Month: <span>January 2015</span>

Umukobwa wa Whitney Houston bamusanze mu bwogero yahwereye

Bobbi Kristina Brown umukobwa w’icyamamare muri muzika nyakwigendera Whitney Houston kuri uyu wa gatandatu ku gasusuruko bamusanze mu bwogero bw’iwe muri Leta ya Georgia yahwereye nk’uko byatangajwe na WSB-TV.  Uyu mugore w’imyaka 21 umugabo we Nick Gordon niwe wamusanze mu bwogero yahwereye atabaza police, bamukorera ubutabazi bwo kumukangura maze bamwihutana ku bitaro. Mu myaka itatu […]Irambuye

APR FC na Police FC ku mukino wa nyuma w’irushanwa

31-Mutarama 2015 – Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo amakipe ya APR FC na Police niyo yabonye ticket yo kuzakina umukino wanyuma w’irushanwa rya ‘Prudence Tournement’ nyuma yo gutsinda amakipe ya AS Kigali na Rayon Sports. Police FC yasezereye Rayon Sports iyitsinze kuri za Penaliti 6 kuri 5 nyuma yo kugwa miswi. Rayon Sports niyo […]Irambuye

Iwawa: “Abacuruza ibiyobyabwenge ni nk’abakoze Jenoside” – Min Joe

Rubavu – Kuri uyu wa 31 Mutarama 2015,ababyeyi baje mu muhango wo gusoza amasomo ku rubyiruko rwajyanywe ku kirwa cy’Iwawa kubera gusarikwa n’ibiyobyabwenge bavuga ko abantu bakwirakwiza ibiyobyabwenge mu rubyiruko amategeko abahana akwiye gukomezwa akabahana bikomeye, Minisitiri w’umuco na Siporo Amb. Joseph Habineza we yagereranyije abacuruza ibiyobyabwenge n’abakoze Jenoside. Mu Ukwakira 2014 Minisitiri w’Ubutabera Johnston […]Irambuye

Karongi: Imihigo iri kuri 46% mu gihe hasigaye amezi 5

Ikigereranyo cyo guhigura imihigo (2014-2015) Akarere ka Karongi kahigiye imbere ya Perezida wa Republika igeze ku kigero cya 46% mu gihe hasigaye amazi atanu ngo bahigure. Umuyobozi w’Akarere w’agateganyo yemeye ko habayeho kudindira kuko bakabaye bari nko kuri 60%. Ku muganda wo kuri uyu wa gatandatu asaba abatuye aka akrere ubufatanye ngo bihutishe ibyo bahigiye. […]Irambuye

Bugesera: Abaturage basabwe kwita ku bishanga

Mu kiganiro Ministre w’umutungo kamere, Dr. Vincent BIRUTA yahaye abari baje kwifatanya mu muganda  wabereye mu Karere ka Bugesera ku nkombe z’ikiyaga cya Rweru, yavuze ko kubera ubuso b’ibishanga 867 biri mu Rwanda byihariye 10,6% bityo bikagira akamaro mu buzima bw’Abanyarwanda, abaturage ngo  ntibakwiye kubifata uko bishakiye. Ministre Biruta avuga ko uretse kuba ibishanga biri […]Irambuye

Muhanga: Bibutse umurage basigiwe na Nzambazamariya Veneranda

Mu muhango wo kwibuka ku  nshuro ya 15  Nzambazamariya  Véneranda,  Bajyanama Donatien, Umuyobozi w’umuryango    (Organisation Nzambazamariya Véneranda)  yavuze ko   gushyira mu bikorwa umurage w’ubuntu basigiwe na Nzambazamariya bigaragaza ko akiriho  n’ubwo  yitabye Imana. Iki gikorwa  cyo kwibuka Nzambazamariya cyabereye  mu karere ka Muhanga kuri uyu wa gatanu taliki ya 30 Mutarama 2015. Abafashe ijambo bose […]Irambuye

Ruhango: Rwiyemezamirimo arashinjwa kuriganya bagenzi be

UM– USEKE waganiriye  na bamwe mu bacuruzi b’inyama bakorera ku  ibagiro rya Ruhango, batubwira ko  batunguwe no kubona rwiyemezamirimo witwa Murengerantwari Jean Bosco yohereza imodoka saa  saba z’ijoro izanywe no kupakira impu  kandi nta masezerano yo kuzigura bagiranye nawe bityo bikabashobera. Aba bacuruzi b’inyama bakorera mu ibagiro rya Ruhango, bavuga ko bari basanzwe  bakorera akazi […]Irambuye

Kureka ibiyobyabwenge nabyo ni UBUTWARI-Min Habineza Joseph

Ubwo yari muri Kaminuza yigenga ya Kigali, ishami rya Gisenyi(ULK-Gisenyi)Min Habineza yabwiye urubyiruko ko kuba Intwari ari kimwe mu bigomba kubaranga kandi bakagira icyerekezo  n’umurongo ngenderwaho nk’urubyiruko rwifuza ejo hazaza heza. Yabibukije ko kuba Intwari bidashingiye ku kuba  wararasanye mu ntambara ahubwo bisaba kugira ubutwari bwo kwubaka igihugu. Yongeyeho ko  ubutwari butavukanwa ahubwo ari ibitekerezo […]Irambuye

Airport: Police yafashe umugore utwaye Cocaine ya miliyoni 85 avanye

Police y’u Rwanda yagaragaje ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Mutarama 2015 umugore wo muri Kenya yataye muri yombi kuri uyu wa gatanu ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali atwaye 2Kg za Cocaine y’agaciro ka miliyoni 85 z’amanyarwanda avanye muri Brazil yerekeza muri Kenya. We avuga ko atari azi ko atwaye ibi biyobyabwenge. Lovini […]Irambuye

Kicukiro: Ubuzima bw’abagore 1000 bugiye guhinduka kubw’imyuga barangije

Umugore niwe shingiro ry’umuryango n’iterambere muri rusange nk’uko byemezwa n’ikigo Women for Women International, iyi ngo niyo mpamvu bari guhugura mu myuga abagore batandukanye batagize amahirwe agana ishuri mu turere dutandukanye mu Rwanda. Kuri uyu wa 30 Mutarama 2015, muri Kicukiro abagore 1 000 bahawe impamyabushobozi ko basoje aya mahurgurwa bamazemo umwaka. Bavuga ko bizeye […]Irambuye

en_USEnglish