Month: <span>February 2014</span>

APR yatakaje umwanya wa mbere nyuma yo kunganya na AS

Shampiyona y’u Rwanda Turbo King National Football League ku munsi wa 16 yakomezaga, kuri Stade ya Kigali rwari rwambikanye hagati y’ikipe ya AS Kigali yari yakiriye APR FC amakipe yose umukino warangiye aguye miswi ubusa ku busa. Ikipe ya APR FC yari yakinnye idafite myugariro wabo Emery Bayisenge.  Rusheshangoga Michel witwaye neza mu b’inyuma kuko […]Irambuye

Rayon bitoroshye yivanye imbere ya Muhanga. Ubu iri imbere

Rayon Sports kuri uyu munsi w’Intwari yari yasuye ikipe ya AS Muhanga kuri stade yayo, yasanze iyi kipe yakaniye cyane kudatakaza uyu mukino n’ubwo waje kurangira Rayon iwutsinze ku bitego bine kuri bibiri bya Muhanga. Mu mukino utoroshye wuje ishyaka kandi wahuruje benshi, ikipe ya Muhanga niyo yabanje gutsinda igitego cya mbere ku munota wa […]Irambuye

Jenerali Rwarakabije yatanze ubuhamya ku byo yabonye

Mu muhango wo kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Intwari muri gereza ya Muhanga kuri uyu wa mbere Gashyantare Komiseri mukuru w’urwego rushinzwe abagororwa n’imfungwa Jenerali Paul Rwarakabije yavuze uko akiri mu mashyamba ya Kongo yajyaga yakira ibaruwa nyinshi  zavaga mu Rwanda zimusaba ko yakomeza urugamba   kugirango abohore abanyarwanda bafunzwe. Mu kiganiro kijyanye n’uyu munsi Jenerali Rwarakabije yagarutse […]Irambuye

Louis Aragones yitabye Imana

Umutoza ukomeye wahesheje igikombe cy’ibihugu by’Iburayi( EURO 2008) igihugu cya Espagne witwa Louis Aragones yitabye Imana azize uburwayi bukomeye yari amaranye igihe.  Uyu mugabo watuvuyemo afite imyaka 79 azahora yibukwa n’abakunzi b’umupira w’amaguru bo ku Isi ndetse no muri Espagne by’umwihariko kubera ubuhanga yerekanye ubwo yatumaga ikipe yatozaga itsinda yikurikiranya mu marushanwa mpuzamahanga ku ncuro […]Irambuye

AIRTEL yashyize ku isoko telephone y’akataraboneka yiswe Nyampinga

Mu muhango wari uhagarariwe na Nyampinga Aurore Mutesi Kayibanda wabereye I Rubavu Airtel yamurikiye abantu Telepone ijyanye n’igihe yiswe Nyampinga ishobora kubikwamo ibintu byinshi. Muri uyu muhango kandi hari na Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga, Philbert Nsengimana. Iyi Telephone ijyamo SIM ebyiri, ikaba ifite Radio, ifotora amafoto akeye cyane  kandi inogeye ijisho. Nyampinga niyo Telephone ya mbere ihendutse […]Irambuye

en_USEnglish