Month: <span>August 2014</span>

Izina ribereye abatinganyi b’abagore ngo ni “Abakubanyi” – Ruremire

Ibishya mu Rwanda usanga inyito zabyo zigora benshi, ibibi n’ibyiza byose usanga bigira uko byitwa, nubwo abatinganyi basa n’abahozeho, abahuza ibitsina bose ari abagore ntibakunze kuvugwa, bituma n’ubu mu nyito bakubirwa hamwe n’ab’abagabo bose bakitwa abatinganyi abandi bati ni ibitinganyi. Umuhanzi Focus Ruremire we asanga ngo abagore bakora ibyo bakwiye kwitwa Abakubanyi. Kuri Ruremire, ngo […]Irambuye

Ireney Mercy yahurije mu ndirimbo 1 abahanzi 21 bakomeye mu

Safari Ireney Mercy umuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana, yahuje abahanzi bagera kuri 21 bakomeye mu Rwanda yaba abakora indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ndetse n’abandi bakora izisanzwe (Secular). Ni nyuma y’aho akoranye indirimbo n’umuhanzi The Ben ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bakayita “Yesu ntajya ahinduka” yaje gukundwa cyane bitewe n’ubutumwa yari ifite. Abahanzi bose bari […]Irambuye

Nasize mukoye njya mu butumwa bw’akazi nguratse nsanga aratwite

Bakunzi ba Umuseke, nkora akazi ko kurinda umutekano w’igihugu n’ubusugire bwacyo, mfite imyaka 28, ndacyari ingaragu, ariko nahemukiwe n’uwo nifuzaga kurwubakana na we nkeneye ko mumpa inama n’impanuro. Mu by’ukuri nakundanye n’umukobwa, igihe kirekire nta buryarya kandi na we nkabona ankunda cyane, nyuma twaje kwiyemeza kubana ndetse imigenzo y’ubukwe bwa Kinyarwanda ndayitangira. Ubwo twateganyaga kurushinga, […]Irambuye

Riderman arakomeza gukurikiranwa ari hanze

Riderman kuri uyu wa 31 Nyakanga yamaze amasaha agera kuri 11 mu maboko ya Polisi ku Kicukiro, ni nyuma y’impanuka bivugwa ko yari yateje ku muhanda ugana Remera ahitwa Rwandex. Yaraye arekuwe ku mugoroba wo kuri uwo munsi. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent (SP) Jean Marie Vianney Ndushabandi yabwiye Umuseke […]Irambuye

Umuhango wo kubyukurutsa INYAMBO mu Rukari. AMAFOTO

Nyanza – Mu kwizihiza umunsi w’Umuganura kuri uyu wa 31 Nyakanga, umuhango wo kubyukurutsa inka z’inyambo wabereye i Nyanza mu Rukari ku rugo rw’Umwami Mutara III Rudahigwa. Aha inka z’umwihariko mu mateka, zamuritswe, ziruhirwa, zirakamwa, abana banywa amata, abatahira bazivuga amazina biratinda. Mu muhango nyarwanda unogeye ijisho n’ugutwi. Inyambo zari inka zatoranyijwe, ku munsi w’Umuganura […]Irambuye

Ubuyobozi bw'ibigo byishya bishinzwe ingufu ngo bwiteguye gukosora amakosa EWSA

Mu muhango wo guhererekanya ububasha hagati y’ibigo bishya by’ubucuruzi “Rwanda Energy Group (REG)” na “Water and Sanitation Corporation (WSC)” n’ikigo cy’igihugu cyari gishinzwe amashanyarazi, amazi, isuku n’isukura “EWSA”  byasimbuye wabaye kuri uyu wa kane tariki 31 Nyakanga, ubuyobozi bw’ibigo bishya bwatangaje ko bwiteguye gukosora amakosa yakozwe n’ikigo basimbuye. Muri uyu muhango UMUHUMUZA Gisele, Perezida w’inama […]Irambuye

en_USEnglish