Month: <span>March 2016</span>

Abarundi bakomeje guhungira mu Rwanda, abandi 95 baraye bakiriwe

Minisiteri y’imicungire y’biza n’ibirebana n’impunzi, MIDIMAR, ivuga ko kuri uyu wa mbere tariki 29 Gashyantare mu Rwanda hakiriwe impunzi nshya z’Abarundi 95. Izi zahise zituma imibare yose hamwe y’impunzi z’Abarundi zibaruwe ku butaka bw’u Rwanda igera ku 76 889. MIDIMAR yatangaje ko izi mpunzi zakiriwe kuri uyu wa mbere izigera kuri 90 zakiriwe mu murenge […]Irambuye

The Ben agiye gukora igitaramo cya mbere hanze y’Amerika

Kuva yajya muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri 2010, The Ben agiye gukorera igitaramo hanze y’uwo mugabane bwa mbere nyuma y’imyaka itandatu atakibarizwa mu Rwanda. Ku wa gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2016 nibwo yahagurutse muri Amerika ajya mu Bubiligi aho afite igitaramo cyo kumurika album ye yise ‘Ko nahindutse’ mu Mujyi wa Bruxelles kuwa […]Irambuye

Nyuma y’umutingito, ibitaro bya Bushenge ubu ni ibitaro bigezweho

Ni ibitaro biherereye mu karere ka Nyamasheke bikikijwen’ibice by’icyaro, byubatse kandi hafi y’umuhanda mushya wa kaburimbo wa Rusizi – Karongi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu. Mu 2008 byibasiwe n’umutingito igice kinini cy’amazu y’ibi bitaro kirangirika. Mu 2014 huzuye ibitaro bishya, bihabwa ibikoresho byisumbuyeho, byongererwa abaganga, bihabwa inzobere enye(4) z’abaganga….Ababyivurizaho ubu bashima umuhate wa Leta […]Irambuye

Miss Sharifa yakiriwe bikomeye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru

Umuhoza Sharifa wegukanye amakamba abiri mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2016, kuri uyu wa mbere yakiriwe n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru, Ababyeyi, Abavandimwe ndetse n’inshuti zari zimushyigikiye mu irushanwa. Niwe wegukanye ikamba ry’umukobwa ukunzwe cyane ‘Miss Popularity’ yongera no kwegukana ikamba ryo kuba igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda ‘4th Runner Up’. Kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish