Month: <span>October 2014</span>

Social Mula nta gitaramo yifuza kuzongera gukora akoresha CD

Mugwaneza Lambert umuhanzi umaze kugaragaza imbaraga n’ubuhanga mu njyana ya Afrobeat uzwi nka Social Mula muri muzika, ngo agize amahirwe ntiyazongera kubona igitaramo bamubwira kuririmbira kuri CD ibyo bita ‘Playback’. Ibi abitangaje nyuma y’aho yari umwe mu bahanzi bitabiriye igitaramo cya ‘Explosion Concert’ cyari cyahurijwemo abahanzi bose bagiye banyura mu ntoki za Muyoboke Alexis nk’umujyanama […]Irambuye

Abatinganyi mu Rwanda ngo ikibazo bafite ni ITANGAZAMAKURU. Ikiganiro…

.Ngo ntibataye umuco ahubwo ababivuga ni abashaka kubapfukirana. .Ikibazo gikomeye ndetse kibashegeshe ngo ni itangazamakuru .Gutereta mugenzi wawe ntibyoroshye ndetse habamo ibyago kuko ngo bidasanzwe .Nubwo hari abavuga ko Leta itabemera ariko ubu hari Serivisi z’ubuzima bahabwa. .Batangiye gutumirwa mu nama z’urubyiruko,  baherutse gutumirwa na Never Again Rwanda Hagenimana Jean Claude w’Imyaka 25, avuga ko yatangiye […]Irambuye

Africa y’epfo: Oscar Pistorius bamukatiye igifungo cy’imyaka itanu

Umucamanza Thokozile Masipa amaze  gusoma ibyemezo byafashwe kuri buri cyaha cyaregwaga Oscar Pistorius harimo kwica umukunzi we Reeva Steenkamp amurashe, yafashe umwanzuro ko Oscar Pistorius ahanishwa gufungwa imyaka itanu. Ariko ngo ashobora kuzarekurwa nyuma y’amezi icumi gusa. Umucamanza Masipa yanze ibyasabwe n’ubwunganizi ko Oscar aramutse afunzwe byatuma ahungabana cyane, avuga ko gereza zo muri Africa y’epfo […]Irambuye

Muhanga: Umuyobozi wa 'Bureau social' arashinjwa gucunga nabi umutungo

Amakuru  Umuseke  ukesha bamwe mu bakozi  bakorera  iki kigo,  abagize inama y’ubutegetsi n’abahoze  bahakora kuri ubu birukanywe  mu buryo  butunguranye bo bavuga ko budasobanutse,  baravuga ko  amafaranga y’inkunga   asaga  miliyoni 600 z’amafaranga y’u Rwanda ariyo iki kigo gishobora kuba gihabwa,  nubwo avugwa  n’Ubuyobozi  ari  hafi kimwe cya kabiri cy’ayo. Ikigo mbonezamubano mu by’iterambere (Bureau Social […]Irambuye

Tanzania: Barakeka ko yishwe na Ebola kubera ibimenyetso, ubwoba ni

Urupfu rw’umwana w’umukobwa witwa Salome Richard w’imyaka 17 witabye Imana ari kuvurirwa ku bitaro by’Akarere ka Sengerema muri week end ishize rwateye ubwoba abantu kuko hari amakuru y’abavuga ko uyu mwana yishwe na Ebola kubera ibimenyetso yagaragaje. Ubwo uyu murwayi yitabaga Imana, ku bitaro habaye ubwoba budasanzwe abarwayi bamwe barahunga, abantu batangira kwanga kuramukanya bahana […]Irambuye

Rayon irakina nta ba myugariro bayo umwe wavunitse undi urwaye

Saa 15h30 kuri uyu wa 21 Ukwakira 2014 kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo Rayon Sports irakina n’Isonga FC, yanganyije umukino ubanza, Rayon iraba idafite ba myugariro bayo Faustin Usengimana ufite ikibazo cy’imvune na Tubane James urwaye amaso. Usengimana Faustin yavunikiye ku mukino ubanza wa shampiyona ikipe ya Rayon Sports yakinagamo n’ikipe y’Amagaju ahita anasimburwa […]Irambuye

“Kwanga guta umuco nibyo bibuza abakobwa kujya muri muzika”- Miss

Uwineza Josiane ni umwe mu bahanzikazi bagize uruhare runini mu iterambere rya muzika nyarwanda, yamenyekanye muri muzika nka Miss Jojo ubwo yashyiraga hanze zimwe mu ndirimbo nka ‘Mbwira, Respect’ ndetse n’izindi. Ku ruhande rwe nk’umuhanzikazi asanga impamvu umubare w’abakobwa ari muke muri muzika ari uko benshi bitinya ndetse bagatinya n’imiryango yabo uko yabafata. Gusa nanone […]Irambuye

Gasabo mu gihombo kinini harimo n’ideni abayobozi bafitiye Akarere

.Akarere ka Gasabo nako kituriye mu myanya y’inyuma .Gafite igihombo kinini harimo n’ideni Mayor afitiye Akarere .Gasabo ariko niho hakoreramo inzego nkuru z’ubutegetsi na Perezidansi Ubwo umugenzuzi w’Imari ya Leta yasuraga aka karere agenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari y’umwaka wa 2012-2013 yasanze Gasabo ifite igihombo kinini harimo n’amadeni abayobozi bayo bafitiye Akarere nk’uko byagaragajwe kuri uyu […]Irambuye

USA: Abana 2 bo mu Rwanda babujijwe kujya ku ishuri

Abana babiri bo mu ishuri ry’incuke babujijwe kujya mu ishuri rya Howard Yocum Elementary School riri muri Leta ya New Jersey muri America kuko baherutse kuva mu Rwanda. Ababyeyi barerera aha ngo batinye ko aba bana b’abanyarwanda bashobora kuba bafite Ebola bakaba bayanduza bagenzi babo bigana. Ebola nyamara iri mu birometero birenga 4 000 uvuye mu […]Irambuye

Administrative Assistant Travel and Procurement at American Embassy

American Embassy Kigali Mission Rwanda Vacancy Announcement No. 51-14 An Equal Opportunity Employer Open To: All interested candidates Position: Administrative Assistant Travel and Procurement Location: U.S. Embassy, Kigali Opening Date: October 16, 2014 Closing Date: October 30, 2014 Work Hours: Full time, 40 hours per week Basic Annual Salary: *Ordinarily Resident (OR) RWF 8,382,806 (FSN-7); […]Irambuye

en_USEnglish