Month: <span>July 2014</span>

USA n’inshuti zayo birashinjwa akajagari kari mu Isi

Umunyamakuru Stephen Glover wandika asesengura politiki y’Isi arashinja igihugu cye cy’Ubwongereza n’ibindi bihugu byifatanyije by’i Burayi na USA ko ari bo nyirabayazana w’ibibazo bw’umutekano muke n’akajagari  birangwa mu bihugu byinshi by’Isi. Ashingiye ku bibera muri Libya na Irak, Stephen yandika ko ibyo abayobozi babo bibwiraga ko bagiye gukemura ibibazo muri biriya bihugu, harimo no gukuraho abanyagitugu, ntacyo […]Irambuye

Grace Mugabe ashobora gusimbura umugabo we

Habaye gutungurana muri Zimbabwe ubwo Grace Mugabe yagirwaga umuyobozi w’ishami ry’abagore ry’ishyaka ZANU-PF rya Robert Mugabe, byinjije uyu mugore mu bashobora gusimbura umukambwe Robert Mugabe ubu w’imyaka 90. Grace Mugabe w’imyaka 49 kwinjira mu itsinda ry’abafata imyanzuro mu ishyaka ZANU-PF byahise bituma yinjira mu nkundura iri muri Zimbabwe yo gusimbura Mugabe uri ku butegetsi kuva […]Irambuye

Abatoza b’abana bakina Rugby barishimira amahugurwa bahawe

Abatoza b’umukino wa Rugby 10 bo mu Mujyi wa Kigali bahawe amahugurwa y’iminsi ibiri yo ku rwego rw’abatoza b’abana bato muri gahunda yiswe “Get into Rugby”, kuri uyu wa gatatu nyuma yo kuyasoza batangaje ko abasigiye ubumenyi bwinshi buzabafasha gukundisha no gutoza abana bakiri bato b’Abanyarwanda. Shema Serge, umwe mu batoza b’abana b’umukino wa Ruguby […]Irambuye

“Icyo uzaba cyo muragendana ntabwo ugisiga”- Social Mula

Mugwaneza Lambert umwe mu bahanzi batatinze kuzamuka bitewe na zimwe mu ndirimbo yagiye akora zigakundwa uzwi muri muzika nka Social Mula, asanga ko icyo uzaba cyo utagisiga ahubwo mugendana aho waba uri ahariho hose. Imwe mu mpamvu yatumye uyu muhanzi atangaza aya magambo, ngo ni uko aho muzika igeze ubu bisaba gukoresha imbaraga nyinshi kugirango […]Irambuye

Abanduye SIDA nitwe dukwiye kugira uruhare mu kuyirwanya – Uwanduye

Kwandura agakoko gatera SIDA ntibivuze ko ubuzima buhagaze, gukurikiza inama zigenewe uwanduye, gufata imiti igabanya ubukana, kwigirira icyizere byose biherekejwe no gufata iyambere mu kuyirwanya ni bimwe mu byafasha uwanduye gukomeza gutwaza ubuzima kandi akaramba. Ni ibitangazwa na Euegene Rutagengwa udaterwa ipfunwe no kuvuga ko yanduye no kugira inama abameze nka we n’abatarandura kwirinda SIDA. […]Irambuye

Paul Kagame mu ba mbere barebwaho cyane kuri Wikipedia muri

Wikipedia urubuga nkusanyabumenyi rukora kuva mu 2001 ruri mu zisurwa cyane ubu ku Isi. Uru rubuga rukusanya ibitangwa n’abantu babishaka ku isi, rwatangaje urutonde rw’abayobozi b’ibihugu bya Africa bashakishwa cyane n’abakoresha Internet. Perezida Kagame ari ku mwanya wa munani. Aba bayobozi ba Africa ni abashakishijwe cyane kuri uru rubuga mu gihembwe cya mbere cya 2014. […]Irambuye

Umuhanzi Riderman yatawe muri yombi nyuma y’impanuka

Kicukiro – Kuri uyu wa kane mu gitondo ahitwa Rwandex ku muhanda wa Remera – Ville,  habereye impanuka aho imodoka zitwara abantu (bus) zagonganye n’ivatiri yari itwawe n’umuhanzi Riderman. Amakuru aravuga ko uyu muhanzi Riderman yaba yagize uruhare muri iyi mpanuka kubera gutwara yanyoye inzoga. Riderman uyu yahise atabwa muri yombi, nk’uko Mugemana Jean wari […]Irambuye

Barbara, umukobwa wa George W.Bush yasuye urwibutso rwa Gisozi

Barbara Pierce Bush umukobwa w’uwahoze ari  perezida w’America George W.Bush kuri uyu wa 30 Nyakanga ari kumwe na bamwe mu bagize ihuriro rya Global Health Corps basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi. Global Health Corps, Barbara yagize igitekerezo cyo gutangiza mu 2008 ni ihuriro rigendera ku magambo agira ati “Ubuzima n’ubuvuzi […]Irambuye

u Rwanda rurava ku buryo bwa 'Analogue' burundu UYU MUNSI

30 Nyakanga – Mu nama n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatatu yo gusobanura ku ihagarika burundu uburyo bwo gusakaza amashusho bwa “ Analogue”, ikigo Ngenzuramikorere mu Rwanda RURA cyatangaje ko ubu buryo bushaje buhagarikwa mu Rwanda kuva kuri uyu wa 31 Nyakanga. 73% by’abanyarwanda batunze insakazamashusho nibo ubu bamaze gutangira gukoresha uburyo bushya bwa “ Digital”. Kuva kuwa […]Irambuye

Michelle Obama yashimiye u Rwanda kuba urugero mu guteza imbere

Washington – Michelle Obama umugore wa Perezida Obama wa Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 30 Nyakanga yabonanye n’urubyiruko 500 rwa Africa ruriyo muri gahunda yatangijwe na Barack Obama ya YALI, mu ijambo yagejeje kuri uru rubyiruko yavuze ko ashimira cyane u Rwanda muri gahunda zo guteza imbere umugore, anasaba isi yose na […]Irambuye

en_USEnglish