya gatanu yise ‘Afro’ atari yamenya neza umubare w’indirimbo zizaba ziyigize. Ibi yabitangaje mu gitaramo kiswe ‘Jazz Junction’ cyabaye ku wa gatanu tariki ya 27 Gicurasi 2016 aho yari umwe mu bahanzi bagombaga […]Irambuye

Rulindo: ‘Gitifu’ w’Umurenge wa Ngoma arafunze

Amakuru aravuga ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngoma mu karere ka Rulindo, yatawe muri yombi akurikiranyweho kunyereza amafaranga yari agenewe umushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’ibihumyo. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Kayiranga Emmanuel yabwiye Umuseke ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa yafashwe ku bw’impamvu z’iperereza ku byaha akekwaho. Yavuze ko afungiye kuri Polisi ikorera Bushoki, akaba ngo […]Irambuye

en_USEnglish