Month: <span>January 2016</span>

DRC: FARDC irivuga imyato mu rugamba ihanganyemo na FDLR

*Igisirikare cya Congo kiravuga ko abarwanyi 2 ba FDLR bishwe, abandi benshi barafatwa, abandi baritanga *FDLR ngo yatakaje uduce twinshi. Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) zirukanye inyeshyamba za FDLR zivuga ko zirwanya Leta y’u Rwanda mu duce twinshi twa Lubero na Walikale nk’uko byigambwe n’umuvugizi w’ibikorwa byo kurwanya uyu mutwe n’indi yitwaje intwaro ivugwa mu […]Irambuye

Ethiopia: AU yavuye ku cyemezo cyo kohereza ingabo mu Burundi

Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU) yavuye ku mugambi wo kohereza ingabo 5 000 zo kugarura amahoro mu Burundi. Abayobozi bavuze ko ahubwo bashyize imbere ibiganiro hagati y’impande zihanganye. Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza yari yamaganye icyo cyemezo cyo kohereza ingabo mu gihugu cye, avuga ko azazifata nk’umwanzi ndetse akazirwanya. Icyemzo yafashe cyo kwiyamamariza manda […]Irambuye

Uganda: Gen Sejusa unenga ku mugaragaro Museveni yatawe muri yombi

Ingabo za Uganda zataye muri yombi kuri iki cyumweru uwahoze ari umuyobozi w’inzego z’iperereza, ubu akaba atinyuka kunenga ku karubanda Perezida Museveni, Gen David Sejusa mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’Umukuru w’igihugu abe. Ifatwa rya Sejusa ryakurikiwe n’umusako wamaze igihe cy’amasaha abiri n’igice, aho ingabo za Uganda UPDF zajagajaze inzu ye. Gen. Sejusa […]Irambuye

Muhanga: Urukundo rwatumye ashyingiranwa n’umugore ufite imyaka 62

Umusore Abdoulkarim Nsabimana wo mu Mudugudu wa Kavumu, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga yashyingiranywe n’umukunzi we Hadidja Mukankusi w’imyaka 62 y’amavuko kuri uyu wa 31 Mutarama 2016, aba bombi bavuga ko urukundo rutareba imyaka umuntu afite. Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru, abantu babarirwa mu majana bari mu bukwe bwa Abdoulkarim Nsabimana […]Irambuye

Ingaruka ni nyinshi ku Ngimbi n’Abangavu bakora imibonano mpuzabitsina

Umuryango mpuzamahanga ushinzwe ubuzima ku Isi (WHO/OMS) uraburira ingimbi n’abangavu bakora imibonano mpuzabitsina ko bishobora kubagiraho ingaruka ku mubiri, mu mitekerereze no mu mibanire yabo n’abandi, n’izindi zinyuranye. Ubushakashatsi bwa WHO (World Health Organization) bugaragaza ko ingimbi n’abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 20 baba bafite ubushake bw’indengakamere bwogukora imibonano mpuzabitsina. By’umwihariko ngo abahungu bari […]Irambuye

Rwanda: Abanyepolitiki bayijyamo bishakira umugati aho gukorera abaturage

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda kuri iki cyumweru ari mu kiganiro ‘SESENGURA’ cya City Radio FM yagarutse ku bibazo biri mu Rwanda, umuco wo kudahana utuma ruswa ifata intera bigahesha amanota make u Rwanda, avuga ko abanyepolitiki mu Rwanda bayijyamo bashaka umugati. Ingabire Immaculee yanenze cyane uburyo hari imishinga igaragaramo ruswa ariko ntihagire ubihanirwa. Yavuze […]Irambuye

Turukiya yongeye gushinja U Burusiya kuyivogera

Turukiya yashinje indege y’U Burusiya kuvogera ikirere cyayo ndetse ihita ihamagaza Ambasaderi w’U Burusiya muri icyo gihugu. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yatangaje ko indege y’intambara y’U Burusiya, SU-34 yagurukiye mu kirere cya Turukiya ku wa gatanu nubwo yari yihanangirijwe kutarenga urubibi. Amakimbirane hagati ya Turukiya na’U Burusiya yatangiye ubwo indege y’intambara y’U Burusiya yahanurirwaga hafi y’urubibi […]Irambuye

Africa yunze Ubumwe yabonye umuyobozi mushya, Idriss Déby

Mu nama rusange ya 26 y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (African Union, AU) kuri uyu wa gatandatu i Addis-Abeba, Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yahaye ubuyobozi Idriss Déby wa Tchad, ku kuyobora uyu muryango mu ba Visi Perezida harimo Paul Kagame w’u Rwanda. Perezida Idriss Déby agitorwa yagize ati «Duhura kenshi, tuvuga byinshi, ariko ntidukora […]Irambuye

CHAN 2016: DR Congo itsinze u Rwanda 2-1 yinjira muri

Mu mukino wari wahuruje imbaga, ikipe y’igihugu ya Congo Kinshasa ikuyemo Amavubi  y’u Rwanda ku 2-1, umukino byasabye ko hungerwaho iminota y’inyongera kuko amakipe yombi yari yanganyije 1 – 1. Umukino wari ukomeye cyane, igice cya mbere kihariwe na Congo Kinshasa, ku munota wa 10 w’igice cya mbere ku ishoti rya kure umukinnyi Doxa Gikanji […]Irambuye

Uwarashwe akekwaho gushaka abajya muri Islamic State ngo yari afite

*Abakoranaga n’uwishwe bamwe barafashwe, abandi baracika *Mugemangango ngo hari imitwe y’intagondwa bakoranaga *Uyu mugabo warashwe agapfa yakoraga mu kigo Rwanda Education Board Tariki 24 Mutarama 2016 Police y’u Rwanda ivuga ko yarashe umugabo Muhamed Mugemangango agerageza gucika Police, uyu yashinjwaga gushakisha abasore bo kujya mu mutwe wa Islamic State iba muri Syria na Iraq, mu […]Irambuye

en_USEnglish