Month: <span>April 2015</span>

Mu myaka 3 ikibuga cya stade ya Gicumbi kizaba ari

Ikibuga cya stade ya Gicumbi kinubirwa cyane n’amaipe agikiniraho kubera uburyo kimeze nabi cyane, amakipe menshi akunze kuhatakariza amanota akitwaza ikibuga. Ikipe ya Gicumbi FC nayo ubwayo ngo amanota menshi iyavana hanze aho kuyavana iwayo kubera ikibuga kibi. Ubuyobozi bw’Akarere bwabwiye Umuseke ko iki kibuga kigiye gusanwa vuba kikaba terrain synthetique. Gicumbi FC ikinira kuri […]Irambuye

USA: The Ben yakiriwe na Amb Prof Mukantabana

Hari ku munsi w’ejo, ubwo yari arangije kuririmbira mu kiswe Oklahoma Creativity Forum iki kikaba ari igikorwa ngaruka mwaka kigamije guhuza no kwagura ubumenyi kw’isi hose mu rwego rwo gutegura urubyiruko rufite ubushake bwo gutuma Isi iba nziza muri iki kinyejana, umuhanzi The Ben yagejeje kuri Ambasaderi w’u Rwanda muri USA, Prof Mukantabana Mathilde impano […]Irambuye

Karongi: Koperative ikusanya amata yambuye aborozi Frw 2000 000

Koperative INKA IRARERA ikusanya amata yambuye aborozi 139 bo mu murenge wa Rubengera amafaranga agera kuri miliyoni ebyiri, abaturage bavuga ko uyu mwenda umaze imyaka ibiri nta gikorwa ngo bishyurwe. Aba baturage bavuga ko bari barumvikanye n‘iyi Koperative ko bazajya bayiha amata na yo ikabishyura ku kwezi, ariko ngo si ko byagenze. Abaturage bavuga ko […]Irambuye

Hemejwe Komisiyo idasanzwe yo kwiga ku bibazo byabajijwe Dr.Binagwaho

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Mata 2015, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho yakomeje gutanga ibisobanuro  ku bibazo binyuranye byagaragajwe n’Abadepite, nk’uko byagenze ku munsi w’ejo hashize ibisobanuro bye ntibyanyuze benshi mu bagize Inteko, banzura ko hashyirwaho Komisiyo idasanzwe izakurikirana ibyo bibazo. Dr Agnes Binagwaho ubwo yatangaga ibisobanuro ku wa kabiri, abadepite bavuze ko […]Irambuye

Karongi: Bahangayikishijwe n’inkangu ziterwa n’ibikorwa bya Mugambira

Mu karere ka Karongi mu murenge wa Bwishyura, Akagali ka Kiniha, mu Mudugudu wa Kibuye, abaturage baturiye ikibanza cy’umunyemari Mugambira Aphrodis baratakambira ubuyobozi ngo bubatabare kubera  ko  uyu  munyemari yabasenyeye inkuta z’inzu kandi ngo yatangiye imirimo ye yo kubaka ntacyo ababwiye ngo barebe uko birinda ko amazi yazabasenyera. Uwase Germaine  wasenyewe urukuta rw’inzu kubera imashini […]Irambuye

Icyunamo n’imihango yo kwibuka Jenoside bizabera ku rwego rw’umudugudu

*Nta jambo rizavugirwa muri Sitade Amahoro nk’uko byari bisanzwe *Kwibuka ku rwego rw’igihugu bizajya biba nyuma y’imyaka itanu *Nta nsanganyamatsiko yihariye yagenewe ibikorwa umuhango wo kwibuka *Ibibazo by’abarokotse bigenda bigabanuka ariko hari ibitakemuka umunsi umwe Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe 2015 mu cyumba cy’inama cya Minisiteri y’Umuco na Siporo, Minisitiri […]Irambuye

Ubwongereza: Bavumbuye imibiri y’abantu 1,300 mu butaka bwa Kaminuza ya

Kwiga ibyataburuwe mu matongo ni rimwe mu mashami y’amateka, afasha abahanga kumenya uko aba kera babagaho, ibyo baryaga, uko basenganga, uko bivuraga, ndetse n’uko barwanaga intambara. Muri iyi minsi abahanga bo mu Bwongereza bavumbuye imibiri y’abantu 1300 bari bashyinguye mu mva imwe. Muri aba  bantu bivugwa ko baba baraguye munsi  y’ubutaka bwa Kaminuza ya Cambridge ngo harimo […]Irambuye

Ese za e-recruitment, e- registration, zizafasha iki abanyarwanda badatunze ikoranabuhanga?

U Rwanda ni igihugu kiri gitera imbere kandi birakwiriye kuko sitwe  tuzasigara inyuma mu ikoranabuhanga, abandi barakataje. Kubera ikoranabuhanga riba iwabo, Abanyaburayi, abo muri Aziya, na Amerika bakora hafi buri kintu cyose bakoresheje ikoranabuhanga. Kuba mu Rwanda haherutse kuza ikoranabuhanga rya murandasi yihuta cyane ryitwa 4G LTE, ni kimwe mu bitanga ikizere ko natwe twazatera […]Irambuye

en_USEnglish