Nizeyimana Odo umuraperi uzwi nka Khalfan ni umwe mu bahanzi bari mu itsinda rya Crew Home Boys ryashinzwe na Bulldogg umwe mu baraperi bakomeye cyane mu Rwanda. Uyu muraperi yahuye na Bulldogg bwa mbere muri studio yitwaga ‘Ingenzi’ ahagana muri 2012, nyuma gato Bulldogg aza no kumufata amujyana mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super […]Irambuye
Ku rutonde rw’ibihugu bizitabira irushanwa rya BIG BROTHER AFRICA hiyongereye u Rwanda, Rukundo Frank (Joe) na Nkusi Arthur nibo bazaserukira u Rwanda nk’uko bigaragazwa n’abategura iri rushanwa. Umuseke wari wamenye amakuru ko aba basore bombi bahagurutse i Kigali kuwa 23 Nzeri bagiye kugerageza amahirwe yo kwinjira muri iri rushanwa kuko ubwa mbere u Rwanda rwari […]Irambuye
Igipolisi cya Sudani y’epfo kiri gushakisha umushoferi w’ikamyo yagonze bus hagapfa abarenga 30. Nk’uko bitangazwa na Daily Monitor abenshi mu bapfuye ni Abagande. Igipolisi cya Sudani y’epfo kivuga ko iyi mpanuka yabereye hafi y’ahitwa Nesitu ku birometero 25 uvuye Juba ku muhanda wa Nimule. Iyi kamyo yahitanye bus yitwa Bakulu Bus ifite nomero ya UAS073P […]Irambuye
Agnes Mutoni yiga mu ishuri rya gisirikare ryigisha ibijyanye n’intambara zo mu kirere (U.S. Air Force Academy), ubu ari muri Cadet mu mwaka wa gatatu, yizeye guhindura byinshi mu gisirikare mu ngabo z’u Rwanda no gukangurira abakobwa benshi gutinyuka no kwitabira kugana mu ngabo. Mutoni avuga ko mbere atigeze atekereza cyane ku bijyanye no kwinjira […]Irambuye
Abakurikiye imihango ya Rwanda Day yaba abari i Atlanta cyangwa ababikurikiye kuri Televiziyo na Internet bibuka ko mu byasusurukije uyu muhango harimo igisigo gitangaje cy’abakobwa batatu batuye u Rwanda. Ni igisigo cyarimo amagambo akomeye yo gukunda igihugu, ubumwe bw’abagituye, umuco wacyo n’icyerekezo cy’u Rwanda. Aba basizi ni bande? Umuvugo wabo witwa “A New Rwanda”, wahimbwe […]Irambuye
[youtube url=”https://www.youtube.com/watch?v=7Mhsc9LNpx8″ width=”560″ height=”315″] Irambuye
[youtube url=”https://www.youtube.com/watch?v=V8Km2aNA5Xg&list=UUy4imtUaXm0_mmZ1wZFvFKA” width=”560″ height=”315″] Irambuye
Hashize igihe kinini abahanzi Safi wo mu itsinda rya Urban Boys na Butera Knowless batandukanye mu rukundo, nyuma yabwo bombi nta n’umwe wigeze yongera kugaragaza urukundo afitiye undi muntu ku mugaragaro, uretse Safi kuri uyu wa 29 Nzeri washyize ifoto y’umukobwa utazwi cyane, akandikaho ati “I think am in love”. Knowless, wakundanaga na Safi, yakunze […]Irambuye
Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda barimo King James, Riderman na Urban Boys, bagiye kwifashishwa mu bitaramo byo kuzenguruka Intara z’igihugu bashishikariza abanyarwanda gukunda igihingwa cy’ibishyimbo cy’ibishyimbo bikungahaye ku butare. Umushinga utegamiye kuri Leta wa Harvest Plus ufatanyije n’ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi “RAB”, wateguye ibitaramo bitanu bizabera mu turere twa Nyagatare, Nyanza, […]Irambuye
Mu muhango wo gusengera abashumba 12 b’itorero ry’ivugabutumwa ry’Inshuti mu Rwanda (Eglise Evangelique des Amis au Rwanda) wabereye mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kagarama, Umuyobozi mukuru w’iri torero mu Mujyi wa Kigali, Pasteur Bucyana Bernard yasabye abahawe inshingano nshya gushyira imbere inyungu z’abo bayobora, harimo no kubigishiga gukora no kwiteza imbere. Mu kiganiro […]Irambuye