Month: <span>March 2014</span>

Jay Polly avuga ko nta Ntara n’imwe adakunzwemo kurusha abandi

Tuyishime Joshua uzwi muri muzika nka Jay Polly,nyuma y’aho mu bitaramo bigeze kuri 2 by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star IV usanga ariwe ufite abakunzi benshi,atangaza ko nta Ntara abandi bahanzi bahanganye bashobora kuzamurusha abakunzi. Ibi abitangaje ubwo yari mu gitaramo giheruka cyabereye i Nyamagabe nyuma yo kuva i Rusizi naho byagaragaye ko afite […]Irambuye

2 Jobs Positions at OAA Ltd, Kigali, Rwanda – DEADLINE:

2 JOBS Positions at OAA Ltd, Kigali, Rwanda – DEADLINE: 02/04/2014 1. Basket Coordinator OAA Ltd is a Handicraft export company looking to hire a dependable and motivated candidate for the position of Basket coordinator. This role is focused on coordinating the logistics of our basket export business. Job Title: Basket Coordinator Job responsibilities: Managing […]Irambuye

CNLG irasaba Abaturarwanda kwirinda amagambo asesereza mu gihe cy’icyunamo

Remera, Kigali – Tariki 07 Mata haratangira icyumweru cyo kunamira ku ncuro ya 20 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi , Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurwanya Jenoside “CNLG” mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere  ubufatanye bw’Abaturarwanda bose mu bikorwa byo kwibuka, ndetse no kwirinda kuvuga amagambo asesereza abarokotse. Jean de Dieu Mucyo, umuyobozi wa CNLG yavuze ko CNLG yiteguye bihagije […]Irambuye

Uganda na Tanzaniya bigiye kujya bikoresha intwaro ziturutse mu Burusiya

Igihugu cy’Uburusiya cyatangaje ko  cyizeye ko ibihugu bya Uganda na Tanzania kimwe byinshi biri ku mugabane w’Afurika bigiye kuba isoko rishya ry’iki gihugu mu kugura  bigura ibikoresho bya gisirikare bikorwa n’Uburusiya. Nk’uko byatangajwe na Alexander Fomin umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri iki gihugu.   Yagize ati:”Hari icyo twatakaje ariko hari n’icyo twungutse.Twavumbuye isoko […]Irambuye

Korea y’Epfo n’iya Ruguru zarasanye

31 Werurwe – Kuri uyu wa mbere, Korea ya Ruguru mu kugerageza ibitwaro byayo irasa kure no hafi, yarashe ibisasu byaguye mu gace k’inyanja y’epfo ibihugu byombi bitavugaho rumwe kari ku ruhande rwa Korea y’Epfo ubu, ni mu gisa n’ubushotoranyi ku ruhande rwa Korea y’Epfo nk’uko yabyise. Ingabo za Korea y’Epfo zo ku mupaka wayo […]Irambuye

Knowless ati “Gushimira Safi mu bamfashije muri muzika nta kindi

Ku mugoroba wo ku itariki ya 28 Werurwe 2014 ubwo umuhanzikazi Butera Jeanne uzwi muri muzika nka Knowless yafataga ibihembo bigera kuri 4 muri Salax Award,mu mazina yashimiye harimo na Safi wahoze ari umukunzi we. Ibi byatumye abantu batangira kunuganuga ko nubwo batakiri kumwe ko hashobora kuba hari ikintu kikiri hagati y’aba bahanzi bombi bigeze […]Irambuye

INATEK Volleyball Club yatsinze Blue Tigers

Ikipe ya Volleyball y’Ishuri Rikuru rya Kibungo (INATEK) yatsinze Umubano Blue Tigers Volleyball Club amaseti 3-0 muri shampiyona y’igihugu yakinwaga ku munsi wa gatanu mu bagabo kuri iki cyumweru. INATEK yatsinze Blue Tigers’  iseti ya mbere n’amanota 25-19, iya kabiri 25-15, n’iya gatatu ku manota 25-22. Irusha bigaragara Blue Tigers. Umutoza  wa  INATEK  Ntawangundi  Dominic  […]Irambuye

CPGL : Abaminisitiri basabye ko Ruzizi II ivugururwa hakubakwa na

Inama idasanzwe ya 19 yahuje umuryango mpuzamahanga w’amashanyarazi mu karere k’ibiyaga bigari (Sinelac), mu mujyi wa Bukavu mu mpera z’icyumweru gishize, yasabye ko hakubakwa urugomero rwa Ruzizi III kandi urusanzweho, Ruzizi II rukavugururwa. Ruzizi II ni urugomero rutanga ingufu z’amashanyarazi mu bihugu bya CPGL aribyo u Rwanda, Uburundi na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, aho […]Irambuye

en_USEnglish